skol
Kigali

Search: Singapore (140)

Pasiporo zikomeye kurusha izindi ku isi muri 2023 [URUTONDE]

Kompanyi yo mu Bwongereza y’ibijyanye n’ubwenegihugu n’aho gutura Henley & Partners yasohoye raporo yayo ya buri gihembwe ya pasiporo zifuzwa cyane ku isi bitewe n’aho zishobora kugeza abazifite....
15 January 2023 2659 0

Why it’s not a tall order for Rwanda under Kagame

The towering, lithe man strode into the room stealthily, as if careful not to startle his guests. Although his entry snuffed out the hushed conversations, his presence lacked the imposing feel of...
22 July 2018 598 0

Hamenyekanye igihugu cya Afurika cyorohera abanyamahanga guturamo[URUTONDE]

Igihugu cya Kenya cyaje ku rutonde rw’ibihugu icumi ku isi, aho abanyamahanga boroherwa no gutura kubera uburyo bwashyizweho buborohereza kubona serivisi bifuza. Uru rutonde rwakozwe...
10 April 2023 3638 0

U Rwanda rwaje mu myanya y’imbere mu miyoborere y’ibihugu bikiri mu nzira y’amajyambere [Urutonde]

Igihugu cy’u Rwanda cyaje ku mwanya wa kabiri mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere bifite Guverinoma zikora neza nk’uko byagaragajwe na raporo ya kabiri yakozwe n’Ikigo gishinzwe kwimakaza...
29 April 2022 2054 0

Umugabo yasindishije umugore we kugira ngo mugenzi we bakorana amusambanye

Umugabo wifuzaga kubona undi muntu aryamanye n’umugore we bamaranye imyaka 23,yakoze amahano anywesha ibiyobyabwenge anapfuka amaso umugore we kugira ngo mugenzi we bakorana amusambanye. Muri...
21 January 2022 3985 0

Pasiporo y’u Rwanda yemerera uyifite kwerekeza mu bihugu 61 atabanje gusaba VISA

Raporo Ngarukamwaka ya Henley Passport Index, yagaragaje ko umubare w’ibihugu Abanyarwanda bashobora kujyamo bifashishije Pasiporo gusa bidasabye visa, wageze kuri 61 uvuye kuri 60 mu mwaka ushize...
19 April 2021 4618 0

Reba urutonde rw’inyubako zihenze cyane ku isi[AMAFOTO]

Inzu ni kimwe mu bintu bihenda kuva itangijwe kubakwa kugeza isojwe,ndetse abenshi bazi ko inzu ndende cyane arizo ziba zihenze c kurusha izindi muri iy’isi,gusa ibyo bitandukanye n’ukuri tugendeye...
22 September 2020 3465 0

Guverinoma yatangaje igihe ingendo zo hirya no hino mu ntara,iza moto n’amagare zizafungurirwa mu nama...

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Gicurasi 2020 hateranye Inama y’Abaminisitiri yayobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yafatiwemo imyanzuro itandukanye yo koroshya izindi gahunda zafashwe...
18 May 2020 4935 0

Hageragejwe urugendo rwa mbere rurerure rw’Indege

Kompanyi y’indege ya Australia yarangije igerageza ry’urugendo rurerure kurusha izindi rw’indege y’ubucuruzi idahagaze mu isuzuma ry’uko byagendekera abapilote, abagenzi n’abakozi...
20 October 2019 2704 0

Sadio Mane Rutahizamu ukomeye w’ikipe ya Liverpool yagaragaje urukundo rudasanzwe afitiye imwe mu ndirimbo za...

Rutahizamu w’ikipe ya Liverpool yo mu gihugu cy’Ubwongeleza Sadio Mane ukomoka mu gihugu cya Senegal, ukomeje kugaragaza ko ari umukinnyi w’umuhanga ku rwego mpuzamahanga yagaragaye ari kumva...
9 October 2019 3687 0

Bite by’ ibaruwa Kim Jong Un wa Koreya ya Ruguru aherutse kwandikira Perezida Trump?

Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yakiriye ibaruwa yandikiwe na mugenzi we wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un. Umuvugizi w’ ibiro bya Trump ‘White house’ Sarah Sanders, yanze kuvuga...
6 August 2018 915 0

Trump yerekanye ko agitinya Kim Jong un

Igihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika cyahagaritse imyitozo ya gisirikare irimo iyo ku kurwanira mu mazi yagombaga kuzabera mu gihugu cya Korea y’ Epfo ngo idakoma mu nkokora umugambi wa...
24 June 2018 2638 0

Dr Apôtre Gitwaza nyuma yo guhanurira Afurika bikaba yahanuriye u Burundi ko bugiye kuba nka Dubai

Intumwa y’ Imana Dr Apôtre Paul Gitwaza washinze idini ‘Zion Temple’ yahanuye ko U Burundi buzaba nka Dubai asaba abafiteyo amasambu kutayitesha. Mu myaka umunani ishize yavuze ko Imana yamubwiye ko...
9 April 2018 7616 0

Icyo Perezida Mnangagwa ateganyiriza Robert Mugabe yasimbuye

Perezida mushya wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa avuga ko Perezida ucyuye igihe wa Zimbabwe umusaza Robert Mugabe yavuye ku butegetsi mu mahoro, ngo azakomeza guhabwa umushahara we ndetse n’...
25 January 2018 2417 0

Grace Mugabe ashobora gufungwa azira diplome yabonye mu buryo bufifitse

Abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Zimbabwe yasabye Komisyo irwanya ruswa gukora iperereza kuri Grace Mugabe, umugore wa Robert Mugabe wari Perezida wa Zimbabwe wahawe impamyabumenyi y’ ikirenga...
7 January 2018 842 0

Mugabe yavuye mu gihugu ajyana n’ umuryango we

Amakuru aturuka mu gihugu cya Zimbabwe aravuga ko Robert Mugabe wahoze ari Perezida wa Zimbabwe kuri uyu wa kabiri tariki 12 Ukuboza yavuye muri iki gihugu akajyana n’ umuryango we. Nk’ uko...
13 December 2017 1264 0

Polisi y’ u Rwanda yashyizwe ku mwanya wa 2 muri Afurika

Umuryango Mpuzamahanga uhuriwemo n’abashinzwe iby’umutekano ku isi, muri raporo yawo ya 2016 igaragara uko polisi z’ ibihugu zirushanya u Rwanda ruri ku mwanya wa 50 ku isi rukaba ku mwanya wa 2...
9 November 2017 2784 0

Abanyarwanda bakuriweho Viza ku berekeza mu bihugu 22 bikurikira-URUTONDE

Nyuma yuko u Rwanda rwiyemeje guha ikaze abanyamahanga bashaka kuruzamo bakabakuriraho visa abandi bakoroherezwa kujya bayisaba baramaze kugera mu gihugu, ubu noneho n’Abanyarwanda bakuriweho visa...
24 August 2017 26124 0

Umugore wa Mugabe yakoze impanuka avunika ‘Akabombambari’

Grace Mugabe, umugore wa perezida Robert Mugabe w’imyaka 93 y’amavuko wa Zimbabwe , yakoze impanuka ikomeye y’imodoka ajyanwa kwa muganga nyuma yo kuvunika akabombambari Televiziyo y’Igihugu...
15 July 2017 3372 0

Ikibuga cy’ indege cya Kigali cyashyizwe ku mwanya wa kabiri mu byiza muri Afurika

Ikibuga mpuzamahanga cya Kigali Kigali International Airport giherereye I Kanombe mu mujyi wa Kigali cyashyizwe ku mwanya wa mbere muri Afurika y’ uburasirazuba n’ uwa kabiri mu bibuga by’ indege...
10 February 2017 1580 0

Reba ibihugu byamunzwe na ruswa cyane kurusha ibindi muri Afurika [URUTONDE]

Ruswa ni kanseri imunga ubunyangamugayo bw’abayobozi, ikabuza iterambere, ikica icyizere cy’inzego, kandi ikabangamira iterambere ry’ubukungu.
9 February 2024 3227 0

Raila Odinga yasabye imbabazi u Rwanda yibasira Umunyamabanga wa Kenya warututse

Umuyobozi w’ihuriro rya Azimio La Umoja, Raila Odinga, yamaganye amagambo atavugwaho rumwe y’Umunyamabanga muri Minisitiri ushinzwe ubwikorezi n’imirimo rusange muri Kenya,Kipchumba Murkomen...
20 December 2023 3456 0

Hashyizwe hanze urutonde rw’Imijyi myiza kurusha iyindi yose ku isi

Imijyi myiza kurusha iyindi yose ku isi muri 2023 yashyizwe hanze aho ku rutonde uwa London wigaranzuye iyindi yose ufata umwanya wa mbere uhigitse Paris na New...
22 November 2023 4811 0

Pasiporo y’u Rwanda yaje ku mwanya 19 mu zikomeye ku mugabane wa Afurika

Pasiporo y’u Rwanda yaje ku mwanya wa 19 muri Afurika na 77 ku Isi muri pasiporo zikomeye, kuko uyifite yemerewe kwinjira mu bihugu 63 atatswe viza. Byatangajwe mu rutonde The Henley Passport...
23 July 2023 1064 0

Ibihugu bya G-7 Bihangayikishijwe n’Uko Ingufu z’Ubushinwa Ziguma Kwiyongera

Abaministri b’imari bo mu bihugu birindwi bikize kurusha ibindi ku isi bahuye mu mpera z’icyumweru gishize.
15 May 2023 873 0

RDC ku mwanya wa gatandatu mu bihugu bidatekanye kurusha ibindi ku isi

Mu bihugu bitandukanye ku isi haracyarangwa intambara, amakimbirane n’ibindi bibuza abantu gutekana, icyegeranyo cya 2022 cyerekana ko amahoro ku isi yagabanutseho 0.3% ugereranyije na 2021. Mu...
30 January 2023 1618 0

Habaye akavuyo kadasanzwe mu ndege kubera umuriro wadutse igiye guhaguruka

Umuriro wadutse mu ndege bituma amagana y’abagenzi bari bayirimo bavuza induru kubera ubwoba abandi bimuka mu byicaro byabo ubwo bari bategereje ko ihaguruka. Amashusho agaragaza abagenzi bafite...
12 January 2023 1275 0

Umugabo yafatanwe igikapu kirimo inyamaswa isa n’ingona ku kibuga cy’indege

Ubuyobozi bushinzwe abinjira n’abasohoka mu Budage bwatangaje ko basanze ingona [alligator] yihariye mu ivarisi y’umucuruzi w’umunyamerika ku kibuga cy’indege cya Munich mu kwezi gushize. Ibiro bya...
27 October 2022 2566 0

Indonesia: Umurambo w’umugore wasanzwe mu nda y’uruziramire

Umugore wo mu ntara ya Jambi muri Indonesia yishwe anamirwa bunguri (nta guhekenya) n’inzoka y’uruziramire, nkuko amakuru yo mu bitangazamakuru byaho abivuga. Jahrah, wakoraga umurimo wo komora...
26 October 2022 2786 0

Wode Maya yongeye kugaragara arira ku muhanda i Kigali

Wode Maya umwe mu ba YouTubers bakomeye nyuma yuko ahishuye ko amashusho yafatiye mu Rwanda ari kurira ku muhande yamufashije kumenyekana ndetse ko ari amwe mu yamugize uwo ari we uyu munsi...
10 October 2022 2164 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120