Umunyezamu George Chigova wakiniye Zimbabwe hagati ya 2011 na 2019, yitabye Imana aguye mu kibuga ubwo yari mu myitozo mu Ikipe ye ya Supersport yo muri Afurika...
Ignatius Chombo, wari Minisitiri w’ imari, uri mu bafashwe ubwo igisirikare cyafataga ubutegetsi muri gahunda cyavuze ko igamije gusubiza ibintu ku murongo kuri uyu wa Gatandatu yagejwe imbere y’...
Umugabo witwa William Masvinu wo muri Zimbambwe ari mu byishimo bikomeye nyuma yo kwegukana umwanya wa mbere mu bantu babi mu gihugu kuri we ngo ni ishema rikomeye.Ni mu birori byabaye kuwa kane...
Umukobwa wo muri Zimbabwe witwa Uyauya wari wasuye u Rwanda avuga ko yahagiriye ibihe byiza ariko asharirirwa ubwo yangirwaga kwinjira mu kabyiniro ka Cocobean kari mu duharawe cyane mu Mujyi wa...
Zimbabwe police said Tuesday they had arrested two suspects over the grenade blast at an election rally that killed two people and narrowly missed President Emmerson...
Umurobyi wo mu gihugu cya Zimbabwe yahuye n’uruva gusenya ubwo yaterwaga n’ingona ari mu kazi ke,iramwica ariko yabanje kumuca igitsina nkuko ibinyamakuru byo hirya no hino ku isi...
Ikinyamakuru Reuters cyatangaje ko Kembo Mohadi w’imyaka 71 wari visi perezida mu gihugu cya Zimbabwe yeguye kuri iyi mirimo ye kugira ngo arengere izina rye rikomeje kwangirika kubera ibyaha...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Ugushyingo 2023,benshi bategereje umukino uhuza u Rwanda na Zimbabwe mu ijonjora ryo gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya...
Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe yagiye ahabona bwa mbere uyu munsi kuwa gatanu kuva igisilikare kimucungiye iwe mu rugo mu ntangiriro z’iki cyumweru.
Mugabe yari mu muhango wo gutanga...
Ubuyobozi bw’Ishyaka riri ku butegetsi muri Zimbabwe, ZANU-PF, buravuga ko bwirukanye ku buyobozi bw’iryo shyaka Robert Mugabe.
Emmerson Mnangagwa uherutse kwirukanwa na Mugabe ku mwanya wa...
Ishyaka rya Zanu PF ryatangiye gahunda yo kweguza Perezida Robert Mugabe nyuma y’uko ananiwe kwivana ku butegetsi.
Ubuyobozi bw’iri shyaka buvuga ko kuri uyu wa Kabiri burageza imbere y’Inteko...
Harare-Perezida mushya wa Zimbabwe Emmerson Munangagwa yarahije abagize Guverinoma nshya abasaba gukorera hamwe muri iki gihe igihugu cyasubiye inyuma mu bukungu.
Ni kunshuro ya mbere mu mateka...
Umwongereza witwa Charles Burnett III wari ufite agahigo ko gutwara imodoka ku muvuduko mwinshi kurusha abandi mu Isi, n’ Umuyobozi utavugaga rumwe n’ ubutegetsi bwa Zimbabwe ni bamwe muri batanu...
Umudepite wo mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Zimbabwe wari washimuswe we na bagenzi babiri nyuma y’imyigaragambyo i Harare, babasanze bajugunywe ku nzira bakubiswe bikomeye nk’uko iri...
Abagabo 13 bo mu gihugu cya Zimbabwe bari guhatanira ikamba ry’umugabo mubi kurusha abandi muri iki gihugu kiyobowe na Perezida Robert Gabriel Mugabe w’imyaka 93 y’amavuko.
Mr Ugly, ni amarushanwa...
Karuvati ya Perezida mushya wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa yagurishijwe mu cyamunara ibihumbi 15 by’ amadorali y’ Amerika mu muhango wabereye ahitwa Victoria nk’ uko BBC yabitangaje.
Ngo Mnangagwa...