Abakinnyi ba Hilal SC El Obeid yo muri Sudani bitegura umukino wo kwishyura na Mukura VS, bageze i Kigali ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, bafatwa n’amasaha y’isengesho mu idini ya Islam biba...
Kuri iki Cyumweru abantu 19 bari mu ndege nto yakoreye impanuka muri Sudani y’ Epfo bapfuye gusa amakuru aturuka muri iki gihugu aravuga ko hari abarokotse iyi...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 26 Nzeri 2017 mu Inteko inshinga mategeko y’Igihugu cya Sudani y’Epfo bemeje ko Umunyarwanda, Eugene Torero aba Umuyobozi Mukuru w’ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro...
Guverinoma ya Amerika yakomoreye Abanyasudani, bari ku rutonde rw’abimukira badafite ibyangombwa bagombaga gusubizwa mu bihugu byabo bitarenze tariki ya kabiri ukwezi kwa cumi na kumwe....
Kuri uyu wa 11 Kanama 2017, Leta ya Sudani y’Epfo yatangaje ko yamaze kurekura imfungwa za politiki zigera kuri 30, ngo ni mu rwego rwo gushimangira no kunoza ibiganiro bigamije kugarura amahoro...
Imikino y’Akarere ka gatanu iratangira kuri uyu wa gatandatu taliki ya 22 Nyakanga aho ikipe y’u Rwanda iratangira yesurana na Sudan y’amajyepfo ku I saa moya z’umugoroba.Imikino yose y’akarere ka...
Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye mu murwa mukuru wa Sudani y’Epfo (RFPU II) Juba, ku itariki ya 27 Kamena bitabiriye amarushanwa y’umupira w’amaguru yateguwe...
Itsinda ry’abanyeshuri bakomoka muri Sudan ryakiriwe ku wa kabiri muri Kaminuza y’U Rwanda iri mu mujyi wa Huye aho bagiye gukomereza amasomo yabo y’ubuganga.
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga, Christophe Lutundula, kuri uyu wa Mbere yavuze ko bandikiye Sudani bayisaba ibisobanuro, kuko ubu bwicanyi bwakozwe n’ingabo za Leta.
Ingabo za Sudani zimaze...
Abatuye i Khartoum mu murwa mukuru wa Sudani baravuga ko kuri iki cyumweru. intambara ikomeye yongeye kubura mu bice byo muri uwo mujyi nyuma y’uko igihe cyo gutanga agahenge cyumvikanyweho...
Ingabo za Sudani zikuye mu biganiro n’umutwe witwara gisirikare (RSF) byo guhagarika imirwano no korohereza ibikorwa by’ubutabazi, ibyongereye impungenge ko intambara igiye kongera mu gihe...
Ibitero bikaze by’indege byakubise uduce tw’amajyepfo y’umurwa mukuru wa Sudani, Khartoum uyu munsi kuwa kane, mu gihe habaga ubushyamirane hafi y’inkambi ya gisilikare, mu mirwano yakuye mu byabo...
Umwe mu bajenerali bahanganye muri Sudani, uyoboye abarwanyi barimo guhangana n’abasirikare b’igihugu, yabwiye BBC ko atazajya mu biganiro intambara idahagaze.
Ariko Gen Mohamed Hamdan...
Ikipe ya Sudani y’Epfo yatsinze u Rwanda amanota 73 kuri 63 mu rugendo rwo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2023.
Muri uyu mukino warebwe na Perezida Kagame ari kumwe na Minisitiri wa Siporo,...
Raporo ya United Nations Mission in South Sudan (UNMISS) irinda amahoro muri iki gihugu yagaragaje ko abagore basaga 700 bamaze gukorerwa ihohotera rishingiye ku gitsina mu mezi atatu uyu...