Ingabire Butera J’ean D’Arc wamamaye nka Butera Knowless muri muzika Nyarwanda, avuga ko we n’umutware we ari ikipe itsinda, ngo yanyuze mu bizazane bikomeye ariko barakomeje kugeza ku itsinzi...
Nyuma yo gukorana umuganda n’abaturage usoza ukwezi kwa cumi kuri uyu wa 28 Ukwakira 2017 Perezida Paul Kagame yahise afungura kumugaragaro ikibuga cya Cricket cyuzuye mu i Gahanga mu Rwanda....
Umwongereza Wayne Rooney w’imyaka 31 ukinira ikipe ya Everton yashyize akadomo ku bijyanye no kongera gukinira ikipe y’igihugu cye ya “ Three lions” yari amaze imyaka 14 akinira ndetse akaza guca...
Umunya Irlande w’imyaka 29 Conor Mcgregor yatangaje ko yiteguye kwigaranzura Floyd Mayweather mu murwano uzabahuza mu rukererera rwo kuri uyu wa gatandatu taliki ya 26 Kanama uyu mwaka umurwano...
Umunyarwanda Mugisha Samuel ukina umukino wo gusiganwa ku magare mu ikipe ya Dimension Data for Qhubeka y’abatarengeje imyaka 23 yishimiye guhura n’igihangange mu mukino wo gusiganwa ku magare...
Hirya no hino ku isi hari abagore usanga bafite ubwanwa rimwe na rimwe bakaburusha n’abagabo.Bamwe muri aba bavuga ko biterwa n’uburwayi abandi ngo niko baba baravutse.
Harnaam Kaur ni umwe mu...
Ikipe ya Real Madrid irifuza gutanga abakinnyi bayo batatu bakomeye Gareth Bale, Karim Benzema na Luka Modrid kugira ngo ibone rutahizamu Harry Kane nkuko amakuru dukesha ikinyamakuru The Sun...
Ikipe ya Arsenal iri mu bihe bibi muri iyi minsi ishobora gusezerera abakinnyi bagera ku icyenda muri iyi mpeshyi kubera umusaruro wabo ugerwa ku mashyi ndetse ntacyo wafashije iyi kipe mu mwaka...
Umwongereza witwa Danniella Westbrook umenyerewe mu gukina amafilimi no gukora ibiganiro kuri televiziyo yatunguye abantu ubwo yagaragaye ku Nyanja ari koga yambaye ubusa ndetse amabere ye yose...
Umwongereza witwa Charles Burnett III wari ufite agahigo ko gutwara imodoka ku muvuduko mwinshi kurusha abandi mu Isi, n’ Umuyobozi utavugaga rumwe n’ ubutegetsi bwa Zimbabwe ni bamwe muri batanu...
Umwongereza witwa Hayes na bagenzi be bari mu modoka basura parike ya Serengeti bahuye n’uruva gusenya ku munsi w’ejo ubwo urusamagwe rwinjiraga muri iyi modoka barimo itari ifunze ibirahuri...
Umunyeshuli witwa Kiara ukomoka mu mujyi wa Sydney muri Australia yashyize ku mbuga nkoranyambaga ko yifuza kugurisha ubusugi bwe ndetse umukire ufite amafaranga yazabakaganira.
Uyu mukobwa...
Umukinnyi Mohamed Salah arashinjwa gukubita urushyi mu maso myugariro Bruno Martins Indi bishobora kumuviramo ibihano byo guhagarikwa imikino 3 ya shampiyona isigaye,ntabashe guca agahigo ko kuba...
Umukinnyi Wayne Rooney ukina mu ikipe ya Everton ashobora kuyivamo akerekeza muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika aho bivugwa ko agiye kugura inzu y’akataraboneka mu mugi wa Washington ituranye no kwa...