Umuhanzi ukora umuziki wa Bongo Fleva uzwi nka AT yatangaje imvano y’urwango ruba hagati y’Abasitari babiri b’abanyamuziki aribo Diamond Plutnumz na mugenzi we Alikiba. AT yavuze ko urwango rwabo...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame nyuma y’ igihe kirekire abantu baziko akina umukino wa tennis kuri ubu yagaragaje asigaye akina umukino wa Basketball.
Miss Erika Canela, wahize abandi mu kugira ikibuno kinini kuri iy’Isi , wishyizeho Tattoo y’ishusho ya Donald Trump ku mugongo ndetse no ku kibuno cye.
Ibifashijwemo na Gareth Bale winjiye mu kibuga asimbuye agahindura umukino ndetse n’amakosa akomeye y’umunyezamu Loris Karius,Real Madrid ibashije kwegukana igikombe cya UEFA Champions League ku...
Muneza Christopher uri mu bahanzi icumi bari guhatanira Primus Guma Guma Super Star yagiranye ikiganiro n’abakoresha urubuga rwa Facebook maze bamubaza inshuro yasambaniye adakoresheje...
Ubwo Neymar yatsindaga igitego cya kabiri mu mukino wa kabiri wo mu itsinda E wabahuje na Costa Rica,mushiki we Rafaella Santos ibyishimo byaramurenze yitura hasi ahita avunika...
Mu ruzinduko rw’ akazi Perezida wa Portugal Marcelo Rebelo de Sousa yagiriye I Washingtond DC muri Leta zunze Ubumwe za Amerika yarase umunyapoltugal Cristiano Ronaldo watakira ikipe ya Real...
Rutahizamu Harry Kane abafana b’Ubwongereza bose bahanze amaso mu mukino w’uyu munsi barahuramo na Sweden yavuze ko barakora ibishoboka byose bagatuma abafana babo bishima muri uyu...
Umukinnyi Paul Labile Pogba uherutse kwitwara neza mu gikombe cy’isi afasha Ubufaransa kucyegukana ashobora gusohoka mu ikipe ya Manchester United kubera umubano mubi afitanye na Cristiano Ronaldo...
Umuhanzi Ali Kiba uri mu bakunzwe muri Tanzania yamaze kumvikana n’ikipe ya Coastal Union FC ikina umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere muri Tanzania kuyikinira nk’uwabigize...
Bamwe mu bafana b’ikipe ya Manchester United bakoze ihuriro ku mbuga nkoranyambaga ryo guteranya miliyoni 12 z’amapawundi zo guha ubuyobozi bwa Manchester United kugira ngo bwirukane umutoza wabo...
Umuhanzikazi Queen Cha yakoze remix y’indirimbo ye Winner ikunzwe cyane mu rubyiruko,ayihinduramo indirimbo ivuga ibigwi bya Rayon Sports iherutse gukora amateka yo kuba ikipe ya mbere muri aka...
Abantu batandukanye bakurikiranira hafi ibyamamare byo mu Rwanda abenshi hari ibibazo bagenda bibaza ku bantu bamwe na bamwe bamamaye ahanini ntibabibonere ibisubizo,ari nayo mpamvu twahisemo...
Umukinnyi N’golo Kante ukina hagati mu kibuga mu ikipe ya Chelsea yongeye kwerekana ko ari umwe mu bakinnyi bicisha bugufi ku isi kubera ukuntu yasuye abafana baturanye bagasangira ndetse...