skol
Kigali

Search: Umufana (600)

Wari uziko urwango ruri hagati ya Diamond na Alikiba rukomoka kuri Real Madrid na Barcelona?

Umuhanzi ukora umuziki wa Bongo Fleva uzwi nka AT yatangaje imvano y’urwango ruba hagati y’Abasitari babiri b’abanyamuziki aribo Diamond Plutnumz na mugenzi we Alikiba. AT yavuze ko urwango rwabo...
7 June 2017 3122 0

Perezida Kagame yongeye kugaragaza indi mpano afite muri Siporo [AMAFOTO]

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame nyuma y’ igihe kirekire abantu baziko akina umukino wa tennis kuri ubu yagaragaje asigaye akina umukino wa Basketball.
25 April 2018 8418 0

Umwari yishizeho tatuwaje nk’ iyo Sheebah yashyize munsi y’ amabere [AMAFOTO ]

Keza Terisk yashyize hanze ifoto igaragaza tatouage yishizeho ku mugongo ‘ Karma’ isa neza niya Sheebah Karungi umuhanzikazi ukomoka Kampala muri Uganda yishyizeho munsi y’amabere...
5 May 2018 2442 0

Umukobwa ufite ikibuno cyiza ku isi yishyizeho ifoto ya Trump ku kibuno ndetse no mu mugongo [ AMAFOTO]

Miss Erika Canela, wahize abandi mu kugira ikibuno kinini kuri iy’Isi , wishyizeho Tattoo y’ishusho ya Donald Trump ku mugongo ndetse no ku kibuno cye.
6 May 2018 7193 0

Mu mafoto reba urutonde rw’abantu babaye ibyamamare mu Rwanda mu buryo budasobanutse harimo na Bikabyo...

UMURYANGO.RW twegereye abantu batandukanye bakurikiranira hafi ibyamamare byo mu Rwanda, badufasha gukusanya amazina y’ibyamamare 10, byageze kubwamamare bwabo muburyo budafite ibisobanuro...
12 May 2018 8648 0

Real Madrid yegukanye UEFA Champions League ku nshuro ya 13 [amafoto]

Ibifashijwemo na Gareth Bale winjiye mu kibuga asimbuye agahindura umukino ndetse n’amakosa akomeye y’umunyezamu Loris Karius,Real Madrid ibashije kwegukana igikombe cya UEFA Champions League ku...
26 May 2018 1229 0

Itsinda rya Urban Boyz ryitabiriye umuhango wo gushyingura umwe mu bafana babo wapfuye[AMAFOTO]

Uwiragiye Marie Claire yari umufana akaba n’umukunzi w’itsinda rya Urban Boyz, uyu mukobwa yari yibumbiye mubakunzi ba Urban Boyz bibumbiye mu itsinda bise “Swagger Family”. Itsinda rya Urban Boyz,...
30 May 2018 4202 0

Meddy yavuze ko atarasambana

Umuhanzi nyarwanda uba muri Leta zunze ubumwe za Merika uzwi ku izina rya Meddy yavuze ko nta mukobwa araryamana nawe ahubwo ko ari imanzi.
4 June 2018 2836 0

Christopher ntiyemera inshuro yasambaniyeho nta gakingirizo yambaye...menya byinshi bimwerekeyeho n’ikipe afana mu Rwanda no...

Muneza Christopher uri mu bahanzi icumi bari guhatanira Primus Guma Guma Super Star yagiranye ikiganiro n’abakoresha urubuga rwa Facebook maze bamubaza inshuro yasambaniye adakoresheje...
13 June 2018 4838 0

Mu mafoto reba urutonde rw’abakinnyi 10 bakoze ibyo abantu bise amarorerwa muri shampiyona y’Ubwongereza[AMAFOTO]

Umupira w’amaguru ugira amategeko menshi ariko nkuko tubizi ko hari abantu ingeso mbi ziba zarabayeho karande ku buryo kubahiriza amategeko biba bitoroshye niyo mpamvu tugiye kurebera hamwe...
14 June 2018 4345 0

Bakame yirukanwe muri Rayon Sports,Minnaert agiye gushakirwa indi mirimo

Umunyezamu Ndayishimiye Eric uzwi nka Bakame wari kapiteni wa Rayon Sports ndetse wari uyimazemo imyaka 5 yirukanwe muri iyi kipe azira kumvikana ayigambanira.
17 June 2018 3824 0

Umusore ari mu mazi abira nyuma yo gusomera umunyamakuru kuri televiziyo [AMAFOTO]

Umunyamakuru ukorera televiziyo mpuzamahanga ya Deutsche Welle, Julieth González Therán yatunguwe n’umusore waje akamusomagura ubwo uyu mukobwa yavugaga amakuru yabaga akokanya ari gutambuka kuri...
22 June 2018 2143 0

Mushiki wa Neymar yavunitse urutugu kubera kwishimira intsinzi ya Brazil [AMAFOTO]

Ubwo Neymar yatsindaga igitego cya kabiri mu mukino wa kabiri wo mu itsinda E wabahuje na Costa Rica,mushiki we Rafaella Santos ibyishimo byaramurenze yitura hasi ahita avunika...
28 June 2018 2053 0

Reba agahinda k’umukobwa w’uburanga wifotozanyije na Raila Odinga muri Hoteli bigateza impagarara ku mbuga...

Umukobwa witwa Seraphine Wambui Mbote ukomoka muri Kenya, yatangaje ko yatangiye guterwa ubwoba no gutukwa nyuma y’uko hasakaye amafoto ye ari kumwe na Raila Odinga wahataniye kuyobora...
28 June 2018 3483 0

Perezida Trump yateye ububyara mugenzi we agendeye kuri Cristiano Ronaldo

Mu ruzinduko rw’ akazi Perezida wa Portugal Marcelo Rebelo de Sousa yagiriye I Washingtond DC muri Leta zunze Ubumwe za Amerika yarase umunyapoltugal Cristiano Ronaldo watakira ikipe ya Real...
30 June 2018 3453 0

Harry Kane yatangaje byinshi mbere yo guhura na Sweden

Rutahizamu Harry Kane abafana b’Ubwongereza bose bahanze amaso mu mukino w’uyu munsi barahuramo na Sweden yavuze ko barakora ibishoboka byose bagatuma abafana babo bishima muri uyu...
7 July 2018 603 0

Supersexy yatutswe arandagazwa aryozwa kwifotoza agaragaza ikariso n’isutiye [AMAFOTO]

Supersexy abinyujije kuri instagram yashyize hanze amafoto agaragaza yiyambitse umwambaro ugaragaza ikariso ndetse n’isutiye bitera benshi kumwibazaho.
13 July 2018 3996 0

Abafaransa 2 baraye basize ubuzima mu birori byo kwishimira igikombe cy’isi batwaye [AMAFOTO]

Abakunzi b’umupira w’amaguru mu Bufaransa baraye mu birori byo kwegukana igikombe cy’isi cyaberaga mu Burusiya batsinze ibitego 4-2 ariko babiri muri bo baraye bahasize ubuzima kubera ibyishimo...
16 July 2018 2343 0

Ykee Benda yahawe urw’amenyo nyuma yo kujya mu Burusiya ntaririmbe

Abafana ba Ykee Benda bamuhaye urwamenyo nyuma yo kujya mu mukino usoza igikombe cy’isi ntaririmbe kandi byari byitezwe neza ko azaririmba.
17 July 2018 1134 0

Paul Pogba mu nzira zisohoka mu ikipe ya Manchester United

Umukinnyi Paul Labile Pogba uherutse kwitwara neza mu gikombe cy’isi afasha Ubufaransa kucyegukana ashobora gusohoka mu ikipe ya Manchester United kubera umubano mubi afitanye na Cristiano Ronaldo...
18 July 2018 2996 0

Umuhanzi Alikiba yasinyiye gukinira ikipe yo mu cyiciro cya mbere muri Tanzania

Umuhanzi Ali Kiba uri mu bakunzwe muri Tanzania yamaze kumvikana n’ikipe ya Coastal Union FC ikina umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere muri Tanzania kuyikinira nk’uwabigize...
26 July 2018 2661 0

Abafana ba Manchester United bakoze igikorwa gikomeye kigaragaza ko badashaka Jose Mourinho

Bamwe mu bafana b’ikipe ya Manchester United bakoze ihuriro ku mbuga nkoranyambaga ryo guteranya miliyoni 12 z’amapawundi zo guha ubuyobozi bwa Manchester United kugira ngo bwirukane umutoza wabo...
9 August 2018 2921 0

Uburanga bwa Shaddy Boo bwavugishije Amag The Black amutera Imitoma idasanzwe

Amag The Black yumvikanye mu ndirimbo avuga uburyo Shaddy Boo ari umuti .
16 August 2018 4647 0

Bakame n’umuryango we bakoreye impanuka I Nyamata[AMAFOTO]

Umunyezamu wa Rayon Sports uherutse guhagarikwa Ndayishimiye Eric uzwi nka Bakame yakoze impanuka y’imodoka ari kumwe n’umuryango we,Imana ikinga ukuboko kuko ntawahasize ubuzima gusa umufasha we...
22 August 2018 8754 0

Umugabo wanjye yambwiye ko azanyirukana mu rugo anziza gufana ikipe ya Rayon Sports- NKORE IKI?

Sinzi niba nabyita akarengane, sinzi niba nabyita uburwayi cyangwa se ishyari, ariko ntabwo norohewe kuko umugabo wanjye ampoza ku nkeke, ambwira ko ninkomeza gufana ikipe ya Rayon Sports...
1 September 2018 6998 0

Umugore ubyaye 3 yatangaje ko yifuza kubyarana n’imfura ya Zari

Umuhanzikazi Gigy Money yavuze ko yifuza kubyarana n’imfura ya Zari .
8 September 2018 20263 0

Queen Cha yakoze Remix ya Winner asingiza ikipe ya Rayon Sports

Umuhanzikazi Queen Cha yakoze remix y’indirimbo ye Winner ikunzwe cyane mu rubyiruko,ayihinduramo indirimbo ivuga ibigwi bya Rayon Sports iherutse gukora amateka yo kuba ikipe ya mbere muri aka...
11 September 2018 3955 0

Dore urutonde rw’abanyarwanda 7 babaye ibyamamare mu buryo budasobanutse n’ibyo bagiye bakora bigatuma...

Abantu batandukanye bakurikiranira hafi ibyamamare byo mu Rwanda abenshi hari ibibazo bagenda bibaza ku bantu bamwe na bamwe bamamaye ahanini ntibabibonere ibisubizo,ari nayo mpamvu twahisemo...
14 September 2018 5810 0

Umuhanzikazi Amber Lulu yatangaje impamvu akunda kwisanisha na Rihanna

Amber Lulu yavuze impamvu imutera kwisanisha na Rihanna aruko ariwe afata nk’ikitegererezo cye muri Muzika [RoleModel we].
15 September 2018 1638 0

N’golo Kante yongeye gukora igikorwa cyiza cyashimishije benshi mu bakunzi ba ruhago

Umukinnyi N’golo Kante ukina hagati mu kibuga mu ikipe ya Chelsea yongeye kwerekana ko ari umwe mu bakinnyi bicisha bugufi ku isi kubera ukuntu yasuye abafana baturanye bagasangira ndetse...
17 September 2018 3137 0
0 | ... | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | 270 | 300 | 330 | 360 | ... | 570