Mukerarugendo w’umwongereza w’imyaka 18, yahuye n’uruva gusenya ubwo yashakaga kwifata selfie ahagaze ku manga ndende izwi cyane mu mujyi wa Sydney,agwa mu mazi...
Umwongerezakazi wanyoye agasembuye kenshi yarangiza akajya kwishimira ko Ubwongereza bwabonye itike yo kwerekeza mu mikino ya ½ cy’irangiza butsinze Sweden ibitego 2-0 amena ibirahuri bya Ambulance...
Umwongereza wavukiye muri Kenya Christopher Froome umaze kwegukana Tour de France inshuro 4 zirimo 3 zikurikiranya ziheruka,yabwiwe ko atazitabira Tour de France kubera ko ashinjwa gukoresha...
Umukobwa w’Umwongereza usanzwe ari umunyamideli witwa Resham Khan wasutswe aside mu maso n’umugizi wa nabi ubwo yari mu modoka ari kumwe n’umuvandimwe we ubwo yari yujuje imyaka 21,yashyize hanze...
Umukobwa w’Umwongereza witwa Meg Taylor-Lilley w’imyaka 21 usanzwe ari umunyamideli,yateye indobo rutahizamu wa Everton, Dominic Calvert-Lewin kugira ngo ajye mu marushanwa y’urukundo aba arimo...
Umuhanzikazi w’Umwongereza Rita Ora yatunguye benshi ubwo yambariraga ubusa imbere y’umukunzi we Andrew Watt ndetse n’abantu bari kumwe ku mucanga w’ahitwa Tuscany mu Butaliyani bamaze iminsi...
Umukobwa w’Umwongereza utamenyekanye yateye icyuma umugizi wa nabi wamuteze ashaka kumufata ku ngufu mu masaha ya mu gitondo,nk’uko amakuru atangwa na polisi...
Umuraperi Drake umaze iminsi asiragira mu rukundo nyuma yo gutandukana na Jennifer Lopez,yamaze kwishumbusha Umwongereza witwa Lateysha Grace yahuye nawe ubwo yari mu...
Idris Elba avuga ko we n’umugore we batabyaye, aya ni amakuru yari yatangiye gukwirakwira mu bitangazamakuru bitandukanye, bavugako uyu mugabo yibarutse umwana w’umukobwa ndetse abakunzi be bari...
Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagarutse ku bihe bya ‘Guma mu rugo’ yanyuzemo n’umuryango we, ariko by’umwihariko umusore Rory Farquharson ukundana n’umukobwa we...
Uwahoze ari umukinnyi wa Liverpool na Chelsea, Daniel Sturridge,arashinjwa ubwambuzi bw’ibihumbi 37 by’amapawundi n’umuntu wamutoraguriye imbwa ye yari yabuze mu rugo rwe ruherereye mu mujyi wa Los...
Real Madrid yemeranyijwe na Borussia Dortmund ku masezerano yo kugura umukinnyi wo hagati w’Umwongereza Jude Bellingham kuri miliyoni 103 z’ama-Euro (miliyari 124Frw).
Uyu mukinnyi w’imyaka 19,...
Nyuma y’amezi hafi atatu umukinnyi w’igihangange mu mupira w’amaguru Lionel Messi atangiye gukinira ikipe ya Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, amaze kuzana impinduka muri shampiyona...
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 04 Kanama 2017 nibwo abakunzi b’imikino ngororamubiri bategerezanyije amatsiko shampiyona y’isi y’iyi mikino iraza kubera mu mugi wa London aho izasozwa ku italiki ya 13...