Rutahizamu w’ikipe ya APR FC,Sugira Ernest yatangaje ko muri iyi minsi atishimye kubera ukuntu yabuze ibitego muri iyi mikino ya CECAFA kandi amaze gukina imikino 3 yose iyi kipe...
Ikipe ya Tout Puissant Mazembe ‘Englebert’ yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yamaze kugera i Kigali hano mu Rwanda aho yitabiriye irushanwa rya CECAFA Kagame...
Abaperezida batatu barimo nyakubahwa Faustin Archange Touadera, wa Republic of Central Africa, Emmerson Dambudzo Mnangagwa wa Zimbabwe na Hage Geingob, wa Namibia n’umufasha we Monica Geingos...
Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga, ivuga ko abakuru b’ibihugu barindwi bamaze kwemeza ko bazitabira Umunsi wo Kwibohora u Rwanda rugiye kwizihiza ku nshuro ya 25, mu birori bikomeye bizabera muri...
Ubuyobozi bwa CECAFA bumaze gutangaza uko amatsinda y’irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2019 ahagaze aho ikipe ya Rayon Sports yisanze mu itsinda rimwe na TP Mazembe ndetse bazahura ku mukino...
Abaturage bo mu Karere ka Bududa muri Uganda bishe umusirikare w’icyo gihugu kubera uburakari batewe na mugenzi wabo yari yishe bapfuye Waragi iba mu gashashi.
Mu gihugu cy’Uburundi haravugwa inkuru ibabaje y’umupolisi warashe mu cyico umusirikare witwa Corporal Alexis Ndihokubwayo mu ijoro ryo kuwa Gatatu taliki ya 23 Gicurasi...
Umunyarwanda witwa Jackson Musoni ari mu bantu baguye mu mpanuka y’indege ya Ethiopian Airlines, yahitanye abagera kuri 157 kuri iki cyumweru taliki ya 10 Werurwe...
Perezida wa Uganda,Yoweli Kaguta Museveni yavuze ko nta mu jenerali ufite uburenganzira bwo gukubita abantu ndetse yemeza ko Maj. Gen. Matayo Kyaligonza uherutse kubwira abarinzi be bagakubita...
Ifoto@Internet
Mu gihe ubuyobozi bwa Kaminuza ya Kampala bwemeje ko ibirori byo kwambara amakanzu ku banyeshuri bayirangirijemo, bizaba ejo kuwa Kane taliki ya 7 Werurwe 2019, Abanyeshuri bo...
Itangazo ryasohowe n’Ibiro by’Umuryango w’ Afurika y’Uburasirazuba (EAC) rivuga ko inama ya ba Perezida yabereye i Arusha yabaye mu ituze kandi mu buvandimwe, iyi nama ya 20 yafatiwemo ibyemezo...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye inamay’abakuru b’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC iteganyijwe kuri uyu Gatanu tariki ya 1 Gashyantare,bikuraho ibihuha byavugwaga ko...
Perezida wa Uganda,Yoweli Kaguta Museveni yatangaje ko atabona akamaro k’umuryango w’Abibumbye,wananiwe kunga ibihugu ndetse no guhosha amakimbirane muri RDC yagezemo mu mwaka wa 1960 ariko abantu...
Leta y’u Burundi yemeye ko izitabira Inama ya 20 y’Abakurub’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba, EAC, yaherukaga gusubikwa kubera kubura kw’iki gihugu. Iyi nama yagombaga kubera i...
A onetime Somali refugee and the daughter of Palestinian immigrants shared the historic distinction Tuesday of becoming the first two Muslim women elected to the US...
Ubutembere mu bihugu bitandukanye ni kimwe mu bishimisha abatari bake bitewe nuko bituma bamenya uko ibindi bihugu bihagaze mu iterambere gusa ibi akaba ari ibihugu 10 bya mbere ku isi bihoramo...
Umwarimu witwa Benjamin Manirambona wo mu Burundi yakatiwe igifungo cy’imyaka 5 kubera ko yafashwe mu cyumweru gishize ari gukorera ikizamini cya leta gisoza amashuli yisumbuye undi muntu,yavuze...
Igisirikare cy’ u Rwanda cyatangaje Abaminisitiri b’ ingabo mu bihugu 10 byo muri Afurika y’ iburasirazuba bategerejwe I Kigali mu nama yiga ku mutekano n’...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yasezeranyije ko agiye gufasha mu kurangiza amakimbirane yo ku mugabane w’Afurika arangwa n’ ubugome n’ubugizi bwa...
Kuri uyu munsi hizihizwaga umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 24,APR FC ifashije abanyarwanda gukomeza kwishimira intsinzi aho inyagiye Dakadaha ibitego 4-1 mu mukino wa 3 wo mu itsinda...