Abaturage bo mu gihugu cy’u Burundi ahitwa Kinama barakaye cyane ndetse bashaka kwica abagabo 2 nyuma yo kubafata bagurisha inyama z’imbwa babeshya ko ari inyama...
Mu murenge wa Masaka wo mu karere ka Kicukiro, inzego z’umutekano zarashe abagabo babiri bikekwa ko ari abajura.
Ibi bibaye nyuma y’iminsi mike muri aka gace havugwa abantu bataramenyekana...
Abantu batandatu bo mu turere twa Huye, Nyanza, Muhanga na Ruhango, bariwe n’imbwa zizerera ku gasozi zirabakomeretsa ndetse zinica ihene ebyiri.
Kuwa Gatandatu, tariki ya 22 Mata, mu Kagari ka...
Umukandida w’Umuryango, FPR Inkotanyi, Paul Kagame yatangiye kwiyamamariza kuyobora u Rwanda mu turere twa Ruhango na Nyanza kuri uyu wa 14 Nyakanga 2017.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 14...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 15 Nyakanga 2017, ni umunsi wa kabiri wo kwiyamamaza ku bakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda mu matora ateganyijwe muri Kanama.
Umukandida...
Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Mpayimana Philippe yatangaje imbogamizi ebyiri yahuye nazo mu gikorwa arimo cyo kwiyamamariza kuyobora u Rwanda avuga ko imwe muri zo yamaze...
Impanuka ebyiri zitandukanye zo mu birombe bicukurwamo amabuye y’ agaciro zabereye mu turere twa Muhanga na Ruhango zahitanye abantu 13 mu cyumweru kimwe
Ingingo ya 438 y’igitabo cy’amategeko...
Polisi y’ u Rwanda ikorera mu ntara y’ amagepfo yatangaje ko yamaze guta muri yombi abantu barindwi bakekwaho kwica umukozi wa banki ya Kigali ishami rya Buhanda mu karere ka Ruhango bakaniba...
Umushumba mukuru w’ itorero Redeemed gospel church Bishop Innocent Rugagi yavuze ko wa musaza wiyise se atari se kuko ise yapfuye mu 1987.
Mu mpera za Gicurasi 2017, hari umusaza wagiye mu...
Umushumba mukuru wa Redeemed Gospel Church yavuze uburyo hari abantu bagushijwe nuko bumvise avuga ko ashaka kugura indege, abibutsa ko mu kwizera ntakidashoboka kandi ko mu gihe umuntu akiri...
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 16 yabaye kuva tariki ya 13 kugeza ku ya 14 Ukuboza 2018, yafatiwemo imyanzuro 10. Mu rwego rwo kuyishyira mu bikorwa, iyi myanzuro yagabanyijwemo ibikorwa...
Umugabo witwa Jacques Nzeyimana wo mu mudugudu wa Giramahoro mu kagari ka Bukinanyana, mu Murenge wa Cyuve mu karere ka Musanze yasanze abantu bataramenyekana batemye insina ze barandura...
Abagizi ba nabi bataramenyekana batemye ibitoki by’uwitwa Dany Uwihoreye utuye mu Mudugudu wa Kintama, Akagari ka Kigusa, Umurenge wa Nyarubaka mu Karere ka Kamonyi warokotse Jenoside yakorewe...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Mata 2020,abantu bataramenyekana biraye mu ishyamba ry’uwitwa Iyakaremye Pascal warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994,barandura...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 27 Mata 2021, Minisiteri y’Ubuzima yihanganishije umuryango w’umugabo w’imyaka 69 ukomoka mu Karere ka Huye ubaye uwa 331 witabye Imana azize icyorezo cya...
Amafaranga 300 niyo yabaye intandaro yatumye umunyerondo yica mugenzi we bari kumwe amukubise inkoni mu mutwe,ajyanwa mu bitaro bya kibagabaga ari naho yaje kugwa mu rukerera rwo kuri uyu wa...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwihanangirije abafite za shene za ku rubuga nkoranyambaga rwa YouTube bitwikira umwambaro w’ubuvugizi bagakoresha abafite ubumuga bwo mu mutwe mu nyungu...