Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yagizwe umwere mu rubanza rujyanye no kumweguza, ibi bishoje icyo gikorwa cyo kugerageza kumweguza cyatumye politike y’Amerika icikamo...
Umuhanzikazi uri mu byamamare ku isi, Taylor Swift avuga ko ibyo Perezida Donald Trump yandika kuri Twitter muri iki gihe asanga ntaho bitandukaniye no kuba rutwitsi. Swift avuga ko Trump yita...
Perezida Donald Trump wa Amerika yajyanywe mu bwihisho bw’umutamenwa bwa White House ubwo abigaragambya bari bakamejeje imbere y’ibiro bye kuwa gatanu batera amabuye banahanganye na...
Jenerali James Mattis wari umunyamabanga wa Amerika ushinzwe ingabo yamaganye Perezida Donald Trump avuga ko ahembera amacakubiri akanakoresha nabi ubutegetsi...
Colin Powell wahoze ari umunyamabanga wa leta y’Amerika yanenze bikomeye uburyo Perezida Donald Trump yitwaye ku bijyanye n’imyigaragambyo yo kwamagana irondabwoko, avuga ko "yarenze" ku...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yasubiye ku kazi ndetse akoresha inama zitandukanye mu biro bye, nyuma y’icyumweru bamusanzemo coronavirus.
Mu gihe akomeje gushinja Komisiyo ishinzwe amatora muri amerika ko yamwibye amajwi, Donald Trump, yatangiye gufatirwa ibyemezo na televiziyo zikomeye ndetse n’imbuga nkoranyambaga muri...
Kuwa gatandatu w’icyumweru gishize nibwo Donald Trump aheruka kuboneka agaruka muri White House avuye i Sterling muri Virginia aho yariho akinira golf, amaze kubwirwa ko Joe Biden biboneka ko...
Donald Trump wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yajyanye mu nkiko Michael Cohen wahoze ari umunyamategeko we amusaba indishyi za miliyoni $500 kubwo kurenga ku masezerano bari...
Ku mugoroba w’uyu wa kane uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yasohotse muri kasho y’akarere ka Fulton County mu mujyi w’Atlanta nyuma y’iminota 20 ahageze agatabwa muri...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 13 Ukuboza 2016, Kanye West yahuye na Perezida Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Amerika ahigitse Hillary Clinton. Uyu muraperi n’ubwo atitabiriye amatora ya...
Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Leta zunze ubumwe za Amerika, ni uwa mbere ku rutonde rw’Abantu bashakishijwe cyane ku mbuga nkoranyambaga muri uyu mwaka wa 2016.
Urubuga rwa google...
Steve Bannon, watanze ubuhamya mu gitabo rutwitsi kivuga kuri Perezida Donald Trump, yahinduye imvugo ashaka kugaragaza ko uwacyanditse yagoretse ibyo yamubwiye.
Igitabo ‘Fire and Fury : Inside...
Umukinnyi wa filimi z’urukozasoni witwa Stormy Daniels yatangaje ko afite amafoto ya perezida wa USA Donald Trump yambaye ubusa ndetse agiye kuyashyira hanze,mu rwego rwo kumwihoreraho kubera ko...
Umuturirwa wa perezida wa USA Donald Trump uherereye mu mugi wa Baku muri Azerbaijan wafashwe n’inkongi y’umuriro,abashinzwe kuzimya umuriro baratabara.
Perezida wa Leta zunze Ubumwe Donald Trump yaraye atangaje ko igihugu cye kivuye mu masezerano yo kurwanya intwaro z’ ubumara zikorwa na Iran, Perezida wa Iran Hassan Rohani avuga ko Trump...
Melania Trump, umugore wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yavuze ko ateganya kugirira uruzinduko ku mugabane w’Afurika muri uyu mwaka wa 2018 nubwo bwose bitazwi neza aho...
Umukinnyi wa filimi z’urukozasoni Stormy Daniels yanditse mu gitabo cye ko igitsina cya Donald Trump baryamanye mu mwaka wa 2006 giteye nk’agapupe (tintin) kitwa Toad gakina mu mikino ya Video yo...
Umugore wa Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika muri iyi minsi ari mu ruzinduko muri Afurika aho azenguruka mu bihugu bya Afurika birimo Ghana, Kenya, Misiri na Malawi. Uyu mubyeyi akunze...
Umuraperi Clifford Harris uzwi nka TI yibasiriye umugore wa Donald Trump,Melania,ubwo yashyiraga hanze amashusho yamamaza indirimbo ye yitwa Dear 45, I Ain’t Kanye,yagaragayemo umugore usa na...
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yafotowe ari gutumura agatabi habura amasaha make ngo ahure na Donald Trump uyobora leta zunze ubumwe za Amerika.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika,Donald Trump,yasekeje benshi kubera ukuntu yiyemeye ku munyamakurukazi Elizabeth Jean Carroll wamushinje gushaka kumufata ku ngufu mu myaka ya 1990,avuga ko...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yasubije mugenzi we wa Iran uherutse gutangaza ko Iran igiye kwihorera kuri Amerika nyuma y’uko igisirikare cyayo cyishe umusirikare ukomeye...
Perezida wa Amerika Donald Trump yabwiye abarwanashyaka b’aba Republicans ko yakoze ibitangaza ariko bakanga kumuha igihembo cy’amahoro kitiriwe Nobel umwaka...
Inzego z’ubutasi za Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zaburiye ko Uburusiya buri kugerageza gufasha Perezida Donald Trump ngo azongere atorwe mu matora ateganyijwe kuba mu kwa cumi na kumwe, nkuko...