Umushumba mukuru wa Redeemed Gospel Church yavuze uburyo hari abantu bagushijwe nuko bumvise avuga ko ashaka kugura indege, abibutsa ko mu kwizera ntakidashoboka kandi ko mu gihe umuntu akiri...
Umushumba mukuru w’ itorero Redeemed gospel church Bishop Innocent Rugagi yavuze ko wa musaza wiyise se atari se kuko ise yapfuye mu 1987.
Mu mpera za Gicurasi 2017, hari umusaza wagiye mu...
Polisi y’ u Rwanda ikorera mu ntara y’ amagepfo yatangaje ko yamaze guta muri yombi abantu barindwi bakekwaho kwica umukozi wa banki ya Kigali ishami rya Buhanda mu karere ka Ruhango bakaniba...
Impanuka ebyiri zitandukanye zo mu birombe bicukurwamo amabuye y’ agaciro zabereye mu turere twa Muhanga na Ruhango zahitanye abantu 13 mu cyumweru kimwe
Ingingo ya 438 y’igitabo cy’amategeko...
Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Mpayimana Philippe yatangaje imbogamizi ebyiri yahuye nazo mu gikorwa arimo cyo kwiyamamariza kuyobora u Rwanda avuga ko imwe muri zo yamaze...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 15 Nyakanga 2017, ni umunsi wa kabiri wo kwiyamamaza ku bakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda mu matora ateganyijwe muri Kanama.
Umukandida...
Umukandida w’Umuryango, FPR Inkotanyi, Paul Kagame yatangiye kwiyamamariza kuyobora u Rwanda mu turere twa Ruhango na Nyanza kuri uyu wa 14 Nyakanga 2017.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 14...
Abantu batandatu bo mu turere twa Huye, Nyanza, Muhanga na Ruhango, bariwe n’imbwa zizerera ku gasozi zirabakomeretsa ndetse zinica ihene ebyiri.
Kuwa Gatandatu, tariki ya 22 Mata, mu Kagari ka...
Imikino ya nyuma y’amarushanwa y’Umurenge Kagame Cup izakinwa mu mpera z’iki cyumweru kuva tariki ya 4-5 Gicurasi 2024 ku bibuga byo mu Karere ka Rubavu mu gihe Akarere ka Musanze kazakira imikino...
Bamwe mu babyeyi bo mu Murenge wa Mushubati ,bahoze basengera mu itorero ry’abadivantisiti b’umunsi wa karindwi,bakaza kuryigumuraho kubera imyemerere yabo, bakitwa ‘Abarakare’,kuri ubu bakuye abana...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bwo mu kirere, METEO Rwanda, cyateguje ko uku kwezi kwa Kanama kuzarangwa n’umuyaga mwinshi mu bice bimwe na bimwe ndetse n’imvura...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 2023, nibwo abarimu 4 bo mu kigo cya Sainte Trinité de Nyanza bafatiye mu cyuho bari gukuramo inda umunyeshuri bigishaga.,
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha...
Ikipe ya APR Volleyball Club mu bagabo na Police Women Volleyball Club mu bagore, ni zo zegukanye igikombe cy’irushanwa ryo Kwibohora ku nshuro ya 29, Liberation Cup...
Nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports yegukanye igikombe cy’Amahoro itsinze APR FC 1-0 , abakunzi bayo ndetse n’abakinnyi bakomeje kwishimira iyi tsinzi mu buryo budasanzwe aho uri gusanga benshi mu...
Kuri iki cyumweru taliki 07/5/2023 guhera saa tatu za mu gitondo ku Mayaga i Kibilizi cya Matara (Muri Nyanza) ahitwa ku Ibambiro ahari urusengero rwa ADEPR tuzibuka ku nshuro ya 29 Abagore...