Sandra Kassim, nyina wa Diamond, akomeje kwibasirwa n’abatari bacye, atungwa agatoki mu kugira uruhare mu itandukana ry’umuhungu we Diamond Platnumz, n’uwahoze ari umukunzi we Tanasha...
Umuvugizi wa Rayon Sports, Nkurunziza Jean Paul ashobora gufatirwa ibihano bikomeye kubera amagambo yavuze ko FERWAFA atari umuyobozi w’amakipe ahubwo ari umukozi wayo kuko aribo...
Rutahizamu ukomoka muri Nigeria, Odion Ighalo yatangaje ko kugira ngo agere ku nzozi yakuze afite zo kuzakinira ikipe y’ikigugu mu Bwongereza, Manchester United,yemeye kugabanya umushahara...
Umunya Portugal, Bruno Fernandes,waraye asinyiye ikipe ya Manchester United yatangaje ko icyemezo cyo kuyerekezamo kitamugoye gufata kuko yakuze ayikunda kubera kabuhariwe Cristiano...
Isi yose ikomeje kurira no gufata mu mugongo umuryango wa Kobe Bryant, icyamamare mu mukino wa Basket, yaguye mu mpanuka ya kajugujugu ahita apfa ubwo yarikumwe n’umukobwa we, Gianna Maria-Onore...
Hashize umwaka n’igice Ronaldo avuye mu ikipe ya Real Madrid yerekeje mu ikipe ya Juventus,ibintu byagize ingaruka kuri benshi barimo na Lionel Messi wiyemerera ko akumbuye uyu...
Umugabo w’umuhanzikazi Dolly Parton witwa Carl Dean yafotowe bwa mbere ari mu ruhame nyuma y’imyaka 40 aba mu rugo atagaragara cyane kandi umugore we azwi hirya no hino ku...
Umuherwekazi Zari wabyaranye na Diamond Platnumz umwana yaguriye abana be telephone ihenze cyane isa neza n’iyo Platnumz aheruka kugurira umugore we Tanasha Donna bari kumwe ubu banaheruka...
Imirwano ikomeye yabereye ku kibuga cya Bloomfield Road mu mukino wahuzaga ikipe ya Blackpool na Fleetwood zo mu cyiciro cya 3 mu Bwongereza [League 1] birangira bageze mu kibuga...
Kuwa gatanu w’icyumweru dusoje nibwo umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya RAP muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ‘Kanye West yashyize hanze Album ye ya 2 yise “ Jesus is King”, ikaba yarateye urujijo...
Kapiteni w’ikipe ya Arsenal,Granit Xhaka ashobora kwamburwa ubuyobozi muri iyi kipe nyuma yo gusimbuzwa n’umutoza kuri iki cyumweru,abafana bamuvugiriza induru akabatuka ku babyeyi...
Ikipe ya Swansea City yo mu kiciro cya kabiri mu gihugu cy’Ubwongereza, yamaganye igikorwa cy’ubushinyaguzi cyakozwe n’abafana bayo bashinyaguriraga Nyakwigendera Emiliano Sala waguye mu mpanuka...
Perezida Kagame yakiriye mu biro bye Village Urugwiro myugariro w’ikipe ya Arsenal David Luiz uri mu ruzinduko mu Rwanda muri gahunda y’ubufatanye buri hagati y’iyi kipe yo mu Bwongereza na Arsenal...
Rutahizamu w’ikipe ya Liverpool yo mu gihugu cy’Ubwongeleza Sadio Mane ukomoka mu gihugu cya Senegal, ukomeje kugaragaza ko ari umukinnyi w’umuhanga ku rwego mpuzamahanga yagaragaye ari kumva...
Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Zarinah Tlale uzwi nka Zari Hassan yarakariye abafana be bo hirya no hino ku isi nyuma y’ifoto yashyizwe hanze numwe mubo bari kumwe akiyita ko ariwe King...
Mu minsi yashize nibwo inkuru zacicikanaga ku mbuga nkoranyambaga nka Instagram, ko umusore witwa Habiyaremye Zacharie wamamaye cyane nka Bishop Gafaranga ari mu rukundo na Nyampinga Mwiseneza...
Ubuyobozi bukuru bw’ikipe ya Rayon Sports bwasinyanye amasezerano y’amezi atandatu na kompanyi ya Gas Oil aho abafana ba Rayon Sports bazajya bagura ibikomoka kuri peteroli hakagira amafaranga ajya...
Minisitiri w’Ubuzima Dr.Diane Gashumba ufana bikomeye ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yishimiye ko iyi kipe yatangiye gufana agifite imyaka 4 yambuye Mukura VS igikombe cyo kwibuka padiri...
Rutahizamu Wayne Rooney ukina muri DC United muri US ariko wamamaye mu Bwongereza mu ikipe ya Manchester United na Everton,yarakajwe n’inkuru y’ikinyamakuru giherutse gutangaza amakuru y’uko...
Ubusanzwe amazina ye nyakuri ni Nkundimana Frederick yamenyekanye cyane ku izina rya Nkundamatch w’I Kilinda kubera guhamagara cyane kuma Radio yo mu Rwanda ndetse akaba n’umufana ukomeye wa Rayon...
Rutahizamu wa Chelsea Christian Pulisic yanze kujya mu ikipe ya Manchester United mu mwaka ushize kubera ko se umubyara yanga Jose Mourinho utajya uha amahirwe abana...