Nubwo muri iyi minsi urukundo rwakonje kuri bamwe,hari abantu bagenda berekana ibimenyetso ko hari aho rukiriho,nka Jamie Fox wemeye kwambika impeta y’urudashira umukunzi we Zanele Ndlovu uherutse...
Inteko ishinga amategeko ya Zimbabwe yavuze ko igiye gutumiza Robert Mugabe wahoze ari Perezida wa Zimbabwe agatanga ibisobanuro ku irengero rya miliyari 15 z’ amadorali y’ Amerika zavuye mu...
Karuvati ya Perezida mushya wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa yagurishijwe mu cyamunara ibihumbi 15 by’ amadorali y’ Amerika mu muhango wabereye ahitwa Victoria nk’ uko BBC yabitangaje.
Ngo Mnangagwa...
Abagabo 13 bo mu gihugu cya Zimbabwe bari guhatanira ikamba ry’umugabo mubi kurusha abandi muri iki gihugu kiyobowe na Perezida Robert Gabriel Mugabe w’imyaka 93 y’amavuko.
Mr Ugly, ni amarushanwa...
Abaturage bo mu Mudugudu wa 5 wa Inyathi, muri Zimbabwe batangaje inkuru idasanzwe ivuga ko inzoka y’amayobera irimo ’gufata ku ngufu’ abagore, igakubita abagabo bafite ibibazo byo gutera akabariro...
Mu buryo busa n’ubutamenyerewe mu mico itandukanye, umugore wo mu gihugu cya Zimbabwe wari usanzwe ari indaya yashyinguranwe udukingirizo n’inzoga benshi batangarira uyu muhango wo gushyingura...
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 29 Nzeri 2021, mu kiganiro cyakurikiye itangizwa ry’inama yiga ku bucuruzi n’ishoramari hagati y’u Rwanda na Zimbabwe, inama izwi nka Rwanda- Zimbabwe Trade and...
Kuri uyu wa 23 Werurwe 2021, Minisitiri w’Intebe Wungirije ushinzwe Ubutabera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Bernard Takayishe yatangaje ko Leta ifite gahunda yo kuvana Gen. John...
Kompanyi y’indege ya leta y’u Rwanda,Rwandair, yatangaje ko kuva uyu munsi kuwa mbere ihagaritse by’agateganyo ingendo zijya i Johannesburg, Lusaka na Harare kubera ubwoko bushya bwa...
Grace Mugabe, umugore wa nyakwigendera Robert Mugabe wahoze ari perezida Zimbabwe,yakuriweho ibihano yari yarafatiwe n’Umuryango w’Ibihugu by’Ubumwe bw’Uburayi...
Perezida Mugabe yanze kuva ku butegetsi
Mu ijambo yatangambukije kuri televiziyo y’ igihugu ZBC Perezida wa Zimbabwe Robert Gabriel Mugabe yanze gutanga ubutegetsi anongeraho ko ari we uzayobora...
Pasiteri Phillip Mugadza wahanuye ko Perezida Robert Mugabe wa Zimbabwe yagombaga gupfa kuwa Kabiri Tariki ya 17 Ukwakira 2017, yatangaje ko bitagikunze kuko Imana yisubuyeho.
Muri Mutarama uyu...
Abakuru b’ibihugu bitandukanye bo muri Afurika barimo n’abahagarariye za guverinoma bateraniye i Harare mu murwa mukuru wa Zimbabwe,Harare, gusezera ku murambo wa Robert Mugabe wahoze ari...
Umwana w’ umukobwa w’ imyaka 13 y’ amavuko yahawe ibihembo nyuma yo gutabara abantu barenga 300 bari muri gare ya moshi. Uyu mwana wo mu gihugu cya Zimbabwe yabujije gare ya moshi guhaguruka muri...
Umukwe wa Robert Mugabe wahoze ari Perezida wa Zimbabwe yatawe muri yombi na polisi y’ iki gihugu azira gufata bugwate umunyamategeko wa kampani itwara abagenzi mu ndege...
Mandiitawepi Chimene, wahoze ari Minisitiri w’intara ya Manicaland mu gihe cy’ubutegetsi bwa Robert Mugabe, biravugwa ko yahungiye mu gihugu cy’u Burundi aho ashakishwa kubera ubujuru bw’inyama...