Guverinoma y’Uburusiya yeguye nyuma y’uko Perezida Vladimir Putin asabye ko haba impinduka mu itegeko nshinga zishobora kumwongerera igihe ku butegetsi.
Umunyamideli ukomoka mu Burusiya Maria Liman w’imyaka 24,yasazwe n’ibyishimo ubwo Uburusiya bwasezereraga Espagne kuri penaliti 4-3,ahita ahamagaza ama cameras yifotoza yambaye ubusa ayo mafoto...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 30 Ukwakira 2017 Indege y’Uburusiya yari yabuze kuva ku munsi wa kane, yabonetse hasi mu mazi nko ku metero 200, ku nkengero za Barentsburg.
Igipolisi cya Norvege...
Raporo y’umuryango w’abibumbye yasohotse uyu munsi ivuga kw’ihohoterwa rikabije n’itsikamirwa ry’uburenganzira bwa muntu mu ntara ya Crimea.
Mu mwaka w’2014 ni bwo Uburusiya bwometse intara ya Crimea...
Jim Mattis, Umunyamabanga ushinzwe ingabo. wa Leta zunze ubumwe z’Amerika yagendereye igihugu cya Ukraine kuri uyu wa kane tariki ya 24 Kanama 2017. Ni nyuma y’uko iki gihugu cyiyobowe na Perezida...
Uburusiya bwohereje ibitwaro by’ubumara mu kazi hafi ya Koreya y’epfo n’Ubuyapani
Inkuru dukesha ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, ivuga ko kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Kanama 2017,...
Perezida w’ Uburusiya Vladmir Putin yavuze ko kwirukana abadiplomate ba Leta zunze Ubumwe za Amerika byaba ari ukwitesha agaciro, avuga ko Uburusiya butari bwirukane abadiplomate ba USA ahubwo ko...
Minisitiri w’intebe wa Ukraine yabwiye BBC ko hazaba "intambara ya gatatu y’isi" niba Ukraine itsinzwe n’Uburusiya mu ntambara barimo kurwana, ashishikariza inteko ishingamategeko y’Amerika kwemeza...
Minisiteri y’ingabo y’Uburusiya yavuze ko indege y’intambara yabo yarashe za bombe by’impanuka ku mujyi wa Belgorod wo muri iki gihugu uri hafi y’umupaka wa Ukraine.
Guverineri w’ako gace Vyacheslav...
Umugambi w’amahoro w’Ubushinwa kuri Ukraine ushobora gukoreshwa nk’ibanze mu kurangiza intambara, nk’uko Perezida Vladimir Putin abivuga.
Gusa Putin yavuze ko uwo mugambi ushoboka ari uko gusa...
Umwe mu bayobozi bakuru muri Pentagon yavuze ko intambara yo muri Ukraine idateze kurangira mu mwaka umwe cyangwa ibiri iri imbere kuko ingabo z’Uburusiya zidashobora gufata ubu butaka vuba....
Amerika ivuga ko yemeranya n’inshuti zayo zo mu burengerazuba ko kuba Iran iha Uburusiya indege ntoya z’intambara zitarimo umupilote (drone) birenga ku bihano yafatiwe n’umuryango w’abibumbye...
Gutera intambwe kwa Ukraine mu turere twa Kherson na Zaporizhzhia two mu majyepfo, kugeza ubu kuri ku kigero gito ugereranyije n’ibyo Ukraine yagezeho mu majyaruguru ashyira...
Korea ya Ruguru yatangaje ko itigeze igurisha intwaro ku Burusiya kandi ko nta migambi ifite yo kubikora mu gihe kizaza, ni nyuma y’ibyavuzwe na Amerika ko Moscow irimo kugana kuri Pyongyang mu...
Minisiteri y’Ingabo mu Bwongereza iremeza ko Ukraine irimo gutera intambwe igaragara mu kwisubiza uturere dutandukanye Uburusiya bwari bwarigaruriye.
Ingabo za Ukraine zemeza ko zigaruriye...
Ukraine yavuze ko amato ya mbere atwaye ibinyampeke ashobora kuva ku byambu byayo byo ku nyanja ya Black Sea "mu minsi" iri imbere, bijyanye n’amasezerano yanditse amateka yagizwemo uruhare...
Leta zunze ubumwe za Amerika igiye koherereza Ukraine izindi ntwaro zifite agaciro ka mirlyari y’amadolari kugira ngo ibashe gukomeza kwirwanaho mu ntambara n’Uburusiya.
Kuri uyu wa...
Ibiro bya perezida wa Amerika bivuga ko Perezida Vladimir Putin ayobywa n’abajyanama be bafite ubwoba bwo kumubwira ko intambara muri Ukraine irimo kugenda nabi.
White House ivuga kandi ko Putin...
Myugariro wa Arsenal, Hector Bellerin, avuga ko ari ’ivangura’ kuba hari ibihugu byafunze amaso ubwo hirya no hino habaga intambara zigahitana abantu benshi bakabyirengagiza ariko bakaba bakaba...