Itsinda ry’abanyeshuri bakomoka muri Sudan ryakiriwe ku wa kabiri muri Kaminuza y’U Rwanda iri mu mujyi wa Huye aho bagiye gukomereza amasomo yabo y’ubuganga.
Rayon Sports yigije imbere gahunda yayo yo kwerekeza muri Sudani gukina na Al Hilal mu mukino wo kwishyura wa CAF Champions League aho bazahaguruka kuri uyu wa Kane aho kuba kuwa Gatanu nkuko...
Ingabo z’u Rwanda zasimbuye abasirikare bazo bari mu butumwa bw’amahoro I Malakal muri Sudani y’Epfo. Batayo ya 89 niyo igiye gusimbura Batayo ya 75 irangije igihe cy’umwaka mu kazi mu Ngabo za Loni...
Umushumba wa Kiliziya Gatulika Papa Fransisiko kuri iki cyumweru yahamagariye impande zirwana muri Sudani kurambika intwaro hasi zikayoboka inzira y’amahoro. Yagaragaje ko ababajwe n’imvururu...
Amakuru y’intambara ava muri Sudan avuga ko hari igisasu cyaraye kituye ku isoko gihitana abantu 17 abandi babarirwa mu 108 barakomereka mu majyepfo y’umurwa mukuru...
Abaganga muri Sudani bavuga ko barengewe n’inkomere zibarirwa mu magana zihunga intara ya Darfur iri mu zibasiwe cyane n’imirwano muri iyi minsi hagati y’ingabo z’igihugu n’abarwanyi b’umutwe witwara...
Muri Sudani, igisirikare cya leta n’abarwanyi ba Rapid Support Forces (RSF) bayigometseho barashinjanya kurasa igisasu cyasenye ikiraro kiri ku rugomero rwa Jebel Awlia mu majyepfo ya Khartoum...
Mu biganiro Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo yaraye agiranye na Perezida Evariste Ndayishimiye w’Uburundi i Bujumbura, aba bategetsi bombi bumvikanye gushyigikira ingamba zafashwe mu kugarura...
Kubera ikibazo cy’inyubako igihugu cya Sudani y’Amajyepfo gifite,bamwe mu baminisitiri n’abaguverineri bari gukorera munsi y’ibiti ndetse bajya ku kazi bagenda...
James Gatdet Dak umuvugizi wa Dr Riek Machar yakatiwe n’urukiko rwo mu gihugu cya Sudani y’Epfo igihano cyo kwicwa amanitse.Ni igihano urukiko rusobanura ko cyafashwe hagendewe ku itego Nshinga...
Ikipe y’igihugu ya Basketball ikatishije itike ya 1/2 mu imikino y’akarere ka 5 iri kubera mu Misiri ni nyuma yo gutsinda Sudani y’Epfo amanota 90 kuri 80.
Wari umukino usoza itsinda rya 1 aho u...
Inzego zishinzwe umutekano muri Uganda zatangaje ko abanya Uganda batanu bari mu bantu 15 biciwe mu gico cyatezwe abagenzi mu gihugu cya Sudani y’ Epfo.
Ku wa Kane w’ iki cyumweru nibwo umuntu...
Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo bakomeje kuzuza inshingano zabo zo kurinda amahoro muri iki gihugu ari nako bakomeza kubahiriza amabwiriza...
Kuri iki Cyumweru, itariki 13 Kanama, urugomo rwibasiye umujyi wa Nyala wo mu burengerazuba bwa Sudani ndetse n’ahandi muri leta ya Darfur y’Amajyepfo, nk’uko abatangabuhamya babitangaje, bituma...
Abatavugarumwe n’ubutegetsi bwa Sudani y’Epfo bashyigikiye Reik Machar bakozanyijeho maze abaturage bagera kuri 16 bahasiga ubuzima.
Ni imirwano yabaye kuri uyu wa Mbere tariki ya 10 Mata 2017,...