skol
Kigali

Search: Rwamagana (629)

Amakipe 21 niyo azahagararira u Rwanda muri FEASSA

Kuri uyu wa gatatu taliki ya 16 Kanama 2017 nibwo amakipe 21 yerekeza muri Uganda ahazabera imikino y’akarere ahuza ibigo by’amashuli azwi nka FEASSA amarushanwa agiye kuba ku nshuro ya 17 aho...
16 August 2017 290 0

Mpayimana yavuze ko natorwa azaha Abanyarwanda ubwato bujyana ibicuruzwa mu mahanga

Umukandida wigenga Mpayimana Philippe wiyamamariza kuyobora u Rwanda yasezeranyije Abanyarwanda ko nibamutora u Rwanda ruzagira ubwato buriho idarapo ry’ u Rwanda bujyana ibicuruzwa mu mahanga....
27 July 2017 2008 0

Sunrise yabonye umutoza mushya

Gatera Alphonse wari umaze iminsi atoza ikipe ya Rwamagana City mu cyiciro cya kabiri yamaze kumvikana na Sunrise kuyitoza aho aje asimbura Cassa Mbungo Andre. Amakuru yo gusinyisha uyu mutoza...
27 July 2017 256 0

Paul Kagame yijeje abanyakirehe imihanda

Kuri iki cyumweru tariki ya 23 Nyakanga 2017, mu Murenge wa Kirehe mu Kagari ka Nyabikokora niho ibikorwa by’umunsi byatangiriye aho Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame ava yerekeza mu...
23 July 2017 348 0

P.Kagame asoje ibikorwa byo kwiyamamaza muri Kayonza aho afite urugo ati “FPR irakomeye”

Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame asoje urugendo rwo kwiyamamaza mu karere ka Kayonza aho afite urugo, mu ijambo rye yakomeje kwitsa cyane ku bufatanye bukwiye kuranga abatuye Kayonza,...
22 July 2017 1983 0

Ngoma: DASSO basabye kurangwa n’imyitwarire izira amakemwa

Abagize Urwego rwunganira uturere mu gucumga umutekano (District Security Support Organ - DASSO) bakorera mu karere ka Ngoma basabwe kurangwa n’imyitwarire izira amakemwa kugira ngo basohoze...
18 July 2017 142 0

Mama Catherine Nduwamariya washinze umuryango w’ababikira wita ku bana b’imfubyi n’abafite ubumuga yitabye...

Mama Catherine Nduwamariya, Umubikira w’Umusomusiyo washinze umuryango ushingiye ku idini Gatolika witwa “ Inshuti z’abakene” , uzwi mu Rwanda ku bikorwa byo kwita ku mfubyi n’abafite ubumuga ahantu...
5 July 2017 2244 0

Hatangijwe Icyumweru cyahariwe abantu bafite ubumuga

Mu rwego rwo gutegura umunsi Mpuzamahanga w’Abantu bafite ubumuga uzizihizwa ku ya 3 Ukuboza,2016 ,kuri uyu wa Gatandatu tariki 26 Ugushyingo,2016 , nibwo mu Rwanda hatangijwe ku mugaragaro...
27 November 2016 250 0

Nyarugenge: Abagabo babiri n’ abagore batatu bafatanywe ikiyobyabwenge cya "Heroine"

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyarugenge yafashe abagabo babiri n’abagore batatu bakekwaho gucuruza ikiyobyabwenge cya Heroine. Abafashwe ni Nikuze Chantal w’imyaka 26 wafatanywe...
3 December 2016 518 0

Perezida Kagame yongeye kuganira n’ intiti zirimo kumufasha kuvugurura Komisiyo ya AU- Amafoto

Kuri uyu wa Mbere tariki 12 Ukuboza 2016, Perezida Kagame ku nshuro ya kane yahuye n’itsinda ry’intiti icyenda zirimo kumufasha kuvugurura Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU)....
12 December 2016 1007 0

Umuzamu wa Mukura VS aratabaza FERWAFA

Mazimpaka Andre, umuzamu wa Mukura VS ndetse akaba na kapiteni w’iyi kipe, aratabaza ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda kubw’ibyo yita ihohoterwa rimukorerwa rimaze kuba nk’akamenyero,...
17 December 2016 1481 0

’Haracyari kare ngo ireme ry’uburezi ryifuzwa rigerweho’-Munyakazi

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi, ushinzwe amashuri abanz n’ ayisumbuye, Munyakazi Isaac, yemeza ko hakiri kare kuba wareba uko ireme ry’uburezi rihagaze mu Rwanda, kuko hari gahunda...
27 December 2016 752 0

AMAFOTO y’indobanure ya Nyampinga w’u Rwanda 2017 n’ibisonga bye

Umukobwa witwa Iradukunda Elsa w’imyaka 18 y’amavuko, ureshya na 1,76cm niwe wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2017, mu ijoro ryo ku mugoroba wo ku wa Gatandatu rishyira ku cyumweru tariki...
27 February 2017 9481 0

Ngoma: Bikanze abapolisi bariruka bata imifuka itanu y’ urumogi mu ishyamba

Mu karere ka Ngoma abanyerondo babonye moto yinjira mu ishyamba bagira amakenga bahamara polisi, ihageze isanga bari abacuruzi b’ urumogi bariruka bata muri iryo shyamba moto ihambiriyeho imifuka...
4 March 2017 666 0

Abapolisi 25 bashoje amahugurwa yo kwigisha kurinda abayobozi n’abandi banyacyubahiro

Mu ishuri rya Polisi y’u Rwanda rya Gishali riri mu karere ka Rwamagana, hashojwe amahugurwa yo kwigisha abapolisi 25 bazigisha abandi ibyo kurinda abayobozi n’abandi banyacyubahiro; kuri uyu wa...
1 July 2017 340 0

Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa 05 Mata 2017

Kuwa Gatatu, tariki ya 5 Mata 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro...
6 April 2017 2141 0

Bimwe mu byaranze tariki 12 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Hamwe mu hantu hagiye habera ubwicanyi bukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu duce dutandukanye tw’u Rwanda ku itariki ya 12 Mata 1994 n’uko ingabo za RPA inkotanyi zagiye zirokora Abatutsi...
12 April 2017 2838 0

Kwibuka23: Tariki 13 Mata 1994, Abatutsi bari barahungiye ahantu hatandukanye bagabweho ibitero

Tariki ya 13 Mata 1994 ni imwe mu matariki atazibagirana kubarokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 kuko kuri iyo tariki abatutsi bari baragiye bahungira ahantu hatandukanye mu Rwanda...
13 April 2017 579 0

Bimwe mu byaranze tariki 17 Mata 1994, umunsi Uwari Perefe wa Butare n’ umuryango we biciweho

Hamwe mu hantu hagiye habera ubwicanyi bukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu duce dutandukanye tw’u Rwanda ku itariki ya 17 Mata 1994 n’uko ingabo za RPA inkotanyi zagiye zirokora Abatutsi...
17 April 2017 2360 0

Peace Cup: Rayon Sports inyagiye Rugende FC 9 mbere yo guhura na Rivers United

Umukino ubanza wa 1/16 mu gikombe cy’Amahoro wahuzaga Rayon Sports na Rugende FC urangiye Rayon Sports inyagiye Rugende FC ibitego 9-0. Ni umukino ikipe ya Rayon Sports yabanjemo ikipe umuntu...
19 April 2017 1426 0

Huye: Umuturage umwe muri babiri arwaye malariya

Abaturage batuye akarere ka Huye mu ntara y’ amajyepfo baravuga ko indwara ya maraliya imaze imyaka irenga ibiri ari icyorezo. Muri ako karere umuntu umwe mu bantu babiri arwaye maraliya. Kuri...
26 April 2017 640 0

"Iyo abantu batabonye ubutabera bamwe barabwiha" Minisitiri Busingye

Minisitiri w’Ubutabera; akaba n’Intumwa ya Leta, Johnston Busingye yabwiye icyiciro cya gatanu cy’Abofisiye bakuru ba Polisi 30 biga mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda riri mu karere ka...
9 May 2017 524 0

Umugore yakubise ikibando umugabo we aramwica bapfa urufunguzo

Mukasangawo Philomene mu mudugudu wa Karama, Akagali ka Bicumbi mu Murenge wa Mwurire, Akarere ka Rwamagana yemereye ubuyobozi bw’Umurenge wa Mwurire ko yaraye yishe umugabo we witwa Abdu...
24 May 2017 2149 0

Uburanga n’ impano nizo turufu umuhanzikazi “MARINA” azanye mu muziki(AMAFOTO YE)

Marina ubusanzwe ufite amazina y’ababyeyi ya UWASE Ingabire Marina bakunze kwita Deborah,akaba yinjiye mu ruhando rw’abahanzikazi Nyarwanda ku myaka 20 y’amavuko ndetse akaba ahamya ko iturufu ye...
24 May 2017 6697 0

Ubuhamya: Umunyarwandakazi watandukanye n’umusore bakundanaga kubera guca imyeyo

Umukobwa w’imyaka 27 y’amavuko arabara inzira y’umusaraba yanyuze ubwo yakundanaga n’umusore baremeranyije kuzabana ariko nyuma, akaza kumutegeka guca imyeyo, yanabikora bigatuma batandukana kandi...
27 May 2017 15037 0

Dufite inyota yo gutwara ibikombe byo ku rwego rw’Afurika-Umutoza Ntabanganyimana

Umutoza w’ikipe ya police Handball club Ntabanganyimana Antoine aratangaza ko ikipe ya Police FC igihe kigeze ngo irenge urwego rwo gutwara ibikombe mu Rwanda gusa no mu karere kuko ifite intego...
13 June 2017 709 0

371 binjijwe muri DASSO nyuma yo gusoza amasomo i Gishali

371 binjijwe mu rwego rwunganira uturere mu kubungabunga umutekano (District Administrative Security Support Organ (DASSO) nyuma yo gusoza amasomo ajyanye n’izo nshingano baherewe mu Ishuri rya...
23 June 2017 1653 0

Tanzania : Bamaganye icyemezo cya Perezida Maghufuli cyo kubuza abakobwa babyaye kwiga

Abanyatanzaniya benshi bagamaganye ibiherutse gutangazwa na Perezida wa Tanzania John Pombe Maghufuli avuga ko abakobwa babyaye badakwiye gusubira mu ishuri. Nyuma y’ uko ku wa Mbere w’ iki...
24 June 2017 804 0

Adrien Niyonshuti yisubije shampiyona y’igihugu yo gusiganwa umuntu ku giti cye

Ku nshuro ya kabiri yikurikiranya umusore Adrien Niyonshuti ukina mu ikipe ya Dimension Data ikina ku rwego rw’Isi yisubije agace ka shampiyona y’igihugu mu gusiganwa umuntu ku giti cye nyuma yo...
25 June 2017 249 0
0 | ... | 330 | 360 | 390 | 420 | 450 | 480 | 510 | 540 | 570 | 600