Umunyapolitiki utavugarumwe na Leta y’ u Rwanda wigezekuba Minisitiri w’ intebe w’ u Rwanda Faustin Twagiramungu yanyomoje amakuru avuga ko yitabye Imana tariki 14 Nzeli 2017.
Ibi abinyomoje mu...
Rutahizamu Lionel Messi yafashije ikipe ya Argentina kwerekeza mu gikombe cy’isi nyuma yo gutsinda ibitego 3 wenyine ikipe ya Ecuador mu gihe akababaro ari kose ku banya Chili babuze itike...
• Tour de France yatangiye mu mwaka wa 1903
• Maurice Garin niwe wegukanye Tour de France bwa mbere
• Tour de France ifite amateka maremare
• Tour de France yitabirwa n’amakipe 22 agizwe n’abakinnyi 9...
Umuririmbyi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melody yamaze gufata rutema ikirere yerekeza i Burayi aho agiye mu gitaramo yatumiwemo cyiswe ‘Ikinya Live in Bruseless’
Yavuganye n’umunyamakuru wa...
Ikipe ya Tout Puissant Mazembe izwi ku kazina ka Englebert ituruka mu gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo mu mugi wa Lubumbashi aho yashinzwe mu mwaka wa 1939, kuri ubu imaze...
Amatora yo kwemeza cyangwa gutesha agaciro ikifuzo cya Leta Zunze Ubumwe za America cyo guhindura Yeluzaremu umurwa mukuru wa Israel yarangiye iki kifuzo giteshejwe agaciro.
Iri tora ryabereye...
Benshi mu bafana b’ikipe ya Chelsea batangiye kwibasira umutoza Antonio Conte kubera ukuntu Michy Batshuayi aherutse kurekura akerekeza mu ikipe ya Borussia Dortmund yaraye yitwaye ubwo yatsindaga...
Umukinnyi Kevin De Bruyne uri mu bihe byiza mu ikipe ya Manchester City,yatangaje byinshi yanyuzemo mu buzima birimo gutwarwa umugore na mugenzi we bakinana mu Bubiligi Thibaut Courtois ndetse no...
Ikipe ya Manchester United yahaye amasezerano y’igihe kirekire umwana w’imyaka 17 ukomoka mu Burundi witwa Largie Ramazani nyuma yo kumukura mu ishuli ry’umupira w’amaguru rya Charlton umwaka ushize....
Mu mafoto yaciye ibintu turasangamo umugabo wafashwe asambana n’indaya mu kiriyo cy’ umugore we ,amafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga, amafoto agaragaza bamwe mu bakobwa bahatanye na Fanny...
Umukinnyi Harry Kane yongeye gucungura Ubwongereza kuko nyuma yo kubuheka akabugeza muri iki gikombe cy’isi, abufashje gutsinda ikipe ya Tuniziya ibitego 2-1 mu mukino wo mu itsinda G wabugoye...
Umubiligi Eden Hazard ukinira ikipe ya Chelsea FC yatangaje ko azaguma mu ikipe ya Chelsea ari uko yiyubatse kuruta iy’umwaka ushize yarangije shampiyona iri ku mwanya wa 5 ndetse aca amarenga ko...
Umukinnyi Angel Di Maria yatangaje ko atazigera yibagirwa ubugome bukomeye yakorewe na Real Madrid yahoze akinira akayihesha igikombe cya UEFA Champions Legue 2014,ubwo yamubuzaga gukina umukino...
Ikipe y’igihugu ya Brazil itsinze Mexico ibitego 2-0 mu mukino wa 1/16 wabereye mu mujyi wa Samara ibifashijwemo na Neymar wongeye kwereka isi yose ko ari...
Uwahoze ari umutoza wa Arsenal Arsene Wenger yatangaje ko kuri we nta kipe ifite abaturage bake aha amahirwe yo kwegukana igikombe cy’isi kiri kubera mu Burusiya, ndetse abona amakipe 3 arimo...
Ubufaransa butsinze Uruguay ibitego 2-0 mu mikino ya 1/4, bwiyongerera amahirwe yo kwegukana igikombe cy’isi kuko bukatishije itike yo kwerekeza mu mikino ya ½...
Rutahizamu Harry Kane abafana b’Ubwongereza bose bahanze amaso mu mukino w’uyu munsi barahuramo na Sweden yavuze ko barakora ibishoboka byose bagatuma abafana babo bishima muri uyu...
Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Croatia Luka Modric yatangaje ko kuba Croatia ikunda gutsindira mu minota y’inyongera ari ibyo Imana iba yateguye kuko amakipe yose batsindiye kuri bayarushije ahubwo...
Umukinnyi Fernandinho ukina hagati mu kibuga muri Brazil, ari mu mazi abira kuko bamwe mu bafana b’ikipe y’igihugu ya Brazil bakomeje kumwandikira ubutumwa bamubwira ko bazamwica kubera ko yagize...