skol
Kigali

Search: Uburusiya (972)

Umunyamideli yashyize hanze amafoto avugako ateye neza kurusha Kim Kardashian

Umunyamideli witwa Anastasiya Kivtko yashyize hanze amafoto avugako ateye neza kurusha kim kardashian kuri ubu ufatwa nk’umugore mwiza kurusha abandi ku...
28 May 2018 2013 0

ORA RESTAURANT muburyo bwo gushimisha abakiriya bayo yabateguriye tombora ku munsi w’umukino wa nyuma wa EUFA Champion...

ORA Restaurant yazirikanye abakiriya bayo ibashyiriraho uburyo bwo gutombora uko umukino wanyuma wa eufa champion’s league uzarangira.
25 May 2018 606 0

ISIS yatangaje ko izibasira abafana ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League y’uyu mwaka

Umutwe w’iterabwoba wa Islamic State wavuze ko uzibasira abafana bazerekeza I Kiev kureba umukino wa nyuma wa UEFA Champions League uzahuza ikipe ya Liverpool na Real Madrid ku wa Gatandatu...
20 May 2018 1162 0

Umuntu ukuze kurusha abandi bose yatangaje amagambo yatumye benshi batifuza kugeza ku myaka nk’iyo...

Umukecuru ufatwa nk’ukuze kurursha abandi bantu boseku isi kubera imyaka 128 afite witwa Koku Istambulova,yavuze ko imyaka afite ayifata nk’igihano Imana yamuhaye kuko atigeze amara nibura umunsi...
17 May 2018 3077 0

NTIBISANZWE!Hakozwe Robot zizanjya zikorana imibonano mpuzabitsina n’abakinnyi n’abafana mu gikombe...

Mu gihe habura iminsi igera kuri 34 ngo imikino y’igikombe cy’Isi itangizwe ku mugaragaro mu gihugu cy’Uburusiya abahanga mu gukora amarobo bamuritse amarobo akoranye ubuhanga azifashishwa...
11 May 2018 6349 0

Trump yakuye US mu masezerano ya Iran hari ubwoba ko bishobora guteza intambara

Perezida wa Leta zunze Ubumwe Donald Trump yaraye atangaje ko igihugu cye kivuye mu masezerano yo kurwanya intwaro z’ ubumara zikorwa na Iran, Perezida wa Iran Hassan Rohani avuga ko Trump...
9 May 2018 1469 0

ISIS yafashe umusirikare wa Syria imumanika ku nyubako aziritseho ibisasu ku mutwe

Ibyihebe byo mu mutwe wa ISIS byasakaje hirya no hino amafoto y’umusirikare wa Syria byafashe bimuzirika ibisasu ku mutwe biramumanika, ndetse birangira aturikiye kuri iyi nyubako yari...
1 May 2018 1367 0

Dore imihanda 12 iteye ubwoba cyane ku isi inyurwamo n’ umushoferi washiritse ubwoba gusa [AMAFOTO]

Nk’ uko bitangazwa na hareably ni uko iyi mihanda ari umwe mu mihanda iteye ubwoba,ihanamye ndetse igoye kuba wayigenderamo wenyine cyangwa ngo ugende utuje iyo mihanda usangamo Khardung La ,...
1 May 2018 6219 0

Reba urutonde rw’ibihugu 20 binini ku isi n’indimi bikoresha

Isi muri rusange ifite ibihugu 196, gusa byose ntago bingana. mukinyarwanda baravuga ngo uwabaje imitima ntiyayiringanije kimwe, uku ninako ibi bihugu bitangana. aha tugiye kurebera hamwe...
29 April 2018 12583 0

Ibanga ry’uburyo Diamond yahawe ikiraka cyo kuririmba mu gikombe cy’isi ryatahuwe

Nk’uko bisanzwe nyuma y’imyaka ine haba igikombe cy’isi,buri nshuro uko igikombe cy’isi cyitabiriwe usanga abahanzi batandukanye bahabwa akazi benshi bita ikiraka kuko karangira mu gihe kito.Umuhanzi...
27 April 2018 6050 0

Urutonde rwa telefone 10 zihenze ku isi mu mwaka wa 2018

Telefone zihenze ku isi mu mwaka wa 2018 turasangamo Diamond Rose iPhone, Supreme Goldstriker iPhone, iPhone 3G King’s Button, GoldVish Le Million ndetse n’ izindi. Telephone zigezweho...
23 March 2018 2867 0

Urutonde rw’ abakuru b’ ibihugu bayoboye igihe kirere cyane ku Isi

Vladimir Putin arahabwa amahirwe menshi yo gutsinda amatora ya Perezida w’ Uburusiya ateganyijwe muri Werurwe 2018, bizatuma ahita yinjira mu bakuru b’ ibihugu bayoboye kuva kuri kimwe ¼ cy’...
12 March 2018 3123 0

Derulo yahawe ikiraka cyo gukora indirimbo y’ igikombe cy’ isi

Umuhanzi w’ icyamamare Jason Derulo yasinye amasezerano na kompanyi ya Coca Cola yo kuzakora indirimbo izaririmbwa mu gikombe cy’ isi kizabera i Moscow mu gihugu cy’ uburusiya kuva taliki ya 14...
28 February 2018 667 0

Perezida Kagame yatangaje uko intambara zihora Sahel zarangizwa

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri ubu uyoboye Umuryango w’ ubumwe bw’ Afurika yavuze ko imikoranire inoze ariyo yarangiza intambara z’ urudaca ziri Sahel muri Maroc. Yabivugiye I Munich mu...
18 February 2018 2100 0

Umugabo yaciye ibiganza umugore we kubera kumufuhira

Umugabo witwa Dmitry Grachyov ukomoka mu gihugu cy’Uburusiya afunzwe azira guca ibiganza byombi by’umugore we witwa Maegaritta akoresheje ishoka kubera kumukeka ko yaba ari mu rukundo n’undi...
14 December 2017 2036 0

Perezida Trump yanenze FBI

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanenze n’uburakari bwinshi ibiro bishinzwe iperereza imbere mu gihugu, FBI. Akoresheje urubuga rwa Twitter, Trump yavuze ko isura y’urwo...
4 December 2017 525 0

FIFA yatangaje uko amatsinda y’igikombe cy’isi azaba ateye

FIFA imaze gutangaza uko amakipe yabonye itike yo gukina igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya umwaka utaha azahurira mu matsinda aho ikipe ya Portugal yisanze mu itsinda rimwe na Portugal rya B....
1 December 2017 1019 0

Ukraine: Yiturikirijeko grenade muri rukiko

Umugabo umwe yiturikijeho grenade ebyiri mu rukiko rw’uburasirabuza bwa Ukraine iramuhitana.Yari kumwe na mugenzi bashinjwa bose ubwicanyi nk’uko igipolisi cyabitangaje. Izo grenade zaturitse mu...
1 December 2017 978 0

Mu marira menshi Abataliyani babuze itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi

• Ubutaliyani bwabuze itike yo kwitabira igikombe cy’isi cya 2018 • Buffon yarize ayo kwarika nyuma yo kunanirwa kugeza Ubutaliyani mu gikombe cy’isi ahita asezera • Sweden yabaye igihugu cya 29...
14 November 2017 799 0

Messi yatangaje icyifuzo cye mu gikombe cy’isi cyo mu Burusiya

Rutahizamu Lionel Messi yatangaje ko yifuza kuzaba ari mu bihe byiza mu gikombe cy’isi cya 2018 kugira ngo afashe ikipe ya Argentina. Uyu rutahizamu yabitangarije abanyamakuru nyuma y’umukino...
12 November 2017 927 0

Urutonde rw’ibihugu 10 bifite igisirikare kirimo abakobwa beza b’ikimero kurusha ibindi-AMAFOTO

Muri iki gihe usanga ibihugu byinshi bitandukanye byo ku Isi bihangayikishijwe n’iterambere rigenda rizamuka umunsi ku munsi ,ndetse uko iterambere ryiyongera ni nako hagenda havuka ibintu bishya...
8 November 2017 9852 0

Uwayoboye ibikorwa byo kwiyamamaza bya Trump yashinjwe ibyaha 12

Paul Manafort wigeze kuyobora ibikorwa byo kwiyamamaza bya Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika yashinjwe ku mugaragaro ibyaha 12. Ibyo byaha birimo kugambanira Leta zunze ubumwe za...
31 October 2017 579 0

Ikirego nyuma y’ iperereza kuri Trump n’ u Burusiya

Robert Mueller, niwe uyoboye itohoza ku ruhare rw’Uburusiya Ibinyamakuru byo muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika byatangaje ko hari ibirego byatanzwe ku ruhare rw’ u Burusiya mu matora y’ umukuru wa...
28 October 2017 1169 0

Messi yahetse Argentina ayigeza mu Burusiya Sanchez ananirwa gufasha Chile

Rutahizamu Lionel Messi yafashije ikipe ya Argentina kwerekeza mu gikombe cy’isi nyuma yo gutsinda ibitego 3 wenyine ikipe ya Ecuador mu gihe akababaro ari kose ku banya Chili babuze itike...
11 October 2017 1006 0

Perezida Trump yaburiye Koreya ya Ruguru ngo ibangamiye umutekano wa Amerika

Inama rusange ya 72 y’Umuryango w’Abibumbye yatangiye imilimo yayo kuri uyu wa kabili ku cyicaro gikuru cya Loni i New York muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Abayobozi b’ibihugu 193 bigize Loni...
20 September 2017 771 0

Ambasaderi w’u Burusiya muri Sudani yasanzwe mu rwogero yapfuye

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Kanama 2017, Ambasaderi w’u Burusiya muri Sudani yasanzwe mu rwegero rwo mu rugo rwe yapfuye nk’uko Polisi yabitangaje.Abayobozi ku mpande zombi nabo bemeje urupfu...
24 August 2017 1240 0

Mu by’ ingenzi byaranze tariki ya 03 Kanama Perezida wa Mauritania yitabiriye ishyingura ahirikwa ku...

Turi tariki ya 03 Kanama, ni umunsi wa 215 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 150 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, uyu munsi umaze kuba ari ku wa kane inshuro 56. Bimwe mu bintu...
3 August 2017 881 0

Menya Umuganura, umuhango wahoze mu nzira z’ubwiru nka kimwe mu biranga tariki ya 01 Kanama

Turi tariki ya 01 Kanama ni umunsi wa 213 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 152 niyo isiagaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, uyu munsi umaze kuba inshuro 56 ari ku wa kabiri Mu mateka y’u...
31 July 2017 892 0

Soma ibyaranze tariki 28 Nyakanga mu mateka

Itegeko rikarishye No. 227. mu bya gisikare ry’ uwari umuyobozi w’ikirenga wa Repubulika zunze ubumwe z’ Abasoviyete Joseph Stalin ni kimwe mu byaranze tariki ya 28 Nyakanga. Turi tariki ya 28...
28 July 2017 395 0

Tariki 26 Nyakanga: Bwa mbere mu mateka umugore yemerewe kwiyamamariza kuyobora Amerika

Hillary Clinton yabaye umugore wa mbere wemerewe kuba mu bakandida biyamamariza kuyobora Leta zunze ubumwe z’America, ni kimwe mu byaranze tariki ya 26 Nyakanga. Turi ku wa gatatu tariki ya 26...
25 July 2017 398 0
0 | ... | 690 | 720 | 750 | 780 | 810 | 840 | 870 | 900 | 930 | 960