Mu Murenge wa Nyakariro mu Karere ka Rwamagana, inzego z’ubutabera zataye muri yombi umugabo wiyemerera ko mu gihe cy’umwaka umwe amaze gusambanya abana b’abahungu 20. Uyu mugabo kandi yari amaze...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ruherutse gutangaza ko rwafunze umupadiri mukuru wa paruwasi ya Rwamagana witwa Ingabire Jean Marie Théophile nyuma y’uko afatanwe amafaranga menshi buvuga ko yibwe...
Umugore n’umugabo bo mu Mudugudu wa Rujambara mu Kagari ka Nyabisindu mu Murenge wa Musha mu Karere ka Rwamagana, batawe muri yombi bazira gukorera urugomo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari...
Polisi ikorera mu Karere ka Rwamagana kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Gashyantare yafashe abantu barindwi bacyekwaho kuba mu itsinda ry’abibaga abaturage mu Karere ka Rwamagana. Bafatanwe bimwe mu...
Ku wa Gatandatu taliki ya 2 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Rwamagana yafashe abantu babiri bakurikiranyweho ubujura bwa mudasobwa zigera kuri 26 zibwe ku Rwunge rw’Amashuri rwa...
Mu Karere ka Rwamagana abagabo babiri bafatanywe ibihumbi 45Rwf y’amiganano bitewe nuko umwe yishyuye inoti ya 5000 mu kabari bikagaragara ko ari amiganano birangira avuze uwayamuhaye bose...
Inzego ndetse n’abaturage mu Murenge wa Gishari mu Karere ka Rwamagana, bari gushakisha ukekwaho kwica umwana wari ugiye kuvoma na bagenzi be, agatemwa n’umuntu utaramenyekana, agatwara umutwe...
Umutoza wa Ramagana FC , Ruremesha Emmanuel yavuze ko bigoye kujya imbere y’abakinnyi bashonje ukabasaba intsinzi,ariko bakoze ibishoboka byose bagatsinda ikipe ya Rutsiro FC.
Kuri uyu wa Gatanu...
Ku wa 28 Ukwakira 2023, mu karere ka Rwamagana mu murenge wa Muyumbu mu kagari ka Murehe, umudugudu wa Kajororo, nyuma y’amakuru yavuye mu baturage ku bufatanye n’inzego za RDF, irondo n’abaturage...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 17 Kamena nibwo hamaze kumenyekana amakipe 2 agomba kuzamuka mu cyiciro cya mbere gusimbura Pepieres Fc na Kiyovu Sports zamaze kumanuka mu cyiciro cya kabiri....
Nubwo umukuru w’Igihugu Paul Kagame agaragara arinzwe ntibibuza abaturanyi be kugera iwe kandi bisanzuye mu mahoro.Umugore utuye ku rugabano rw’akarere ka Rwamagana na Kayonza ndetse n’umugabo...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rwamagana ku itariki ya 14 Gashyantare, yafatanye abagabo babiri amapaki 900 y’amasashi ya Pulasitiki atemewe gukoreshwa mu Rwanda mu bikorwa binyuranye...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana buravuga ko bwabaye buhagaritse by’agateganyo Mfitumukiza Samuel, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Nkungu mu Murenge wa Munyaga, kugira ngo hakorwe...
Rwamagana City FC yongeye kuzamuka mu Cyiciro cya Mbere yaherukagamo mu 2016, nyuma y’uko yatsinze Interforce FC ibitego 2-1 mu mukino wa 1/2 wo kwishyura,bisanga 2-0 yari yatsinze mu mukino...
Polisi y’u Rwanda, mu Karere ka Rwamagana, ku wa Gatanu taliki ya 7 Ukwakira, yafashe uwitwa Gashema Tumani w’imyaka 49 y’amavuko, ukurikiranyweho kugerageza guha Ruswa umupolisi ingana n’amafaranga...
Uwari umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Bihembe gaherereye mu Murenge wa Nyakariro mu Karere ka Rwamagana, yandikiye Umuyobozi w’Akarere amumenyesha ko yasezeye ku kazi ku mpamvu ze bwite,...
Mu mujyi wa Kigali mu muhanda munini Kigali-Rwamagana kuri uyu wa kabiri tariki 26 Nzeri 2023 habereye impanuka y’ikamyo ahitwa Bambino mu kagali ka Nyagahinga umurenge wa Rusororo, mu karere ka...
Mukundente, umusore ukinira Karongi Cycling Club muri Shampiyona yo gusiganwa ku magara, yakoze impanuka ikomeye ahita ajyanwa kwa muganga nyuma yo kugongana n’imodoka.
Iyi mpanuka yabereye i...
Umugabo witwa Munyarukumbuzi Emmanuel w’ imyaka 44 wo mu karere ka Rwamagana mu murenge wa Rubona aravugwaho kwica aroshye abana be babiri mu Ruzi rw’ Akagera.
Amakuru Umuryango wamenye aravugwa...
Abaturage bakoze imirimo y’ubwubatsi ku biro bishya by’umurenge wa Munyiginya mu karere ka Rwamagana, baravuga ko bamaze amezi atandatu bambuwe amafaranga bakoreye dore ko ngo na Rwiyemezamirimo...
Ikipe ya APR FC yatangiye neza inzira yo kwiyunga n’abakunzi bayo ba batishimye,kuko banze kuza kuyishyigikira kuri uyu wa Gatatu, mu mukino ubanza wa 1/16 cy’igikombe cy’Amahoro yatsinzemo...