Perezida Paul Kagame yihanganishije u Bwongereza n’umuryango w’Umwamikazi Elizabeth II watanze kuri uyu wa Kane,tariki ya 08 Nzeri 2022.
Mu butumwa Perezida Kagame yanyujije kuri Twitter,...
Muri Tanzania indege yari itwaye abantu 43 yaguye mu kiyaga cya Victoria kuri iki cyumweru kubera ikirere cyari kimeze nabi. Abagera kuri 19 baguye muri iyo mpanuka nkuko byemezwa n’inzego...
Indege itwara abagenzi yo muri Tanzania yakoreye impanuka mu kiyaga cya Victoria, ubwo yageragezaga kugwa ku kibuga cy’indege cyo mu mujyi wa Bukoba uri hafi y’icyo kiyaga mu majyaruguru ashyira...
Perezida Félix Tshisekedi yasabye mugenzi we Joe Biden ko Amerika “yinjira cyane” mu kibazo cy’umutekano mucye muri DR Congo, nk’uko ibiro bye bibitangaza.
Iruhande rw’inama ya US-Africa Summit...
Abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Africa y’iburasirazuba (EAC) uyu munsi barateranira i Bujumbura biga uko ibintu byifashe mu burasirazuba bwa DR Congo, nk’uko bitangazwa n’uwo muryango...
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we Evariste Ndayishimiye bahuriye mu Burundi kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 04 Gashyantare 2023.
Ibiganiro byabaye nyuma y’inama yahuje abakuru...
Inama yahuje abakuru b’ibihugu by’umuryango wa Africa y’Iburasirazuba (EAC) i Bujumbura yategetse “impande zose” ziri mu mirwano muri DR Congo “guhagarika imirwano”.
Ni imyanzuro isa n’iyari imaze...
Perezida Paul Kagame wageze muri Ethiopia ku wa Kane,tariki ya 16 Gashyantare 2023, yahuriye imbonankubone na Perezida wa Congo, Antoine Felix Tshisekedi, ndetse n’abandi bakuru b’Ibihugu mu nama...
Inama idasanzwe y’Abakuru b’Ibihugu bya Africa y’Amajyepfo,SADC yagaragaje ko ihangayikishijwe no kuba imirwano mishya ikomeje hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za Leta ya Congo Kinshasa, ibyo ngo...
Mu nama y’Abakuru b’Ibihugu bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba ibera Arusha muri Tanzania, bariga ku ngingo ijyanye n’amasezerano ya Nairobi yo kugarura amahoro muri Congo...
Mu muhango w’irahira rya Perezida Felix Tshisekedi riteganijwe kuri uyu wa 19 Mutarama 2024, ugiye kurahirira kuyobora DRC kunshuro ya kabiri, bamwe mu ba Perezida bamaze gutangaza ko bari...
Perezida Paul Kagame yavuze ko azashyigikira umunyapolitiki wo muri Kenya Raila Odinga, umwe mu bakandida babiri batangaje ko bazahatanira kuyobora komisiyo y’umuryango w’ubumwe...
Perezidansi ya Africa y’Epfo yatangaje ko Perezida Cyril Ramaphosa yahuye na mugenzi we Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda baganira ku mutekano w’akarere.