Kazoza Justin wimitswe nk’umutware w’abakono yeruye ko yaguye mu makosa, kandi ko anicuza ,nyuma yo guhabwa impanuro na nyakubahwa Perezida Kagame, yavuze ko yicuza ndetse atagishaka kumva ko ari...
Nyuma y’igihe umuraperi w’umunyamerika Rick Ross avugwa mu rukundo na Hamisa Mobetto, wahoze ari umukunzi akanabyarana n’umuhanzi wa Diamond Platnumz , uyu muhanzi yerekanye agahinda yatewe n’uko...
Ikipe ya Manchester City yamaze gutangaza ku mugaragaro ko yasinyishije umunya Croatia,Josko Gvardiol kuri miliyoni 78 z’amapawundi imukuye muri RB Leipzig.
Amakipe akunzwe cyane mu Bwongereza ariyo Manchester United na Chelsea yatangiye nabi imikino ya Premier League ziri ku rwego rwo hasi byatumye abafana bazo bahangayika...
Umutoza wa Sunrise FC, Muhire Hassan nyuma yo gutsindwa na Police FC ibitego 2-0,yavuze ko nta ba rutahizamu bajyanye nibyo akina afite biteza impaka kuko ikipe ye ifite batatu kandi bari mu ba...
Ku itariki ya 9 Nyakanga 2023, nibwo mu Murenge wa Kinigi havuzwe guterana kw’abitwa ubwoko bw’Abakono, bimika umutware wabo mu birori by’akataraboneka byagaragaye ko byiteguwe kandi birimo...
Abakinnyi ba filimi Kevin Hurt, Edris Elba n’umugore we, Danai Gurira ndetse na Winston Duke wamamaye cyane muri Black Panther, bari ku rutonde rw’abantu bazita amazina abana 23 b’ingagi mu birori...
Kuri uyu wa 31 Kanama 2023,nibwo habaye Tombola y’amatsinda ya UEFA Champions League 2023-24 aho amakipe nka Manchester United na PSG yisanze mu matsinda...
Umunya Norway,ukinira,Manchester City, Erling Haaland,yatowe nk’umukinnyi mwiza kurusha abandi mu mwaka w’imikino wa 2023 nyuma yo gutsinda Lionel Messi na Kevin de...
Ikipe ya Al Hilal yo muri Saudi Arabia niyo yahize andi makipe yose yo ku isi mu gushora akayabo ku isoko aho yatanze akabakaba miliyoni 352 z’amayero ku...
Uwahoze ari umunyamakuru wa Fox News, Tucker Carlson yashyize hanze agace k’ikiganiro cy’umugabo baganiriye, amuhishurira ko yaryamanye na Barack Obama wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za...
Ikipe ya Chelsea niyo yakoresheje amafaranga menshi mu kugura abakinnyi kurusha andi makipe mu kinyejana cya 21 mu gihe amakipe atandatu ya Premier League yaje ku rutonde rw’amakipe 10 yashoye...
Umutoza Mauricio Pochettino aravuga ko "atarira" kubera ibibazo bya Chelsea ikomeje kwitwara nabi nyuma yo kunganya 0-0 na Bournemouth ndetse n’ibibazo by’imvune bigenda...
Mu mwaka wa 2017, nibwo Claire Akamanzi yagizwe umuyobozi w’ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere RDB, asimbuye Francis GATARE wari wahawe ikigo gishinzwe Ubucukuzi, Petrol na Gas (RWANDA MINES, PETROLEUM...
Karim Benzema nyuma yo kugaragaza ko ashyigikiye Abanye- Palestine mu ntambara ya Hamas na Israel, u Bufaransa bwamwikomye bigera ubwo byanavuzwe ko yakwamburwa...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden yahamagariye mu buryo butaziguye abaturage ba Amerika gukomeza gufasha ibihugu bya Ukraine na Isiraheli mu ntambara...
Abakinnyi ba Man United bari bamaze iminsi bibasirwa n’abafana kubera imyitwarire idahwitse bagarutse ku murongo mwiza ubwo bafashaga iyi kipe gutsinda umukino w’umunsi wa 3 wa UEFA Champions...
Mu mukino ukurura benshi uhuza Real Madrid na FC Barcelona ’El Clasico’ warangiye Umwongereza Jude Bellingham yongeye kwigaragaza afasha Real Madrid gutahana amanota...
Umuyobozi w’Umujyi wa Smiths Station wo muri Alabama muri Amerika yapfuye yiyahuye- nyuma y’iminsi mike urubuga rumwe rutangaje amafoto ye yambaye imyenda y’abagore yaniteye ibirungo ku...