Ikipe ya Manchester City yakoze ibyo benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru batatekerezaga itsindira PSG ku kibuga cyayo ibitego 2-1 mu mukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions...
Mu minsi ishize hacicikanye ifoto ya Miss Ingabire Grace ari kumwe n’umusore witwa Eliel Sando usanzwe ari umu producer. Iyi foto ikimara kujya hanze abantu benshi bahise bakeka ko hari urukundo...
Inka eshatu z’umworozi witwa Munyampamira Ildephonse, zapfuye nyuma yo kugaburirwa ibihumanya.
Uyu mugabo wari wororeye mu Kagari ka Bukinanyana mu Murenge wa Cyuve mu Karere ka Musanze, ku wa...
Mu minsi ishize twagiye tubabwira inkuru zitandukanye zigaruka ku mubano wa Yolo The Queen n’umuhanzi Drake uri mu ba mbere bakomeye hano ku isi. Ibi akenshi byagaragariraga ku rubuga rwa...
Ibihe bitatu by’ingenzi mu buzima bwa muntu ni ukuvuka,Gushyingirwa no gupfa. Gushyingirwa no kugira umuryango ni ikintu cy’ingenzi mu buzima. Umusore ugiye guhitamo umugore areba niba umukobwa...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryafatiye ibihano amakipe arimo Rayon Sports, Bugesera FC na AS Muhanga ndetse n’abakomiseri batandukanye bayoboye imikino barihanangirizwa,...
Umuyobozi w’ikipe ya Gasogi United,Kakoza Nkuriza Charles uzwi nka KNC yahishuye ko ashobora gufata umwanzuro wo kuva mu mupira w’amaguru kubera akavuyo kenshi kari mu bayobora umupira w’amaguru...
Umuyobozi wa Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles, asanga kuba shampiyona yarahagaritswe kubera ko Rayon Sports yagaragayemo abakinnyi banduye COVID-19 atari icyemezo gikwiye kuko andi makipe...
Umutoza wungirije wa Kiyovu Sports Kalisa Francois yatangarije abanyamakuru ko nubwo batsinzwe na Marines FC ibitego 3-0 ariko biteguye guha isomo rya ruhago APR FC bakayigerera mu kebo nkako Gor...
Ikipe ya Manchester United yasezerewe muri UEFA Champions League itarenze amatsinda nyuma yo gutsindwa na RB Leipzig ibitego 3-2 mu mukino wa nyuma w’amatsinda y’iri rushanwa yaranzwe no kuva mu...
Umugabo witwa Diego Molina wari mu batoranyijwe ngo batunganye umurambo wa Diego Maradona mbere y’uko ujyanwa mu nyubako ya ya perezidansi,yiforeje ku murambo w’iki cyamamare bimuviramo kwirukanwa...
John Legend w’imyaka 40 y’amavuko yasimbuwe na Michael B Jordan ku mwanya w’umugabo w’igikundiro gihebuje w’umwaka wa 2020 watowe n’Ikinyamakuru “People”, aba umwirabura wa gatatu ushyizwe kuri uyu...
Uyu munsi nibwo habaye imikino ya ¼ yo gushaka ikipe yerekeza mu kiciro cya mbere gusimbura Gicumbi Fc na Heroes zamanutse, aho Gorilla FC na Etoile de l’Est zatsinze zikatisha itike yo kuzahurira...
Umubyeyi w’abana 4 witwa Bianca Butler w’imyaka 26,arasaba ubutabera nyuma yo gukubitwa bikomeye n’umushoferi wa Taxi ibipfunsi mu maso amuziza ko yibagiriwe ibintu bye birimo na Telefoni mu modoka...
Nyuma y’amakuru yahwihwisaga iby’urukundo rwa Diamond n’umuhanzikazi Mimi Mars murumuna wa Vanessa Mdee,bakuyeho amazimwe bagaragara bari mu bwogero boga bahuje...
Taliki 19/8/2020 Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Mujawamaliya Jeane D’Arc yandikiye ibaruwa mugenzi we w’Uburezi Dr. Uwamaliya Valentine amumenyesha ko Minisiteri ayoboye iri kwangiza ibidukikije muri...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane taliki 20 Kanama, 2020,mu murenge wa Nyakiliba wo mu karere ka Rubavu habereye impanuka ikomeye aho ikamyo yagonganye n’imodoka nto yo mu bwoko bwa RAV4 abantu...
Ronaldo de Assis Moreira wamenyekanye cyane mu mupira w’amaguru nka Ronaldinho yishe amabwiriza yahawe muri hoteli afungiyemo atumiza abanyamideli bo muri Paraguay baza kubyinana...