Umukobwa witwa Ingabire Habibah w’imyaka 20 y’amavuko wari uhagarariye u Rwanda mu marushanwa y’ubwiza ya Miss Supranational 2017, yatangaje ko yanyuzwe cyane n’umusaruro yakuye muri iri rushanwa...
Kugeza ubu abantu 9 nibo bamaze gutangazwa ko baburiwe irengero mu mu gihugu cya Tanzaniya, nyuma ubwato barimo buhamye mu Nyanja y’Ubuhinde kuri uyu wa Gatatu
Daily Monitor yatangaje ko inzego...
Mu gihugu cy’ Ubuhinde mu mujyi wa Mumbai, umugore yatwikishijwe acide n’umugabo we amuhora ko ngo yashatse akazi atamujyishije inama.
Umugabo witwa roobab Ali Sheik wo mu gace ka Malwani ho mu...
Mu mpera z’icyumweru gishize mu gace ka Madhupur mu Karere ka Mayurbhanj mu Buhinde baherutse guhana by’intangarugero abagore 5 bakekwaho amarozi, aho babahambiriye ku biti maze bakabahata ibiboko...
Mu gihugu cy’ Ubuhinde abantu bagera kuri 22 bapfuye biturutse ku mubyigamo wabereyemo muri gare ya moshi, abandi 30 barakomereka.
Ibi byabereye ahitwa Elphinstone mu gitondo cyo kuri uyu wa...
Perezida Vladimir Vladimirovich Putin w’Uburusiya, yatangaje ko umugambi wa Koreya ya Ruguru wo gukora intwaro kirimbuzi idashobora kuwuhagarika uko byagenda kose, ngo yakwemera ikarisha n’ibyatsi...
Basori, umugabo wo mu gihugu cy’ Ubuhinde ufite ubugufi budasanzwe, uyu mugabo yavutse neza nk’abandi bana ndetse mu mikurire ye wabonaga ntakibazo afite. Kuri ubu afite imyaka 50 y’amavuko ariko...
Aba Diplomate b’Abafaransa bashakaga kuza mu Rwanda ku matariki ya 09 na 10 Nyakanga 2017 kubonana na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda Louise Mushikiwabo; bimwe na Leta y’u Rwanda...
Perezida Rivlin wa Isiraheli na Netanyahu bajyanye guhura na Kagame ubwo imodoka yari imuzanye yari imugejeje ku rugo rwa Perezida Rivlin.Ibi biganiro byabaye muri iki gitondo cyo kuwa mbere...
Khadija Khatoon aturuka mu burasirazuba bw’Ubuhinde yavutse nta sura afite, nta maso nta mazuru nta n’umunwa.
Abaganga bo mu buhinde banze kumubaga batinya ko baramutse bamubaze yahita yitaba...
Koreya ya Ruguru ku wa Kabiri tariki ya 04 Nyakanga cyagerageje igisasu gihambaye ibisasu byose ifite gitera ubwoba Amerika kuko ivuga ko itaragira ubushobozi bwo gusama igisasu nk’ icyo...
Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Leta zunze ubumwe za Amerika, ni uwa mbere ku rutonde rw’Abantu bashakishijwe cyane ku mbuga nkoranyambaga muri uyu mwaka wa 2016.
Urubuga rwa google...
Kuri iki cyumweru tariki ya 19 Gashyantare 2017, Vice-Perezida wa India Hamid Ansari yatangiye urugendo rw’iminsi itanu mu Rwanda na Uganda, rugamije gukomeza umubano.
Visi Perezida w’u Buhinde,...
Abantu babarirwa mu bihumbi bitandatu mu bari bitabiriye igitambo cya Misa yo kuzirikana Abahowe Imana b’i Bugande baje baturutse mu bihugu by’amahanga, harimo n’u Rwanda. Ariko kandi, mu kwiyakira,...