Umugabo witwa Karumuna Fulgence wo mu Karere ka Ruhango yishe umugore we amutemesheje umuhoro, akuraho umutwe na we ahita yimanika mu mugozi arapfa anasiga yanditse urwandiko rugaragaza ko...
Polisi ikorera mu ntara y’amajyepfo yavuze ko yataye muri yombi umugore wagaragaye mu minsi mike asaba amafaranga bamwe mu baturage bafite abantu bafunzwe avuga ko yatumwe n’umuyobozi wa polisi mu...
Umwana w’imyaka 5 wo mu kagari ka Nyamagana mu murenge wa Ruhango wo mu karere ka Ruhango,umwana w’imyaka 15 witwa Ndayisenga Yvan yanyoye ibinini byica imbeba biramuhitamo nkuko amakuru...
Umugabo witwaga Rugara na Kazunguwo mu kagari ka Gataka mu murenge wa Ruhango mu karere ka Ruhango yapfuye urupfu rutunguranye ubwo yari ari kugenda mu nzira aragwa ahita apfa
Gusa bamwe mu...
Akarere ka Ruhango katangaje ko kabwiye abatuye Umugugudu wa Ryakabungo , uherereye mu kagari ka Nyabibugu , umurenge wa Mwendo,ko batemerewe kwishyiriraho amategeko kandi uwihanira akurikiranwa...
Abantu batatu mu rugo rumwe barimo umwana, umugore n’umukecuru bari batuye mu murenge wa Ntongwe, mu Karere ka Ruhango, bitabye Imana mu buryo bw’amayobera kandi butunguranye kuko nta ndwara bari...
Akarere ka Ruhango mu Ntara y’Amajyepfo, katangiye gushakisha abandi bakozi basimbura Abanyamahanga Nshingwabikorwa b’utugari n’mirenge bagera kuri 30 birukanywe.
Ku mugoroba wo kuwa Kabiri tariki...
Mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 24 Ukwakira 2017, Abitwaje intwaro bataramenyekana bateye ishami rya Banki ya Kigali ryo ku Buhanda muri Ruhango bica umuntu umwe, abandi batatu...
Akarere ka Ruhango ubu kayobowe by’ agateganyo na Nkurunziza Jean Marie washyizweho na Njyanama yako nyuma y’ uko komite nyobozi yegujwe kuri uyu wa Gatatu tariki 7 Werurwe 2018.
Abo njyanama...
Umugabo wo mu Murenge wa Mwendo mu Karere ka Ruhango yatawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, akurikiranyweho icyaha akekwaho cyo kwica mugenzi we amukubise ‘tablette’ mu mutwe amuziza ko...
kuri uyu wa Kabiri tariki 23 Kanama 2022 ahagana saa Moya , umupolisi witwa Mukeshimana Claudine yatezwe n’abagizi ba nabi ubwo yari mu nzira atashye yambaye imyenda isanzwe ya...
Umukecuru wo mu murenge wa Kabagari wo mu karere ka Ruhango,yasanzwe yapfuye ubwo yari atashye mu rugo avuye gufata amafaranga mu Kimina.
Amakuru avuga ko nyuma y’iminota mike avuye gufata aya...
Umugabo witwa Nteziryayo Callixte utuye mu Mudugudu wa Butare II, Akagari ka Nyamagana Umurenge wa Ruhango yatemwe mu mutwe na Sebukwe ubwo yajyaga gucyura umugore we wari warahukanye.
Ahageze...
Mu murenge wa Kinazi w’ Akarere ka Ruhango amabandi yahengereye abantu basinziriye acukura butike ya Eduard Mutarambirwa, uzwi ku izina rya Musirikare, yiba ibikoresho birimo amakaziya, umunyu,...
Abantu batatu bari baheze mu kirombe mu karere ka Ruhango, umurenge wa Byimana mu kagari ka Mpanga babonetse nyuma iminsi itatu umwe yapfuye.
Ku isaha ya yine kuri uyu wa Gatatu tariki 11...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Mutarama , abantu 6 baterewe muri yombi mu ubwo bari mu bikorwa byo kwangiza ishyamba rya Leta riherereye mu midugudu ya Kinama na Gitanga yo mu kagari ka...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 19/9/2019 guhera saa cyenda z’amanywa (15h00) azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa ya Kantwaza Gaudence...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 20/9/2019 guhera saa yine za mu gitondo (10h00) azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa ya Kubwimana Isaac...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 03/10/2019 guhera saa cyenda z’amanywa (15h00) azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa ya Kantwaza Gaudence...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa mbere taliki 04/10/2019 guhera saa yine za mu gitondo (10h00) azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa ya Kubwimana Isaac...
Kubwimana Charles, umuturage wo mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Ruhango yemeza ko inkoni yakubitiwe Iwawa zatumye urutugu rufatana n’ ijosi kugeza mu mezi make ashize ubwo yatangiye kuvuzwa...
Kuri uyu wa 16 Kanama 2021 ahagana saa tatu z’ijoro mu murenge wa Mbuye,mu karere ka Ruhango umugabo witwa Dushime yatashye mu rugo rwe asanga umugabo witwa Ubarijoro ari kumusambanyiriza umugore...
Mu murenge wa Byimana hari umukobwa wabuze epfo na ruguru nyuma yo guterwa inda n’umugabo wa nyina. Byaramugoye kubivuga yanga kwirukanwa na nyirurugo no kwiteranya na nyina; birangira...
Mu mudugudu wa Munini mu kagari ka Buhanda mu murenge wa Bweramana wo mu karere ka Ruhango,umusore arashinjwa gusambanya inka ndetse na nyirayo yemeje ko yamuguye gitumo
Bamwe mu baturage...