Rutahizamu Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Juventus we n’umukunzi we Georgina Rodriguez,basuye urusengero rukomeye mu Butaliyani bivugwa ko arirwo bashobora gukoreramo...
Tanasha umukobwa wavugwaga ko agiye gukora ubukwe na Ali Kiba abinyujije kuri instagram yamaganye aya makuru avuga ko ari binyoma.
Hashize iminsi igera kuri 5 ku mbuga zitandukanye ndetse n’...
Umuhanzi wo mu gihugu cya Tanzania, Ommy Dimpoz wari umaze iminsi muri Kigali aho yari yaraje mu bukwe bw’inshuti ye The Ben, yamaze gusubira iwabo aho asize akoze imishinga...
Ubukwe bwa The Ben na Pamella buzabera muri Kigali Convention Centre, ku wa 23 Ukuboza 2023,byitezwe ko buzatahwa n’abantu batandukanye biganjemo ab’ibyamamare aba bombi...
Kuri uyu wa 17 Ugushyingo,nibwo hacicikanye amafoto y’abakinnyi babiri ba Sinema Nyarwanda, Delphine Ortha Uwase [Soleil] na Mazimpaka Wilson [Kanimba] bamenyekanye muri filime y’uruhererekane ya...
Umuhanzi The Ben ari kunengwa na benshi kubera guca ibihumbi 50 FRW abashaka kuzareba ubukwe bwe n’umukunzi we Pamella buzanyura ku rubuga rwabo [website].
Nyuma y’uko Judith Niyonizera ahanye gatanya byemewe n’amategeko na Safi Madiba bari barasezeranye biravugwa ari mu myiteguro yo gukora ubukwe n’umukunzi we bamaranye igihe mu munyenga...