Abarundi 37 bishwe barashwe mu nkambi y’impunzi iri i Kamanyola, muri Territoire ya Walungu, mu ntara ya Kivu y’amajyepfo muri Repubulika iharanira demokasi ya Kongo bashinguwe.
Mu muhango wo...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa NEC, Charles Munyaneza yamaganiye kure ibyavuzwe na Ambasaderi w’Ubwongereza mu Rwanda watangaje ko amatora yo mu Rwanda aherutse kuba muri Kanama tariki ya 03 na...
Miruho Isiaka afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Runda, mu karere ka Kamonyi akekwaho kwiba amafaranga kuri Konti z’abatanga serivisi za Mobile Money bakorera muri aka karere.
Umuvugizi wa...
Umushumba wa Kiliziya Katolika ku isi , Papa Francis, aragera mu gihugu cya Kolombiya kuri uyu wa gatatu tariki ya 06 Nzeri mu rugendo rw’imisi itanu nk’uko yabyemereye icyo gihugu mu ntango...
Umugaba mukuru w’ ingabo za Lesotho Lt Gen Khoantle Motsomotso n’ abandi basirikare babiri bakuru barashwe barapfa kuri uyu wa Kabili 5 Nzeli 2017.
Inkuru ya BBC ivuga ko ababibonye batangaje ko...
Myugariro wa Rayon Sports ukina ku ruhande rw’ibumoso Irambona Eric yagize ikibazo cy’imvune mu itako aho abaganga b’iyi kipe batangaje ko ashobora kumara ibyumweru 3 adakina.
Uyu musore umaze...
Polisi ikorera mu karere ka Gisagara, ku itariki ya 26 Kanama, ahagana mu saa tatu z’ijoro, yafashe umugabo witwa Niringiyimana Reverien w’imyaka 52 y’amavuko , ukekwaho gucuruza urumogi rungana...
Guhera ku wa gatanu taliki ya 25 Kanama 2017 nibwo ikipe ya Rayon Sports yerekeje mu ntara y’amajyepfo mu mwiherero wari wateguwe n’itsinda ry’abafana bay obo muri iyi ntara Les Bleus du Sud aho...
Umuhanzi mu njyana ya Afro Beat, Eric Senderi Internatioanal Hit aratangaza ko agiye gukora ibitaramo byo gukusanya amafaranga yo kugurira abafana be baturiye Nyabarongo amagare bazajya...
Ikipe ya Rayon Sports yananiwe kwikura imbere y’amagaju ku mukino wa kabiri wa gicuti yakinaga kuri uyu wa gatandatu taliki ya 26 Kanama 2017 mu mwiherero iri kugirira mu ntara y’Aamajyepfo aho...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi olivier yatangaje ko abona ubusatirizi bwe buryana ndetse atangaza ko yishimiye uko ikipe ye yubatse ku bijyanye no gutsinda ibitego nyuma yo kunyagira AS...
Muri gahunda ya Polisi y’u Rwanda yo kuvugurura inyubako ikoreramo, kuri uyu wa kane tariki ya 24 Kanama 2017, yatashye ku mugaragaro inyubako nshya y’icyicaro cya Polisi y’u Rwanda ikorera mu...
Itsinda ry’abafana ba Rayon Sports bo mu ntara y’Amajyepfo rizwi nka “Les Bleus du Sud”biteguye kwakira ikipe ya Rayon Sports muri iyo ntara aho bateguye imikino 2 hagati y’Amagaju na AS Muhanga mu...
Ku wa kane taliki ya 17 kanama nibwo habaye inama yahuje Gacinya Dennis n’ abafana ba Rayon Sports bahagarariye amatsinda y’abafana bayo baganira byinshi ku byerekeye iyi kipe harimo ibijyanye...
Mu karere ka Kamonyi mu natara y’amajyepfo, umugabo witwa Oreste Habamenshi yishwe n’ingona ubwo yari agiye kuvoma amazi kuri Nyabarongo. Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa `18 Kanama 2017....
Ikipe ya Gisagara Volleyball Club yageze ku mukino wa nyuma w’imikino ya kamarampaka nyuma yo kwesura ikipe ya APR VC iyitsinze amaseti 3-1 mumukino wa kabiri wabereye kuri petit stade I Remera....
Miss Iradukunda Michele, umunyamakuru kuri Televiziyo y’u Rwanda na Magic FM yarushinga n’umukunzi we David bamaranye imyaka itandatu mu myenga w’urukundo.
Ubukwe bw’aba bombi bwabereye mu Ntara...
Ku itariki nk’iyi nibwo hatangajwe inkuru y’akababaro y’uko Shyaka Claver yitabye Imana, ni kimwe mu bbyaranze uyu munsi mu mateka.
Turi ku wa Gatandatu tariki ya 12 Kanama, ni umunsi wa 224 mu...
Umunyeshuri wiga muri kaminuza ya Mount Kenya University yatsindiye kuba umudepite w’ amajyepfo y’ agace ka Igembe.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 10 Kanama 2017 nibwo byatangajwe ko Mr...
Abapolisi umunani bo mu gihugu cya Uganda bafunzwe na Polisi ya Kampala nyuma yo gusinzira bari k’uburinzi.Aba bose basanzwe mu duce dutandukanye bari kuburinzi ariko basinziriye.
ACP Siraje...
Perezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, nyuma yo kuvuga aya majwi y’ibanze yagize ati “Twavuga ko afite [Paul Kagame] amahirwe yo kuzakomeza kuba uwa mbere akaba azatsindira uyu mwanya...
Pasiteri Ezra Mpyisi wo mu Itorero ry’Abadiventisiti, avuga ko yatashye ubukwe bw’umupfumu Rutangarwamabo n’umukunzi we, Umuziranenge Sana Cynthia agamije kubabwira ubutumwa bwiza.
Ku cyumweru...
Philippe Mpayimana w’imyaka 47 y’amavuko akaba umukandida wigenda ku mwanya w’umukuru w’Igihugu mu matora ateganyijwe tariki ya 04 Kanama uyu mwaka, yatangaje ko yizeye intsinzi mu majwi...
N’ubwo imibare yerekana ko ku rwego rw’isi kwigana amafaranga bikiri ku rwego rwo hasi, Polisi y’u Rwanda na Banki Nkuru y’u Rwanda baremeza ko u Rwanda ari kimwe mu bihugu bitagaragaramo cyane iki...