Muri Sudani, igisirikare cya leta n’abarwanyi ba Rapid Support Forces (RSF) bayigometseho barashinjanya kurasa igisasu cyasenye ikiraro kiri ku rugomero rwa Jebel Awlia mu majyepfo ya Khartoum...
Mu biganiro Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo yaraye agiranye na Perezida Evariste Ndayishimiye w’Uburundi i Bujumbura, aba bategetsi bombi bumvikanye gushyigikira ingamba zafashwe mu kugarura...
Abatavugarumwe n’ubutegetsi bwa Sudani y’Epfo bashyigikiye Reik Machar bakozanyijeho maze abaturage bagera kuri 16 bahasiga ubuzima.
Ni imirwano yabaye kuri uyu wa Mbere tariki ya 10 Mata 2017,...
Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo bakomeje kuzuza inshingano zabo zo kurinda amahoro muri iki gihugu ari nako bakomeza kubahiriza amabwiriza...
Kuri iki Cyumweru, itariki 13 Kanama, urugomo rwibasiye umujyi wa Nyala wo mu burengerazuba bwa Sudani ndetse n’ahandi muri leta ya Darfur y’Amajyepfo, nk’uko abatangabuhamya babitangaje, bituma...
Minisitiri w’ umuirimo wa Sudani y’ Epfo Gabriel Duop Lam yeguye ku mirimo ye avuga ko agiye kwiyunga kuri Riek Machar uyoboye inyeshyamba zirwanya ubutegetsi bwa Perezida wa Sudani y’ Epfo Salva...
Tombora y’uko amakipe azahura mu mikino nyafurika CAF Champions League na CAF Confederation Cup yaberaga Cairo mu Misiri kuri uyu wa gatatu tariki ya 21 Ukuboza 2016, isize APR FC izakina...
Umunyakenya Gen Leonard Muriuki Ngondi yagizwe umugaba mukuru w’ingabo za Loni n’iz’Afurika Yunze Ubumwe mu ntara ya Darfur muri Sudani (UNAMID/ MINUAD).
Ni inshingano yahawe n’Umunyamabanga...
Perezida Salva Kiir wa Sudani y’ Epfo yirukanye ku mirimo umuyobozi w’igisirikare Genaral Marial Chanuong Yol ndetse na Minisitiri w’imari, Stephen Dhieu Dau.
The EastAfrican ivuga ko ibi...
Ejo ku Cyumweru taliki ya 14 Nyakanga 2019, umutwe w’ubutegetsi witwaje intwaro (RSF), warashe mu mutwe umwe mu bigaragambya nk’uko bitangazwa n’abaganga bo mu ruhande rutavuga rumwe na...
Umutoza w’agateganyo wa Rayon Sports Kayiranga Baptiste yaraye akoresheje imyitozo ya nyuma ku kibuga cya Al Hilal barakiniraho uyu mukino wo kwishyura w’ijonjora ryibanze rya CAF Champions...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Ukwakira, umuryango w’abibumbye wambitse abapolisi b’u Rwanda 240 bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye bugamije kubungabunga amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo....
Kuri uyu wa Kabiri ushize, urugamba rwo mu murwa mukuru wa Sudan, Khartoum, rwaranzwe n’ibitero byinshi by’indege mu gihe ku rundi ruhande hagaragaye ibikorwa by’ubusahuzi ku rundi ruhande Arabia...
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru i Nairobi muri Kenya kuri uyu wa kabiri, Grandi yatabarije bikomeye abaturage ba Sudan bugarijwe n’amakuba y’intambara.