Umuhanzikazi akaba n’umukinnyi wa filime ukomoka mu gihugu cya Nigeria akibera muri Leta zunze Ubumwe za Amerika yakuriye inzira ku murima Abanyanigeria bamusaba kureka gukina filimi z’urukozasoni...
Uyu muhanzikazi wo mu gihugu cya Afurika Yepfo aganira n’itangazamakuru yatangaje ko akora uko ashoboye ngo agaragariza abafana be ikimero na Tatouage iri ku kibero cye gusa akaba aterwa agahinda...
Supersexy abinyujije kuri Instagram yishyuriye itike y’igitaramo umwe mu bakobwa bo mu Rwanda wavuze ko amukunda kubera ko ariwe bateye kimwe mu Rwanda. Kuri uyu wa kabiri Taliki ya 6 Ukwakira...
Nyuma yo gutsindirwa ku mukino wa nyuma wo kwibuka mu makipe y’imbere mu gihugu na Espoir BBC aho yayitsinze amanota 61 kuri 58 ikipe ya REG BBC y’ umutoza John Bahufite yiteguye gukosora amakosa...
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram umukinnyi Mugisha Francois usanzwe ukina hagati mu ikipe ya Rayon Sports amaze kongera amasezerano y’imyaka 2 muri Rayon Sports azamugeza mu mwaka wa 2019....
Nyuma y’aho ikipe ya Espoir itwariye igikombe cyo kwibuka mu makipe ya hano mu Rwanda ku munsi w’ejo hari hatahiwe imikino yo kwibuka mu makipe yahano mu Rwanda no hanze aho amakipe y’ibigugu yari...
Ikipe ya Cote d’Ivoire nyuma yo gusezererwa mu matsinda y’igikombe cy’Afurika giheruka kubera muri Gabon yatangiye nabi mu marushanwa yo gushaka itike ya CAN 2019 aho yatsindiwe mu rugo na Guinea...
Ikipe y’igihugu mu mupira w’amaguru y’ u Rwanda yongeye gutsindwa umukino mpuzamahanga kuri iki cyumweru ubwo yatsindwaga na Centrafrika ibitego 2-0 mu mikino yo gushaka itike yo kwerekeza mu...
Mu rukererera rwo kuri uyu wa Mbere nibwo benshi bari bategereje kureba niba Gorden state Warriors iri buze gutwara igikombe cya gatanu cyangwa se niba iraza gutakaza umukino wa 5 w’imikino ya...
Ku munsi w’ejo nibwo ikipe ya Kiyovu Sports izacakirana n’ikipe ya Rayon Sports ku Mumena aho abakinnyi ba Rayon Sports batangaje ko biteguye kumanura mu cyiciro cya kabiri Kiyovu Sports isabwa...
Ni bake bafite icyo bazi ku rukundo rw’umuhanzi The Ben ,ariko nyamara ubwo aheruka muri Afurika y’ Epfo mu kiganiro yagiranye n’imwe mu maradio yaho yagize icyo atangaza ku rukundo rwe no ku...
Hasigaye iminsi itatu gusa ngo igitaramo cya nyuma kizatangirwamo igihembo nyamukuru ku muhanzi uzegukana irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya karindwi amenyekane, Humble Jizzo...
Ikipe ya Liverpool yongeye kugura undi mukinnyi w’umunyafurika Mohamed Salah w’umunya Misiri imukuye mu ikipe ya AS Romaaho uyu musore w’umunyafurika aje ukurikiye umusore Sadio Mane baguze umwaka...
Isomere bimwe mu bintu bikuru bikuru mu baranze uyu munsi mu mateka birimo n’ivuka ry’igihangange mu mupira w’amaguru Zinedine Zidane.
Turi tariki ya 23 Kamena, ni umunsi w’174 mu minsi 365 igize...
Itsinda rya Dream Boys yegukanye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ryabaga ku nshuro ya karindwi. Ni mu birori bikomeye byabereye kuri Petit Stade byasojwe mu ijoro ryo kuri uyu wa...
Umusore Christopher Froome umwongereza ukina umukino wo gusiganwa ku magare mu ikipe ya Sky yatangaje ko nubwo amaze gutwara iri rushanwa rikomeye ku isi mu gusiganwa ku magare ubugira 3, uyu...
Mu mukino ubanza wa kimwe cya kabiri cy’igikombe cy’amahoro wabaga kuri uyu wa mbere Taliki ya 26 Kamena umaze kurangira ikipe y’Amagaju yari mu rugo I Nyagisenyi inganyije na APR FC igitego 1-1 aho...
Ndayishimiye Malik Bertrand uzwi cyane nka Bull Dogg wari umwe mu bahatana muri Primus Guma Guma Super Star yabaga ku nshuro ya karindwi ntiyumva neza impamvu ategukanya umwanya wa mbere mu gihe...