Umwarimukazi wo ku ishuri ribanza ry’Umucyo (EP Umucyo) riherereye mu Murenge wa Mushonyi,Akagari ka Rurara mu mudugudu wa Gisunzu mu Karere ka Rutsiro ,yakubiswe n’umunyeshuri wiga mu mwaka wa...
Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryafashe icyemezo cyo gusubika umukino w’umunsi wa mbere wo guhatanira igikombe cya Shampiyona wari guhuza Marines FC na Rutsiro FC kuri Stade...
Uyu munsi amakipe akomeye mu Rwanda yakomeje imikino ya gicuti yo kwitegura shampiyona,aho APR FC yatsinze igitego 1-0 Rutsiro FC mu gihe Police FC yatsinze ibitego 4-2 Kiyovu Sports itari...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha(RIB), rukurikiranye umugabo witwa Rwamiye Anastase wo mu Murenge wa Rusebeya muri Rutsiro ukekwaho kwica umugore we witwa Everiane Umazekabiri na Ntakamarishavu...
Umugenzuzi w’imari ya Leta mu karere ka Rutsiro, mu ntara y’Iburengerazuba, Bizimungu Jean Damascene, yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyo kwakira ruswa y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni...
Abana biga mu Ishuri ribanza rya Rundoyi mu murenge wa Ruhango akarere ka Rutsiro Akagari ka Rundoyi ryigaho abana 905 rifite ibyumba bishaje cyane bikaba imbogamizi ku myigire y’abana ndetse...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 28 Kanama nibwo Minisitiri w’Intebe yasheshe ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro nyuma y’uko buteshutse ku nshingano zabwo, ahita agena Prosper Mulindwa nk’Umuyobozi...
Hafashimana Jean bosco uyobora umudugudu wa Runaba ,Akagali ka Haniro Umurenge wa Manihira mu karere ka Rutsiro, niwe ufunze azira kwaka ruswa y’amafranga igihumbi y’u...
Mu mukino wa nyuma w’umunsi wa 13 wa Shampiyona y’icyiciro cya Mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda 2022-23, APR FC yatsinze Rutsiro FC itera intambwe yegera imbere muri shampiyona.
APR FC yari...
kuri uyu wa 15 Kanama 2022 Umusore w’imyaka 17 wo mu karere ka Rutsiro yatawe muri yombi nyuma yo gufatirwa mu cyuho arimo gusambanya intama y’umuturanyi aho yari iziritse mu...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 3 Gicurasi 2022, Ubuyobozi Ubuyobozi bw’Umurenge wa Boneza mu Karere ka Rutsiro bwatangaje ko habaye impanuka y’ubwato bwari butwaye abantu 33 mu Kiyaga cya Kivu, muri...
Ikipe ya APR FC yatsinze Rutsiro FC yongera kotsa igitutu Kiyovu Sports iri ku mwanya wa mbere iyirusha amanota 2 ku rutonde rw’agateganyo rwa shampiyona.
APR FC yatsinze Rutsiro FC igitego 1-0...
Abakozi babiri bashinzwe umutekano ku Bitaro bya Murunda batawe muri yombi bashinjwa kugira uruhare mu rupfu rw’umukobwa wo mu Karere ka Rutsiro wasanzwe mu gihuru yapfuye mu buryo...
Polisi ikorera mu Karere ka Rutsiro yafashe uwitwa Muhoza Esperance w’imyaka 31 acyekwaho gukwirakwiza urumogi mu gihugu. Yafashwe kuri uyu wa mbere tariki ya 10 Mutarama, afatirwa mu Murenge wa...
Hagumirema Déogratias wo mu Kagari ka Nkora, Umurenge wa Kigeyo mu Karere ka Rutsiro, aratabariza umwana we umaze imyaka 12 afashwe n’indwara idasanzwe, aho bagerageje kumuvuza ubushobozi bwabo...
Umugabo witwa Basabose David ukomoka mu karerea ka Rutsiro wamugajwe n’umubyeyi we (Papa we) bapfa amasambu. Kuri ubu hashize imyaka isaga 15, uyu mugabo yaramugaye kuko amaguru ye yose...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwafunze abayobozi 4 b’inzego z’ibanze bo mu Murenge wa Nyabirasi mu Karere ka Rutsiro bakurikiranweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa umukobwa w’imyaka 20...
Kuri uyu wa Kane taliki ya 13 Gashyantare 2020, nibwo Minisiteri y’ikoranabuhanga na Inovasiyo [MINICT] hamwe n’abafatanyabikorwa batandukanye batanze telefoni 1000 zigezweho[smartphones] ku...
Imodoka yari ivuye ahitwa Gisiza ifite umuvuduko ukabije yakoze impanuka ikomeye igeze mu murenge wa Gihango mu karere ka Rutsiro abantu babiri bacika amaboko abandi barakomereke nyuma yo kwikuba...
Aborozi b’ ihene mu murenge wa Musasa mu karere Rutsiro mu ntara y’ Iburengerazuba borora aya matungo bayambitse ibice by’ utugerekani ku minwa mu rwego rwo kwirinda amakimbirane no gucibwa...