Kuri uyu wa mbere tariki ya 28 Kanama 2017, Leta ya Kenya yamaze kwemeza bidasubirwaho ko umuntu uzajya afatananywa, atemberana cyangwa se acuruza amasashi azajya acibwa amadorali ya Amerika...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryaguye mu gihombo cya miliyoni 500 nyuma y’amakosa ryakoze mu minsi ishize mu bijyanye no guha akazi ba rwiyemezamirimo. Amakuru dukesha...
Perezida Joseph Kabila wa Repubukika iharanira Demokarasi ya Congo yahaye akazi Amb.Eugene Gasano wahoze ahagarariye u Rwanda muri Loni ko gushaka inzira zose zishoboka ngo imitungo ye n’abambari...
Mu gihugu cya Brezil hari kubera imiyereko y’abakobwa 27 bari guhatanira ikamba rya miss urusha abandi kugira ikibuno cyiza ndetse giteye amabengeza.
Mu gihe bimenyerewe ko ku Isi habaho...
Umuryango wa Perezida w’ u Burundi Pierre Nkurunziza kuri uyu wa Mbere tariki 6 Kanama washyikirije banki nkuru y’ u Burundi (BRB) akayabo k’ amadorari yo gushyigikira amatora ataha y’ umukuru w’...
Imwe mu mazu ya Ivan Ssemwanga yashyizwe ku isoko, n’abagize umuryango we, ku kayabo ka miliyoni 100 z’Amashilingi yo muri Uganda mu rwego rwo guhosha amakimbirane yavutse ku mitungo y’uyu mugabo...
Polisi ya Malawi yatangaje ko Madamu Joyce Banda wabaye Perezida wa Malawi kuri ubu arimo gushakishwa n’ inkiko kubera ibirego bya ruswa bivugwa ko yagizemo uruhare ubwo yari akiri ku butegetsi...
Umukinnyi akaba na rutahizamu w’ikipe ya FC Barcelona ndetse na Argentine kuri ubu ibyishimo ni byose nyuma y’ubukwe bw’akataraboneka aheruka gukora, kuri ubu ari kwishimana n’umukunzi we mu buryohe...
Turi tariki ya 07 Nyakanga ni umunsi 188 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 177 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki abantu bane bacuze umugambi wo kwica Perezida wa Leta...
Taliki 11/5/2017 nibwo abakorera mu nyubako ya UTC y’Umunyemali Rujugiro n’abandi bafatanyije babonye amaruwa ababwira ko igiciro cy’ubukode kizazamuka kuva mu kwezi kwa Nyakanga uyu mwaka kikagera...
Ubusanzwe umunyapoliti afite inshingano zo gukorera Sosiyete ye ,igihugu cye, gutekereza bikomeye,kuvugwa neza cyangwa nabi hagendewe ku bikorwa bye.Umurimo wa Politiki ubu usigaye ufite...
Perezida Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Leta zunze ubumwe z’ Amerika ngo umutekano we utwara miliyoni y’ amadorari buri munsi. Ni ukuvuga miliyari 820 mu manyarwanda.
Ibi ni ibitangazwa...
Ikipe ya Rayon Sports yatumiwe mu gihugu cya Tanzania mu marushanwa yiswe ’Star Times cup’. Rayon sports izahahurira n’amakipe akomeye muri Africa, bizayifasha kwitegura neza CAF Confederations Cup...
Umuraperi Tyga arashinjwa n’umugabo witwa Alex Benedict, kutuzuza amasezerano bagiranye igihe yamukodeshaga imdoka yo mu bwoko bwa Ferrai kuva muri Mata uyu mwaka.
Uyu mugabo avuga ko Tyga yaje...
Minisitiri w’ibikorwa remezo mu Rwanda, James Musoni, aravuga ko bitarenze mu mwaka wa 2019, ikibuga cy’indege mpuzamahanga kizubakwa i Bugesera kizaba cyararagiye kubakwa kigatangira gukoreshwa...
Abahinzi b’ ibirayi bo mu turere twa Musanze, Burera, na Nyabihu batangiye gukorera utudege tutangira abapilote “Drone” mu buhinzi bw’ ibirayi.
Kuri uyu wa 7 Ukuboza 2016, nibwo ikoreshwa ry’ utu...
Dr Donald Kaberuka wabaye Perezida wa Banki Nyafurika itsura Amajyambere (BAD) mu gihe cy’imyaka 10, yagizwe Umujyanama Mukuru mu Kigo cy’Abanyamerika gikora ubugenzuzi, Boston Consulting Group...
Umuyobozi mukuru wa sosiyete ikora indege, Boeing, yahuye na perezida mushya wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump bemeranya gukora indege nshya ya Air Force One ku giciro gito nyuma y’uko...
Arnold Schwarzenegger, wakinnye filimi nyinshi akaba na guverineri wa Leta ya California yatangaje ko ababazwa cyane n’ukuntu ari gusaza ku buryo iyo yirebye mu ndorerwamo akabona ukuntu umubiri...
Umunyamabanga mukuru w’ Umuryango w’ Abibumbye ucyuye igihe, Ban Ki-Moon arashinjwa kwakira ruswa ubwo yari akiri Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Koreya y’Epfo.
Ban Ki-Moon arasoza manda ye ku...
Ayodeji Ibrahim Balogun [Wizkid] arataramira mu gihugu cya Uganda mu ntangiriro za 2017. Ni nyuma y’uko ashyiriwe impapuro zo kumuta muri yombi ashyinjwa ubuhemu n’ubwambuzi ku munota wa nyuma...