skol
Kigali

Search: amajyepfo (1271)

Kigali: Umusore wasanzwe yapfuye yimanitse mu giti biravugwa ko nyirabuja yari yaramwanduje SIDA

Umusore witwa Nsengiyumva Dieu Donne w’ imyaka 23 y’ amavuko bamusanze yapfiriye mu giti anagana mu mugozi, ngo yasize avuze ko nyirabuja yari yaramwanduje SIDA. Mu gitondo cyo kuri uyu Kane...
6 July 2017 5370 0

Meddy ategerejwe mu Rwanda mu bitaramo bitanu ashobora no gukorana na The Ben

Umuririmbyi Ngabo Medard wamamaye nka Meddy muri muzika Nyarwanda, agiye kuza mu Rwanda gukora ibitaramo bitanu bizenguraka igihugu mu Ntara zitandukanye. Ni nyuma y’amakuru amaze iminsi...
5 July 2017 1846 0

Volleyball: Umunyarwanda Nkurunziza Gustave yatorewe kuyobora akarere ka gatanu

Uwahoze ari umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda Nkurunziza Gustave yatorewe kuyobora akarere ka Gatanu muri Volleyball mu gihe cy’imyaka 2 n’igice aho ni mu muhango wabereye...
5 July 2017 239 0

Iby’ ingenzi mu byaranze tariki 3 Nyakanga

Turi tariki ya 03 Nyakanga, ni umunsi w’184 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 181 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki nibwo Muhammed Morsi wari Perezida wa Misiri...
3 July 2017 377 0

Bidasubirwaho Gitifu w’Akarere ka Muhanga yeguye...Guverineri ati ’yari umunyamakosa’

Gasana Celse Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Muhanga yamaze kwandika ibaruwa isezera ku mirimo ye we avuga ko avuyeho ku mpamvu ze bwite. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 03...
3 July 2017 2367 0

Ruhango: Ishuri ryasubijwe mudasobwa 27 zibwe

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Ruhango yasubije ikigo cy’Uburezi bw’ibanze bw’imyaka icyenda (9YBE) cya Nyamagana kiri mu murenge wa Ruhango muri aka karere mudasobwa ngendanwa zari zaribwe...
2 July 2017 164 0

Umukinnyi wakiniye Rayon Sports yasinye mu ikipe yo muri Arabia Saoudite

Umurundi Amissi Cedrick yamaze kwerekeza mu ikipe ya Al Taawoun ibarizwa mu cyiciro cya mbere muri Arabia Saoudite nyuma y’amezi 6 gusa yari amaze mu ikipe ya Uniao Madeira yo mu cyiciro cya...
2 July 2017 2677 0

Byinshi ukwiye kumenya ku mukino wa Nyuma wa FIFA Confederations Cup

Uyu mukino utegerejwe ku munsi w’ejo taliki ya 02 Nyakanga saa tatu z’ijoro ku kibuga cya St petersbourg mu Burusiya witezwe n’abantu benshi cyane ko ikipe iheruka gutwara igikombe cy’isi...
1 July 2017 497 0

Abarwanyi 33 ba FDLR nibo bamaze gutaha muri 2016

Abarwanyi 33 bahoze barwanira umutwe wa FDLR urwanira mu mashyamba yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, hamwe n’abantu 83 bo mu miryango yabo, nibo babarurwa ko...
26 November 2016 541 0

Indege yari itwaye ikipe yo mu igihugu cya Brazil yakoze impanuka

Indege yari itwaye abagera 81 barimo abakinnyi b’ ikipe yo muri Brazil “Chapecoense”yakoreye impanuka hafi y’ umujyi wa Medellin mu gihugu cya Clombia. Nta mibare y’ abaguye muri iyi mpanuka...
29 November 2016 277 0

Perezida Kagame ategerejwe muri Gabon mu nama idasanzwe ya CEEAC

Perezida Paul Kagame ategerejwe mu nama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’ubukungu bw’ibihugu byo muri Afurika yo hagati (CEEAC) i Libreville muri Gabon, kuri uyu wa 30 Ugushyingo...
29 November 2016 480 0

Perezida Kagame yageze muri Gabon aho yitabiriye inama ya ECCAS (Amafoto)

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yageze muri Gabon aho yitabiriye inama y’umuryango w’ubukungu uhuza ibihugu by’Afurika yo hagati (ECCAS). Ni inama yibanda ku mahoro n’umutekano. Perezida Kagame...
29 November 2016 1525 0

Vincent de Gaulle yafashe mu mugongo ikipe ya Brazil yatikiriye mu mpanuka y’indege

Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Nzamwita Vincent de Gaulle yafashe mu mugongo Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Brezil nyuma y’aho ikipe ya Associação...
30 November 2016 321 0

Amateka y’ ingenzi n’ ibigwi bya Amb. Dr Richard Sezibera, watorewe gusimbura Mucyo muri Sena y’u Rwanda

Dr Richard Sezibera ni Umunyarwanda wubatse, afite umugore n’ abana batanu. Yavukiye I Kigali tariki 5 Kamena 1964. Amashuri abanza n’ ayisumbuye yayize mu gihugu cy’ u Burundi. Ikiciro cya mbere...
1 December 2016 6725 0

Ikipe ya Chapecoense yahawe igikombe yari gukinira na Atletico

Ikipe ya Chapecoense yo muri Brezil, yahawe igikombe cya Copa sudamericana nyuma y’uko abakinnyi bayo bapfiriye mu mpanuka y’indege yabereye i Medelin mu gihugu cya Colombia. Chapecoense...
6 December 2016 1460 0

Ibyemezo by’ inama idasanzwe y’ abaminisitiri yo ku wa 9 Ukuboza 2016

None kuwa Gatanu, tariki ya 09 Ukuboza 2016, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Inama y’Abaminisitiri yatangiye...
10 December 2016 2813 0

Sobanukirwa n’ ahitwa “Mu Munyu” hari iriba ry’ amazi y’ umunyu atuma inka zishaka imfizi

“Mu Kunyu” ni iriba rihiye bivuze ko rivubukamo amazi arimo umunyu. Riherereye mu murenge wa Uwinkingi mu Karere ka Nyamagabe. Riri ku rugabano rw’umurenge wa Uwinkingi n’uwa Buruhukiro, iruhande...
10 December 2016 3766 0

Umutekano mucye utumye Shampiyona ya DR Congo ihagarikwa

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yafashe icyemezo cyo kuba ihagaritse Imikino ya Shampiyona y’icyiciro cya mbere by’agateganyo, kugeza tariki ya 14 Mutarama 2017. Ni...
14 December 2016 1365 0

‘U Rwanda ruriho ruravura uburema bwatwaye imyaka myinshi’ Bishop Rucyahana

Umuyobozi wa Komisiyo y’ Igihugu y’ Ubumwe n’ Ubwiyunge Bishop John Rucyahana avuga bamwe mu banyarwanda na zimwe mu nshuti z’ u Rwanda babona ibyiza u Rwanda rumaze bakwira ko ari inzira yoroshye....
15 December 2016 563 0

Icyorezo cya Zika cyagaragaye muri Tanzania

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubushakashatsi ku ndwara z’ abantu muri Tanzania (NIMR), cyatangaje ko muri iki gihugu wabonetse abantu banduye Virus ya Zika. Ni ibyatangajwe na Dr. Mwele Malecela uyobora...
16 December 2016 1122 0

Mfuti w’ u Rwanda aremeza ko muri 2017 nta muyisilamu uzaba agifite ubutagondwa

Umuyobozi w’abayisilamu Sheikh Hitimana Salim yavuze ko mu mwaka wa 2017 nta bitekerezo by’ubutagondwa bizaba bikigaragara muri bo. Ni mu gihe muri uyu mwaka muri bamwe mu bayisilamu bo mu Rwanda...
19 December 2016 600 0

Perezida Kagame yakiriye abayobozi bo muri Volkswagen bagiye gukorera imodoka mu Rwanda

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye abayobozi bo mu ruganda rukora imodoka rwo mu Budage rwa Volkswagen bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye n’u Rwanda aho bagiye gutangiza uruganda...
21 December 2016 1008 0

Umuhanzi mu njyana ya Pop,George Michael yishwe n’Umutima

Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Pop ndetse na Solo, George Michael, yitabye Imana mu rucyerera rwo kuwa 25 Ukuboza 2016 azize indwara y’Umutima yari amaranye igihe. George Michale yakunzwe mu...
26 December 2016 113 0

Nyuma y’imikino itanu idatsinda, Mukura VS irakira AS Kigali mu mukino w’ikirarane

Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 27 Ukuboza 2016, Shampiyona y’ikiciro cya mbere hano mu Rwanda irakomeza hakinwa umukino w’ikirarane. Mukura VS irakira ikipe ya AS Kigali i Huye mu Ntara...
27 December 2016 103 0

Abakobwa bahawe rugari muri Miss Rwanda 2017

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Ukuboza 2016, nibwo hatangiye igikorwa cyo kwiyandikisha mu bashaka guhatanira kwambikwa ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2017. Tariki ya 14...
30 December 2016 680 0

Huye: Umugabo aravugwaho gucyebagura umwana we w’ imyaka ibiri n’ icyuma gishyushye

Munyentore Fils utuye mu Karere ka Huye mu Murenge wa Tumba mu Kagari ka Mpare mu Mudugudu wa Musange arashinjwa gukebagurisha icyuma gishyushye umuhungu we w’imyaka 2 n’amezi 9. Birakekwa ko...
30 December 2016 6138 0

Tizzo [Active] yagaragaje ikimenyetso cy’uko yasimbuje Miss Belyse

Mugiraneza Thierry uzwi ku izina rya Tizzo, umwe mu basore batatu bagize itsinda ry’abaririmbyi Active, yashyize hanze ikimenyetso cyerekana ko yinjiye mu rukundo n’umukobwa mushya atifuje...
2 January 2017 2084 0

AMATORA 2017: Mpayimana uvuga ko aziyamamariza kuyobora u Rwanda afite bigwi ki?

Kuri iki cyumweru Tariki ya mbere Mutarama 2017 nibwo Umunyarwanda Mpayimana Philippe ubarizwa muri Diaspora nyarwanda mu Ubufaransa yashyize ahagaragara itangazo avuga ko aziyamamariza kuyobora...
3 January 2017 3459 0

Abayobozi 30 beguye mu Karere ka Ruhango bagiye gusimbuzwa

Akarere ka Ruhango mu Ntara y’Amajyepfo, katangiye gushakisha abandi bakozi basimbura Abanyamahanga Nshingwabikorwa b’utugari n’mirenge bagera kuri 30 birukanywe. Ku mugoroba wo kuwa Kabiri tariki...
5 January 2017 1167 0

Huye: Batatu baburiye umwuka mu kigega cy’ amazi Polisi ihagoboka batarapfa

Abantu batatu basigaga irangi mu kigega cy’ amazi giherere mu murenge wa Rusatira mu karere ka Huye babuze umwuka wo guhumeka (oxygene) polisi ibatabara batarapfa. Ibi byabaye mu gitondo cyo...
9 January 2017 1889 0
0 | ... | 990 | 1020 | 1050 | 1080 | 1110 | 1140 | 1170 | 1200 | 1230 | 1260