Minisitiri w’ umuirimo wa Sudani y’ Epfo Gabriel Duop Lam yeguye ku mirimo ye avuga ko agiye kwiyunga kuri Riek Machar uyoboye inyeshyamba zirwanya ubutegetsi bwa Perezida wa Sudani y’ Epfo Salva...
Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yahuye na mugenzi we Salva Kiir, i Juba muri Sudani y’Amajyepfo, mu biganiro bigamije gushaka uburyo impande zombie zahangana no kugarura amahoro n’umutekano mu...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports butewe impungenge n’umutekano wo muri Sudani ariyo mpamvu bwafashe umwanzuro wo kwandikira CAF bubifashijwemo na FERWAFA basaba ko umukino wo kwishyura w’ijonjora...
Kuri uyu wa Gatandatu nibwo Amavubi arakina umukino wa mbere wa gicuti na Sudan muri Tuniziya aho barakinira kuri Stade Mongi Ben Brahim mu mugi wa Sousse saa cyenda n’igice.
Umutoza w’ikipe...
Umuyobozi w’inyeshyamba muri Sudani y’Epfo, Gen. Gabriel Tanginye, byatangajwe ko yaguye mu mirwano yahuje imitwe yitwaje intwaro kuwa Gatatu tariki ya 04 Mutarama uyu mwaka.
Kuwa Gatanu tariki...
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gushyira ahagaragara abakinnyi 18 ihagurukana nabo kuri uyu wa gatanu berekeza muri Afurika y’Epfo gukina umukino ubanza wa CAF Confederation Cup na Al salaam Wau....
Perezida wa Sudani, Omar al Bashir, ushakishwa n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) ku byaha akekwaho by’intambara, yatumiwe na Arabia Soudite mu nama Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika...
Abagize inteko ishinga amategeko b’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, EALA, barasabira Sudani y’Epfo, u Burundi na Repubulika ya demukarasi ya Congo ibihano kubera ko bitatanze umusanzu...
Porogaramu ya ONU yita ku biribwa PAM, yavuze kuri uyu wa kane ko ikeneye byihutirwa miliyoni 162 n’ibihumbi 400 by’amadolari yo gufasha guverinema ya Cadi kwita kuri miliyoni 2 n’ibihumbi 300...
Rayon Sports yaraye yerekeje mu gihugu cya Sudani gukina umukino wo kwishyura wo mu ijonjora ryibanze ryo kwerekeza mu matsinda ya CAF Champions League idafite abatoza bayo 2, barimo uwongerera...
Minisitiri w’ingabo wa Sudani, Lieutenant-General Awad Mohamed Ahmed Ibn Auf, amaze gutangariza isi yose binyuze kuri TV ya Leta ko igisirikare cya Sudan cyakuye ku buregetsi Omar al Beshir...