Umunya Portugal Bruno Fernandes ukinira Manchester United yatangaje ko kizigenza Cristiano Ronaldo bakinana mu ikipe y’igihugu ahora amubaza ku iterambere ry’iyi kipe yahoze akinira mu myaka 11...
Babiri mu banyamategeko bashyizweho n’umuryango wa Paul Rusesabagina ngo bamwunganire bandikiye umuryango w’abibumbye (ONU/UN) basaba ko ukora iperereza ku kibazo...
Umuhungu w’imyaka 17 ukomoka mu ntara ya Tana River County, muri Kenya, yadobeje gahunda ya se yo gushaka umugore wa kane nyuma yo guhungana inka zatoranijwe nk’igiciro...
Umusore wari usanzwe azwi mu kazi ko gutwara Taxi mu gihugu cya Gambia yatangaje ko ubu yungutse akazi ka kabiri kuko ngo abifatanya no gupfubura abakecuru bo mu Bwongereza no mu Burusiya bakunze...
Kuva Joe Biden yatangazwa ko yatsindiye kuba Perezida w’Amerika - na Kamala Harris akaba Visi Perezida we, ubutumwa bw’abategetsi batandukanye ku isi bwakomeje kwisukiranya - bwinshi muri bwo...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 09 Ugushyingo 2020,umubare w’abahitanwe na Covid-19 mu Rwanda wiyongereye uba 38 nyuma y’aho abagabo babiri b’imyaka 45 bo mu karere ka Rwamagana...
Imyaka 12 amaze mu muziki, umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben ntiyigeze yumvikana kenshi mu nkuru z’urukundo; gusa hari abakobwa b’ikimero batandukanye bagiye bavugwa mu rukundo nawe...
Nyuma y’akazi gakomeye kakozwe mu mikino yabanje ya UEFA Europa League,amakipe 3 yo mu Bwongereza yamaze kubona itike yo kwerekeza mu mikino ya 1/32 ari nayo mpamvu azajya mu mikino y’umunsi wa...
Dj Pius usanzwe ari umuyobozi wa Sosiyete icunga inyungu z’abahanzi yitwa 1K Entertainment yatangaje ko yamaze gutandukana n’umuhanzi Amalon bari bamaze imyaka itatu bakorana muri 1k...
Mu rukerera rwo ku itariki ya 8 Gashyantare 1993, ingabo za FPR Inkotanyi zavuye mu birindiro byazo mu Majyaruguru y’u Rwanda aho zari zimaze igihe zigaruriye zimanuka zigana i Kigali nyuma...
Fred Matiang’i minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu wa Kenya yatangaje ko yabwiye ukuriye ishami rya ONU ryita ku mpunzi gahunda ya Kenya yo gufunga inkambi za Dadaab na Kakuma bitarenze tariki...
Mu ruzinduko rwe mu Rwanda, Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane yasuye Ishuli Rikuru ryigisha ubumenyingiro rya IPRC Tumba riherereye mu Karere ka Rulindo,...