Amakuru aravuga ko umutoza w’Umunya-Tunisia, Zelfani Yamen utoza Rayon Sports yanze umwungiriza yahawe n’ikipe, Rwaka Claude aho yavuze ko nta kintu amufasha.
Ibiri kuba mu Turere tw’Amajyaruguru kubishyira byose ku nama y’"Abakono" n’Umutware Kazoza bimitse waba wirengagije ko n’iyo nama ubwayo kugira ngo iterane bikunde cyari ikindi...
Umugeni wari gusezeranira mu murenge wa gatsata wo mu karere ka Gasabo,yarize ayo kwarika nyuma yaho umusore bari gusezerana ngo atwawe na mukuru we w’umupasiteri mu Itorero Isoko y’ubugingo...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Kamena 2023, hateganyijwe umukino wa Super Cup uzahuza amakipe y’abakeba mu rw’imisozi 1000, Rayon Sports na APR FC, kuri Kigali Pele Stadium saa...
Umunyamakuru wa RBA ukunzwe mu myidagaduro,Luckman Nzeyimana,yemeye gutanga umwana we w’imfura ngo abe umufana wa Rayon Sports,kubera ibyo yari yavuze mbere y’umukino ko APR FC inyagira Rayon...
Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 15 z’ukwezi kwa 8 Abakirisitu gatolika n’inshuti zabo bari kwizihiza umunsi mukuru w’ijyanwa mu ijuru rya Bikira Mariya (Assumption). Uyu yabyaye Yezu Kirisitu nkuko...
Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge itatu yo mu Karere ka Bugesera birukanwe nyuma yo gusanga baraniwe guhangana n’umwanda ukabije uboneka mu murege bari bayoboye...
Masai Ujiri washinze umuryango Giants of Africa ufite intego yo guteza imbere impano z’urubyiruko rwa Afurika muri basketball, ni Umunyakanada ukomoka ku mubyeyi w’Umunyanigeriya Michael Ujiri...
Jean Paul Nkurunziza wari Umuvugizi wa Rayon Sports, yatangaje ko atakiri we, avuga ko azakomeza kuba umwe mu bihebeye iyi kipe yagiriyemo ibihe byiza.
Save the Children (SC) is the world’s largest independent child rights organization, underpinned by a vision of a world in which every child attains the right to survival, protection, development...
Save the Children (SC) is the world’s largest independent child rights organization, underpinned by a vision of a world in which every child attains the right to survival, protection, development...
Advert – District Coordinator
About the Role:
Save the Children (SC) is the world’s largest independent child rights organization, underpinned by a vision of a world in which every child...
Save the Children (SC) is the world’s largest independent child rights organization, underpinned by a vision of a world in which every child attains the right to survival, protection, development...
Mugisha François Master ukina hagati muri Rayon Sports, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Ikirezi,mu muhango wabereye i Kampala muri Uganda.
Save the Children (SC) is the world’s largest independent child rights organization, underpinned by a vision of a world in which every child attains the right to survival, protection, development...
Save the Children (SC) is the world’s largest independent child rights organization, underpinned by a vision of a world in which every child attains the right to survival, protection, development...
Save the Children (SC) is the world’s largest independent child rights organization, underpinned by a vision of a world in which every child attains the right to survival, protection, development...
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yijunditse Corneille Nangaa, nyuma yo gutangaza ko umutwe wa FDLR usigaye uri mu barindira umutekano abayobozi bakuru ba kiriya gihugu...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) yandikiye SC Kiyovu Sports iyimenyesha ko ibihano yari yarafatiwe byo kutandikisha abakinnyi kubera kutishyura Shaiboub na John Mano byakuwemo...
Umuhanzi ukomeye wo muri Nigeria, David Adeleke uzwi ku izina rya Davido utegerejwe gutaramira i Kigali mu birori byo gusoza Iserukiramuco ‘Giants of Africa’ yaraye agiranye ikiganiro na Bruce...
Perezida João Lourenço wa Angola kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Kanama, yasimbuye mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Congo Kinshasa ku buyobozi bw’Umuryango w’Ubukungu uhuza ibihugu byo muri...
Ikipe ya Musanze FC yatangaje ko yasinyishije Kakule Mugheni Fabrice amasezerano y’umwaka umwe,kugira ngo ayifashe kwitwara neza mu mwaka w’imikino 2023/2024.
Mbonimpa John w’imyaka 65 wari umubyeyi w’Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben ndetse n’Umuraperi Green P, yitabye Imana mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu.
Mu buryo butunguranye cyane,APR FC yari yitezwe ko iranyagira Gaadiidka FC yo muri Somalia ibitego byinshi,yananiwe no kuyitsinda bike banganya igitego...
Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye nka ’Bruce Melodie’ yagaragaje ko akazi keza yakoze mu muziki ari ko katumye Perezida Paul Kagame, amuha ikiganza, akemera kwifotozanya na we kuri uyu wa 19 Kanama...