Umusore witwa Nsengiyumva Dieu Donne w’ imyaka 23 y’ amavuko bamusanze yapfiriye mu giti anagana mu mugozi, ngo yasize avuze ko nyirabuja yari yaramwanduje SIDA.
Mu gitondo cyo kuri uyu Kane...
Uwahoze ari umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda Nkurunziza Gustave yatorewe kuyobora akarere ka Gatanu muri Volleyball mu gihe cy’imyaka 2 n’igice aho ni mu muhango wabereye...
Turi tariki ya 03 Nyakanga, ni umunsi w’184 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 181 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki nibwo Muhammed Morsi wari Perezida wa Misiri...
Gasana Celse Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Muhanga yamaze kwandika ibaruwa isezera ku mirimo ye we avuga ko avuyeho ku mpamvu ze bwite.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 03...
Umurundi Amissi Cedrick yamaze kwerekeza mu ikipe ya Al Taawoun ibarizwa mu cyiciro cya mbere muri Arabia Saoudite nyuma y’amezi 6 gusa yari amaze mu ikipe ya Uniao Madeira yo mu cyiciro cya...
Uyu mukino utegerejwe ku munsi w’ejo taliki ya 02 Nyakanga saa tatu z’ijoro ku kibuga cya St petersbourg mu Burusiya witezwe n’abantu benshi cyane ko ikipe iheruka gutwara igikombe cy’isi...
Abarwanyi 33 bahoze barwanira umutwe wa FDLR urwanira mu mashyamba yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, hamwe n’abantu 83 bo mu miryango yabo, nibo babarurwa ko...
Indege yari itwaye abagera 81 barimo abakinnyi b’ ikipe yo muri Brazil “Chapecoense”yakoreye impanuka hafi y’ umujyi wa Medellin mu gihugu cya Clombia.
Nta mibare y’ abaguye muri iyi mpanuka...
Perezida Paul Kagame ategerejwe mu nama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’ubukungu bw’ibihugu byo muri Afurika yo hagati (CEEAC) i Libreville muri Gabon, kuri uyu wa 30 Ugushyingo...
Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Nzamwita Vincent de Gaulle yafashe mu mugongo Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Brezil nyuma y’aho ikipe ya Associação...
Ikipe ya Chapecoense yo muri Brezil, yahawe igikombe cya Copa sudamericana nyuma y’uko abakinnyi bayo bapfiriye mu mpanuka y’indege yabereye i Medelin mu gihugu cya Colombia.
Chapecoense...
None kuwa Gatanu, tariki ya 09 Ukuboza 2016, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri yatangiye...
“Mu Kunyu” ni iriba rihiye bivuze ko rivubukamo amazi arimo umunyu. Riherereye mu murenge wa Uwinkingi mu Karere ka Nyamagabe.
Riri ku rugabano rw’umurenge wa Uwinkingi n’uwa Buruhukiro, iruhande...
Umuyobozi wa Komisiyo y’ Igihugu y’ Ubumwe n’ Ubwiyunge Bishop John Rucyahana avuga bamwe mu banyarwanda na zimwe mu nshuti z’ u Rwanda babona ibyiza u Rwanda rumaze bakwira ko ari inzira yoroshye....
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubushakashatsi ku ndwara z’ abantu muri Tanzania (NIMR), cyatangaje ko muri iki gihugu wabonetse abantu banduye Virus ya Zika.
Ni ibyatangajwe na Dr. Mwele Malecela uyobora...
Umuyobozi w’abayisilamu Sheikh Hitimana Salim yavuze ko mu mwaka wa 2017 nta bitekerezo by’ubutagondwa bizaba bikigaragara muri bo.
Ni mu gihe muri uyu mwaka muri bamwe mu bayisilamu bo mu Rwanda...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye abayobozi bo mu ruganda rukora imodoka rwo mu Budage rwa Volkswagen bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye n’u Rwanda aho bagiye gutangiza uruganda...
Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Pop ndetse na Solo, George Michael, yitabye Imana mu rucyerera rwo kuwa 25 Ukuboza 2016 azize indwara y’Umutima yari amaranye igihe.
George Michale yakunzwe mu...
Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 27 Ukuboza 2016, Shampiyona y’ikiciro cya mbere hano mu Rwanda irakomeza hakinwa umukino w’ikirarane. Mukura VS irakira ikipe ya AS Kigali i Huye mu Ntara...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Ukuboza 2016, nibwo hatangiye igikorwa cyo kwiyandikisha mu bashaka guhatanira kwambikwa ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2017.
Tariki ya 14...
Munyentore Fils utuye mu Karere ka Huye mu Murenge wa Tumba mu Kagari ka Mpare mu Mudugudu wa Musange arashinjwa gukebagurisha icyuma gishyushye umuhungu we w’imyaka 2 n’amezi 9.
Birakekwa ko...
Kuri iki cyumweru Tariki ya mbere Mutarama 2017 nibwo Umunyarwanda Mpayimana Philippe ubarizwa muri Diaspora nyarwanda mu Ubufaransa yashyize ahagaragara itangazo avuga ko aziyamamariza kuyobora...
Akarere ka Ruhango mu Ntara y’Amajyepfo, katangiye gushakisha abandi bakozi basimbura Abanyamahanga Nshingwabikorwa b’utugari n’mirenge bagera kuri 30 birukanywe.
Ku mugoroba wo kuwa Kabiri tariki...
Abantu batatu basigaga irangi mu kigega cy’ amazi giherere mu murenge wa Rusatira mu karere ka Huye babuze umwuka wo guhumeka (oxygene) polisi ibatabara batarapfa.
Ibi byabaye mu gitondo cyo...