The towering, lithe man strode into the room stealthily, as if careful not to startle his guests. Although his entry snuffed out the hushed conversations, his presence lacked the imposing feel of...
Igihugu cya Kenya cyaje ku rutonde rw’ibihugu icumi ku isi, aho abanyamahanga boroherwa no gutura kubera uburyo bwashyizweho buborohereza kubona serivisi bifuza.
Uru rutonde rwakozwe...
Igihugu cy’u Rwanda cyaje ku mwanya wa kabiri mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere bifite Guverinoma zikora neza nk’uko byagaragajwe na raporo ya kabiri yakozwe n’Ikigo gishinzwe kwimakaza...
Raporo Ngarukamwaka ya Henley Passport Index, yagaragaje ko umubare w’ibihugu Abanyarwanda bashobora kujyamo bifashishije Pasiporo gusa bidasabye visa, wageze kuri 61 uvuye kuri 60 mu mwaka ushize...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Gicurasi 2020 hateranye Inama y’Abaminisitiri yayobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yafatiwemo imyanzuro itandukanye yo koroshya izindi gahunda zafashwe...
Rutahizamu w’ikipe ya Liverpool yo mu gihugu cy’Ubwongeleza Sadio Mane ukomoka mu gihugu cya Senegal, ukomeje kugaragaza ko ari umukinnyi w’umuhanga ku rwego mpuzamahanga yagaragaye ari kumva...
Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yakiriye ibaruwa yandikiwe na mugenzi we wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un. Umuvugizi w’ ibiro bya Trump ‘White house’ Sarah Sanders, yanze kuvuga...
Igihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika cyahagaritse imyitozo ya gisirikare irimo iyo ku kurwanira mu mazi yagombaga kuzabera mu gihugu cya Korea y’ Epfo ngo idakoma mu nkokora umugambi wa...
Perezida mushya wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa avuga ko Perezida ucyuye igihe wa Zimbabwe umusaza Robert Mugabe yavuye ku butegetsi mu mahoro, ngo azakomeza guhabwa umushahara we ndetse n’...
Abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Zimbabwe yasabye Komisyo irwanya ruswa gukora iperereza kuri Grace Mugabe, umugore wa Robert Mugabe wari Perezida wa Zimbabwe wahawe impamyabumenyi y’ ikirenga...
Amakuru aturuka mu gihugu cya Zimbabwe aravuga ko Robert Mugabe wahoze ari Perezida wa Zimbabwe kuri uyu wa kabiri tariki 12 Ukuboza yavuye muri iki gihugu akajyana n’ umuryango we.
Nk’ uko...
Umuryango Mpuzamahanga uhuriwemo n’abashinzwe iby’umutekano ku isi, muri raporo yawo ya 2016 igaragara uko polisi z’ ibihugu zirushanya u Rwanda ruri ku mwanya wa 50 ku isi rukaba ku mwanya wa 2...
Ikibuga mpuzamahanga cya Kigali Kigali International Airport giherereye I Kanombe mu mujyi wa Kigali cyashyizwe ku mwanya wa mbere muri Afurika y’ uburasirazuba n’ uwa kabiri mu bibuga by’ indege...
Imijyi myiza kurusha iyindi yose ku isi muri 2023 yashyizwe hanze aho ku rutonde uwa London wigaranzuye iyindi yose ufata umwanya wa mbere uhigitse Paris na New...
Pasiporo y’u Rwanda yaje ku mwanya wa 19 muri Afurika na 77 ku Isi muri pasiporo zikomeye, kuko uyifite yemerewe kwinjira mu bihugu 63 atatswe viza.
Byatangajwe mu rutonde The Henley Passport...
Umuriro wadutse mu ndege bituma amagana y’abagenzi bari bayirimo bavuza induru kubera ubwoba abandi bimuka mu byicaro byabo ubwo bari bategereje ko ihaguruka.
Amashusho agaragaza abagenzi bafite...
Umugore wo mu ntara ya Jambi muri Indonesia yishwe anamirwa bunguri (nta guhekenya) n’inzoka y’uruziramire, nkuko amakuru yo mu bitangazamakuru byaho abivuga.
Jahrah, wakoraga umurimo wo komora...
Wode Maya umwe mu ba YouTubers bakomeye nyuma yuko ahishuye ko amashusho yafatiye mu Rwanda ari kurira ku muhande yamufashije kumenyekana ndetse ko ari amwe mu yamugize uwo ari we uyu munsi...