skol
Kigali

Search: amadorali (561)

Kenya: Gufatanywa isashi byagizwe icyaha gikomeye ushobora gufungirwa imyaka 4

Kuri uyu wa mbere tariki ya 28 Kanama 2017, Leta ya Kenya yamaze kwemeza bidasubirwaho ko umuntu uzajya afatananywa, atemberana cyangwa se acuruza amasashi azajya acibwa amadorali ya Amerika...
28 August 2017 415 0

Hotel ya FERWAFA iyihombeje miliyoni 620 kubera amakosa y’ubuyobozi bwayo

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryaguye mu gihombo cya miliyoni 500 nyuma y’amakosa ryakoze mu minsi ishize mu bijyanye no guha akazi ba rwiyemezamirimo. Amakuru dukesha...
15 August 2017 1228 0

Perezida Kabila yahaye akazi Amb.Eugene Gasana ko gushaka uko imitungo ye n’abambari be yasohorwa

Perezida Joseph Kabila wa Repubukika iharanira Demokarasi ya Congo yahaye akazi Amb.Eugene Gasano wahoze ahagarariye u Rwanda muri Loni ko gushaka inzira zose zishoboka ngo imitungo ye n’abambari...
11 August 2017 12758 0

Brazil: Kugira ikibuno cya cm 107 biguhesha amahirwe yo kwitabira irushanwa rya Miss urusha abandi ikibuno...

Mu gihugu cya Brezil hari kubera imiyereko y’abakobwa 27 bari guhatanira ikamba rya miss urusha abandi kugira ikibuno cyiza ndetse giteye amabengeza. Mu gihe bimenyerewe ko ku Isi habaho...
10 August 2017 3280 0

Burundi: Batangiye gukusanya inkunga izakoreshwa mu matora ya 2020 ntibarindire amahanga, Perezida Nkurunziza yabimburiye...

Umuryango wa Perezida w’ u Burundi Pierre Nkurunziza kuri uyu wa Mbere tariki 6 Kanama washyikirije banki nkuru y’ u Burundi (BRB) akayabo k’ amadorari yo gushyigikira amatora ataha y’ umukuru w’...
8 August 2017 4967 0

Imitungo ya Ivan yatangiye kwigabizwa n’abo mu muryango we, imwe mu mazu ye yashyizwe ku isoko-AMAFOTO

Imwe mu mazu ya Ivan Ssemwanga yashyizwe ku isoko, n’abagize umuryango we, ku kayabo ka miliyoni 100 z’Amashilingi yo muri Uganda mu rwego rwo guhosha amakimbirane yavutse ku mitungo y’uyu mugabo...
3 August 2017 4305 0

Madamu Joyce Banda wayoboye Malawi yashyiriweho impapuro zimuta muri yombi

Polisi ya Malawi yatangaje ko Madamu Joyce Banda wabaye Perezida wa Malawi kuri ubu arimo gushakishwa n’ inkiko kubera ibirego bya ruswa bivugwa ko yagizemo uruhare ubwo yari akiri ku butegetsi...
1 August 2017 905 0

Umutoza wahoze atoza Amavubi yasezeye ku ikipe yatozaga kubera kumara igihe kinini adahembwa

Umutoza w’ikipe y’Igihugu ya Uganda, Milutin Sredojevic wamamaye nka Micho yeguye kumirimo yo gutoza iyi kipe mu gihe yiteguraga guhura n’Amavubi y’u Rwanda mu ijonjora rya gatatu ryo gushaka itike...
22 July 2017 1104 0

Umusaza yahaye ruswa imbwa zifasha abapolisi zimubikira ibanga

Umusaza w’ imyaka 90 yatawe muri yombi kuri uyu wa Mbere tariki 4 Ugushyingo 2018 nyuma y’ uko bitahuwe ko yahaye ruswa imbwa zifasha polisi gucunga umutekano no gutahura abanyabyaha muri Leta ya...
6 November 2018 3300 0

Tariki 14 Nyakanga: Menya ibyaranze iyi tariki mu mateka harimo kuba isobanuye byinshi ku ibohorwa ry’ u...

Tariki 14 Nyakanga 1994- Urugamba rwo kubohora igihugu rwanditse amateka akomeye cyane mu ngabo zahoze ari iza FPR- Inkotanyi n’Abanyarwanda muri rusange kuko rwabaye imbarutso yo kwibohora. Kuri...
14 July 2017 2241 0

Mu mafoto reba ibihe bidasanzwe Lionel Messi arimo n’umukunzi we n’abana babo mu buryohe bw’ukwezi kwa...

Umukinnyi akaba na rutahizamu w’ikipe ya FC Barcelona ndetse na Argentine kuri ubu ibyishimo ni byose nyuma y’ubukwe bw’akataraboneka aheruka gukora, kuri ubu ari kwishimana n’umukunzi we mu buryohe...
9 July 2017 4286 0

Tariki 7 Nyakanga bane bacuze umugambi wo kwica Perezida w’ Amerika baranyonzwe, ibyaranze iyi tariki mu...

Turi tariki ya 07 Nyakanga ni umunsi 188 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 177 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki abantu bane bacuze umugambi wo kwica Perezida wa Leta...
7 July 2017 1223 0

Abacunga inyubako UTC ya Rujugiro bazamuye igiciro cy’ubukode hafi 400%, abahakoreraga barataka...

Taliki 11/5/2017 nibwo abakorera mu nyubako ya UTC y’Umunyemali Rujugiro n’abandi bafatanyije babonye amaruwa ababwira ko igiciro cy’ubukode kizazamuka kuva mu kwezi kwa Nyakanga uyu mwaka kikagera...
6 July 2017 3805 0

Vladmir Putin yatumiye Perezida Museveni: Umubano w’ ibihugu byabo uhagaze ute?

Perezida w’ Uburusiya Valadmir Putin yoherereje mugenzi wa Uganda ,Yoweri Kaguta Museveni ubutumire. Ibi ni ibyatangajwe na ambasaderi mushya w’ Uburusiya muri Uganda, Mr Alexander Dmitrievich...
25 November 2016 389 0

Perezida Kagame ku rutonde rw’Abakuru b’ibihugu 10 ba mbere bahembwa agatubutse muri Afurika

Ubusanzwe umunyapoliti afite inshingano zo gukorera Sosiyete ye ,igihugu cye, gutekereza bikomeye,kuvugwa neza cyangwa nabi hagendewe ku bikorwa bye.Umurimo wa Politiki ubu usigaye ufite...
26 November 2016 26933 0

Umutekano wa Trump buri munsi utangwaho akayabo ka miliyari 820

Perezida Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Leta zunze ubumwe z’ Amerika ngo umutekano we utwara miliyoni y’ amadorari buri munsi. Ni ukuvuga miliyari 820 mu manyarwanda. Ibi ni ibitangazwa...
28 November 2016 1349 0

Rayon Sports igiye muri Tanzania kwitabira irushanwa rya Star Times Cup

Ikipe ya Rayon Sports yatumiwe mu gihugu cya Tanzania mu marushanwa yiswe ’Star Times cup’. Rayon sports izahahurira n’amakipe akomeye muri Africa, bizayifasha kwitegura neza CAF Confederations Cup...
29 November 2016 458 0

Tyga arashinjwa kutishyura ideni ry’imodoka ya Ferrari yafashe

Umuraperi Tyga arashinjwa n’umugabo witwa Alex Benedict, kutuzuza amasezerano bagiranye igihe yamukodeshaga imdoka yo mu bwoko bwa Ferrai kuva muri Mata uyu mwaka. Uyu mugabo avuga ko Tyga yaje...
29 November 2016 340 0

Muri 2019 u Rwanda ruzatangira gukoresha ikibuga cy’indege cya Bugesera

Minisitiri w’ibikorwa remezo mu Rwanda, James Musoni, aravuga ko bitarenze mu mwaka wa 2019, ikibuga cy’indege mpuzamahanga kizubakwa i Bugesera kizaba cyararagiye kubakwa kigatangira gukoreshwa...
2 December 2016 1454 0

Mu ntara y’ amajyaruguru hatangiye gukoreshwa Drone mu buhinzi bw’ ibirayi

Abahinzi b’ ibirayi bo mu turere twa Musanze, Burera, na Nyabihu batangiye gukorera utudege tutangira abapilote “Drone” mu buhinzi bw’ ibirayi. Kuri uyu wa 7 Ukuboza 2016, nibwo ikoreshwa ry’ utu...
8 December 2016 1061 0

Dr Kaberuka yahawe imirimo mishya mu kigo cyo muri Amerika

Dr Donald Kaberuka wabaye Perezida wa Banki Nyafurika itsura Amajyambere (BAD) mu gihe cy’imyaka 10, yagizwe Umujyanama Mukuru mu Kigo cy’Abanyamerika gikora ubugenzuzi, Boston Consulting Group...
9 December 2016 302 0

Nigeria: Ikipe y’abagore yigaragambirije imbere y’urugo rwa Perezida Buhari

Abakinnnyi b’ikipe y’igihugu y’abagore mu mupira w’amaguru muri Nigeria, babyukiye mu myigaragambyo imbere y’urugo rwa perezida Buhari. Nyuma y’aho bakomereje imbere y’ingoro y’inteko ishinga...
14 December 2016 1825 0

Boeing yemereye Trump gukora Air Force One ku giciro gito

Umuyobozi mukuru wa sosiyete ikora indege, Boeing, yahuye na perezida mushya wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump bemeranya gukora indege nshya ya Air Force One ku giciro gito nyuma y’uko...
22 December 2016 1687 0

Schwarzenegger avuga ko iyo yirebye mu ndorerwamo akabona uko arimo gusaza aruka

Arnold Schwarzenegger, wakinnye filimi nyinshi akaba na guverineri wa Leta ya California yatangaje ko ababazwa cyane n’ukuntu ari gusaza ku buryo iyo yirebye mu ndorerwamo akabona ukuntu umubiri...
23 December 2016 6115 0

Umunya Tunisia wakekwagaho kugongesha abantu ikamyo mu Ubudage yishwe arashwe

Anis Amri, umusore w’imyaka 24 ukomoka muri Tunisia, uherutse kwica abantu 12 agakomeretsa 49 ku gitero yagabye ku isoko riherereye mu Murwa mukuru w’u Budage, Berlin, yiciwe mu Butaliyani ashaka...
23 December 2016 953 0

Umunyamabanga Mukuru wa Loni, Ki-Moon, arashinjwa ruswa

Umunyamabanga mukuru w’ Umuryango w’ Abibumbye ucyuye igihe, Ban Ki-Moon arashinjwa kwakira ruswa ubwo yari akiri Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Koreya y’Epfo. Ban Ki-Moon arasoza manda ye ku...
27 December 2016 1216 0

Amerika: Umunyarwanda w’ imyaka 19 wavukiye ku Muhima, amaze imyaka 2 atwara indege

Umunyarwanda witwa Mugisha Kamana Jean-Marie Consolateur, ubu ufite imyaka 19 avuga ko yatangiye gutwara indege mu buryo bwemewe n’amategeko kuva ku myaka 17 ubwo yahabwaga uruhushya rwa Private...
27 December 2016 7807 0

Wizkid agiye gutaramira muri Uganda nyuma yo gushyirirwaho impapuro zimuta muri yombi

Ayodeji Ibrahim Balogun [Wizkid] arataramira mu gihugu cya Uganda mu ntangiriro za 2017. Ni nyuma y’uko ashyiriwe impapuro zo kumuta muri yombi ashyinjwa ubuhemu n’ubwambuzi ku munota wa nyuma...
28 December 2016 94 0

Madamu Fernandez wayoboye Argentine, mu rukiko ashinjwa ruswa

Cristina Fernandez wayoboye Argentine imyaka umunani, yagejejwe imbere y’ubutabera kuri uyu wa Kabiri kugira ngo yisobanure ku byaha bya ruswa akurikiranyweho. Cristina Fernandez kandi ari...
28 December 2016 633 0

[Mu mafoto]: Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze siporo nyarwanda mu mwaka wa 2016

Turi gusoza umwaka wa 2016, uyu mwaka siporo nyarwanda yaranzwe n’ibihe byiza ndetse n’ibibi, haba mu muri ruhago dore ko ariyo ikunzwe cyane kurusha izindi siporo, gusa n’ubwo ariyo ikunzwe cyane...
30 December 2016 1220 0
0 | ... | 270 | 300 | 330 | 360 | 390 | 420 | 450 | 480 | 510 | 540