skol
Kigali

Search: Somalia (322)

Sugira Ernest yatangaje ikintu kiri gutuma adasinzira muri iyi minsi

Rutahizamu w’ikipe ya APR FC,Sugira Ernest yatangaje ko muri iyi minsi atishimye kubera ukuntu yabuze ibitego muri iyi mikino ya CECAFA kandi amaze gukina imikino 3 yose iyi kipe...
12 July 2019 3565 0

Ikipe ya Tout Puissant Mazembe yo muri Kongo yageze i Kigali

Ikipe ya Tout Puissant Mazembe ‘Englebert’ yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yamaze kugera i Kigali hano mu Rwanda aho yitabiriye irushanwa rya CECAFA Kagame...
6 July 2019 3565 0

Muri Libya indege yarashe inzu yaricumbitsemo abimukira benshi bahasiga ubuzima

Minisiteri y’Ubuzima muri Libya yatangaje ko abagera kuri 40 bitabye Imana naho 80 bagakomereka, nyuma y’uko indege y’intambara mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu, yahushije aho yashakaga kurasa,...
5 July 2019 1287 0

Bamwe mu bakuru b’ibihugu bitandukanye bamaze kugera mu Rwanda bitabiriye #Kwibohora 25 [AMAFOTO]

Abaperezida batatu barimo nyakubahwa Faustin Archange Touadera, wa Republic of Central Africa, Emmerson Dambudzo Mnangagwa wa Zimbabwe na Hage Geingob, wa Namibia n’umufasha we Monica Geingos...
3 July 2019 4005 0

Reba urutonde rw’abakuru b’ibihugu bategerejwe mu Rwanda ku munsi w’ejo mu birori by’umunsi wo Kwibohora

Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga, ivuga ko abakuru b’ibihugu barindwi bamaze kwemeza ko bazitabira Umunsi wo Kwibohora u Rwanda rugiye kwizihiza ku nshuro ya 25, mu birori bikomeye bizabera muri...
3 July 2019 5524 0

APR FC yamaze kumvikana n’abakinnyi 13 nyuma yo kwirukana 16 [URUTONDE]

Ikipe ya APR FC yamaze kumvikana n’abakinnyi 13 bagomba kuza gusimbura abagera kuri 16 yirukanye ku munsi w’ejo ibahoye impamvu nyinshi zirimo kudatanga umusaruro,imyitwarire mibi...
29 June 2019 9707 0

Rayon Sports yisanze mu itsinda rimwe na TP Mazembe muri CECAFA Kagame Cup 2019

Ubuyobozi bwa CECAFA bumaze gutangaza uko amatsinda y’irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2019 ahagaze aho ikipe ya Rayon Sports yisanze mu itsinda rimwe na TP Mazembe ndetse bazahura ku mukino...
21 June 2019 4050 0

TP Mazembe yongeye gutumirwa muri CECAFA I Kigali nyuma y’amahano iheruka kuhakorera

Ikipe ya TP Mazembe iheruka gukorera amahano I Kigali muri 2010 ubwo umukinnyi wayo Tresor Mputu yakubitaga umusifuzi w’umunya-Ethiopia,yongeye gutumirwa muri CECAFA Kagame Cup uyu mwaka kugira...
17 June 2019 2361 0

Felix Tshisekedi yandikiye ibaruwa ndende Paul Kagame amusaba ko yamufasha RDC igashyirwa muri EAC

Umukuru w’igihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo,Félix Tshisekedi yandikiye ibaruwa ndende mugenzi we Paul Kagame uyoboye EAC muri uyu mwaka,amusaba ko yamufasha igihugu cye cya RDC...
13 June 2019 3590 0

U Rwanda rwazamutseho imyanya 24 ku Gipimo cy’uko ibihugu bihagaze ku isi mu mahoro ruza ku mwanya wa 2 mu karere...

Igipimo cy’uko ibihugu bihagaze ku isi mu mahoro (Global Peace Index) cya 2019 cyatangajwe uyu munsi, gusa ibihugu byo mu karere bikomeje kuza mu myanya...
12 June 2019 1562 0

Abaturage bishe umusirikare wari uvuye mu butumwa bw’amahoro muri Somaliya babitewe n’umujinya wa mugenzi wabo yari amaze...

Abaturage bo mu Karere ka Bududa muri Uganda bishe umusirikare w’icyo gihugu kubera uburakari batewe na mugenzi wabo yari yishe bapfuye Waragi iba mu gashashi.
12 June 2019 5087 0

Burundi: Umupolisi yarashe umusirikare wari utwaye imodoka aramwica

Mu gihugu cy’Uburundi haravugwa inkuru ibabaje y’umupolisi warashe mu cyico umusirikare witwa Corporal Alexis Ndihokubwayo mu ijoro ryo kuwa Gatatu taliki ya 23 Gicurasi...
25 May 2019 3703 0

Umunyarwanda umwe niwe waguye mu mpanuka y’indege ya Ethiopian Airlines [AMAFOTO]

Umunyarwanda witwa Jackson Musoni ari mu bantu baguye mu mpanuka y’indege ya Ethiopian Airlines, yahitanye abagera kuri 157 kuri iki cyumweru taliki ya 10 Werurwe...
10 March 2019 6378 0

Museveni yandagaje wa mu Jenerali uherutse gukubita inshyi umupolisikazi wamuhagaritse

Perezida wa Uganda,Yoweli Kaguta Museveni yavuze ko nta mu jenerali ufite uburenganzira bwo gukubita abantu ndetse yemeza ko Maj. Gen. Matayo Kyaligonza uherutse kubwira abarinzi be bagakubita...
8 March 2019 8791 0

Abanyarwanda 180 biga muri kaminuza ya Kampala ntibazagaragara mu birori byo kwambika amakanzu abaharangije

Ifoto@Internet Mu gihe ubuyobozi bwa Kaminuza ya Kampala bwemeje ko ibirori byo kwambara amakanzu ku banyeshuri bayirangirijemo, bizaba ejo kuwa Kane taliki ya 7 Werurwe 2019, Abanyeshuri bo...
6 March 2019 2429 0

Ibi ni ibyemezo bigera kuri 22 byafatiwe mu nama y’abaperezida b’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba...

Itangazo ryasohowe n’Ibiro by’Umuryango w’ Afurika y’Uburasirazuba (EAC) rivuga ko inama ya ba Perezida yabereye i Arusha yabaye mu ituze kandi mu buvandimwe, iyi nama ya 20 yafatiwemo ibyemezo...
2 February 2019 3384 0

Perezida Kagame yitabiriye inama ya EAC u Rwanda rurahererwamo ubuyobozi

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye inamay’abakuru b’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC iteganyijwe kuri uyu Gatanu tariki ya 1 Gashyantare,bikuraho ibihuha byavugwaga ko...
1 February 2019 2065 0

Perezida Museveni yatangaje ko UN ntacyo imaze

Perezida wa Uganda,Yoweli Kaguta Museveni yatangaje ko atabona akamaro k’umuryango w’Abibumbye,wananiwe kunga ibihugu ndetse no guhosha amakimbirane muri RDC yagezemo mu mwaka wa 1960 ariko abantu...
29 January 2019 1884 0

Birangiye u Burundi bugiye kwitabira inama ya 20 y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba...

Leta y’u Burundi yemeye ko izitabira Inama ya 20 y’Abakurub’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba, EAC, yaherukaga gusubikwa kubera kubura kw’iki gihugu. Iyi nama yagombaga kubera i...
16 December 2018 10130 0

Perezida Kagame yahawe ikaze n’ Umwami Abdullah wa Jordan

Perezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi w’ Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe yageze muri Jordan aho yitabiriye inama ifite intego yo kugarura amahoro.
9 December 2018 1532 0

Miss Umunyana Shanita yegukanye ibihembo bitatu muri Miss University Africa

Umunyana Shanita yegukanye igihembo 3 birimo icy’umukobwa wahize abandi mu myitwarire agashimwa n’abategura irushanwa rya Miss University Africa.
30 November 2018 1960 0

Hasohotse ikarita igaragaza ibihugu bibi umuntu adakwiriye gusura

Abahanga mu by’ubukerarugendo bashyize hanze ikarita igaragaza ibihugu bibi cyane umuntu atakwifuza gusura ndetse n’ibihugu buri muntu yageramo akishimira...
17 November 2018 2873 0

Former Dadaab refugee elected to US Congress

A onetime Somali refugee and the daughter of Palestinian immigrants shared the historic distinction Tuesday of becoming the first two Muslim women elected to the US...
7 November 2018 458 0

Hagaragajwe ibihugu 10 biteye ubwoba ku isi abantu banjyamo bikandagira[AMAFOTO]

Ubutembere mu bihugu bitandukanye ni kimwe mu bishimisha abatari bake bitewe nuko bituma bamenya uko ibindi bihugu bihagaze mu iterambere gusa ibi akaba ari ibihugu 10 bya mbere ku isi bihoramo...
18 September 2018 5030 0

Umunya-Uganda yafatiwe mu Rwanda afite icyuma gihindura telephone zihamagariye mu mahanga zikamera nk’ iziri mu gihugu...

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi Umunya-Uganda witwa Nabide Majidu wari ufite icyuma gikoreshwa mu itumanaho rya telefone kizwi nka SIM box cyangwa SIM Bank,...
15 August 2018 5819 0

Umwarimu yafashwe ari gukorera ikizamini cya Leta umusirikare

Umwarimu witwa Benjamin Manirambona wo mu Burundi yakatiwe igifungo cy’imyaka 5 kubera ko yafashwe mu cyumweru gishize ari gukorera ikizamini cya leta gisoza amashuli yisumbuye undi muntu,yavuze...
14 August 2018 1939 0

Abaminisitiri b’ ingabo muri EASF bategerejwe I Kigali mu nama yiga ku mutekano

Igisirikare cy’ u Rwanda cyatangaje Abaminisitiri b’ ingabo mu bihugu 10 byo muri Afurika y’ iburasirazuba bategerejwe I Kigali mu nama yiga ku mutekano n’...
26 July 2018 440 0

Perezida Trump yiyemeje kurangiza amakimbirane yo muri Afurika

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yasezeranyije ko agiye gufasha mu kurangiza amakimbirane yo ku mugabane w’Afurika arangwa n’ ubugome n’ubugizi bwa...
13 July 2018 1847 0

APR FC inyagiye Dakadaha ifasha abanyarwanda kuryoherwa n’umunsi wo kwibohora

Kuri uyu munsi hizihizwaga umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 24,APR FC ifashije abanyarwanda gukomeza kwishimira intsinzi aho inyagiye Dakadaha ibitego 4-1 mu mukino wa 3 wo mu itsinda...
4 July 2018 2776 0

APR FC yongeye kwitwara nabi mu mikino ya CECAFA Kagame Cup

Ikipe ya APR FC yatsinzwe na Simba SC mu mukino wa kabiri wo mu itsinda C muri CECAFA Kagame Cup iri kubera muri Tanzania .
2 July 2018 2495 0
0 | ... | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | 270 | 300