Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yahaye inkunga igihugu cya Sudane y’Epfo ingana n’amadorali ya Amerika 500,000. Iyi nkunga ije nyuma y’isubikwa ry’uruzinduko yagombaga...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga, Christophe Lutundula, kuri uyu wa Mbere yavuze ko bandikiye Sudani bayisaba ibisobanuro, kuko ubu bwicanyi bwakozwe n’ingabo za Leta.
Ingabo za Sudani zimaze...
Abatuye i Khartoum mu murwa mukuru wa Sudani baravuga ko kuri iki cyumweru. intambara ikomeye yongeye kubura mu bice byo muri uwo mujyi nyuma y’uko igihe cyo gutanga agahenge cyumvikanyweho...
Ibitero bikaze by’indege byakubise uduce tw’amajyepfo y’umurwa mukuru wa Sudani, Khartoum uyu munsi kuwa kane, mu gihe habaga ubushyamirane hafi y’inkambi ya gisilikare, mu mirwano yakuye mu byabo...
Umwe mu bajenerali bahanganye muri Sudani, uyoboye abarwanyi barimo guhangana n’abasirikare b’igihugu, yabwiye BBC ko atazajya mu biganiro intambara idahagaze.
Ariko Gen Mohamed Hamdan...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko Abanyarwanda bose bari muri Sudani bafashijwe kuvayo, hasigaye yo babiri basigaye ku bushake...
Rayon Sports yigije imbere gahunda yayo yo kwerekeza muri Sudani gukina na Al Hilal mu mukino wo kwishyura wa CAF Champions League aho bazahaguruka kuri uyu wa Kane aho kuba kuwa Gatanu nkuko...
Ingabo z’u Rwanda zasimbuye abasirikare bazo bari mu butumwa bw’amahoro I Malakal muri Sudani y’Epfo. Batayo ya 89 niyo igiye gusimbura Batayo ya 75 irangije igihe cy’umwaka mu kazi mu Ngabo za Loni...
Mu biganiro Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo yaraye agiranye na Perezida Evariste Ndayishimiye w’Uburundi i Bujumbura, aba bategetsi bombi bumvikanye gushyigikira ingamba zafashwe mu kugarura...
Muri Sudani, igisirikare cya leta n’abarwanyi ba Rapid Support Forces (RSF) bayigometseho barashinjanya kurasa igisasu cyasenye ikiraro kiri ku rugomero rwa Jebel Awlia mu majyepfo ya Khartoum...
Umushumba wa Kiliziya Gatulika Papa Fransisiko kuri iki cyumweru yahamagariye impande zirwana muri Sudani kurambika intwaro hasi zikayoboka inzira y’amahoro. Yagaragaje ko ababajwe n’imvururu...
Kubera ikibazo cy’inyubako igihugu cya Sudani y’Amajyepfo gifite,bamwe mu baminisitiri n’abaguverineri bari gukorera munsi y’ibiti ndetse bajya ku kazi bagenda...