skol
Kigali

Search: amajyepfo (1271)

Ese waruziko kurya ibitunguru byongera imbaraga mu gukora imibonano mpuzabitsina?

Ubushakashatsi butandukanye bwakozwe ku bintunguru, bugaragaza ko bishobora kuvura no kurinda indwara nyinshi ku babirya ari bibisi cyangwa bakanywa umutobe wabyo. By’umwihariko igitunguru kiriwe...
10 December 2018 16924 0

‘Musana’ na ‘Registre’ amazina azimije bamwe bahaye amoko

Innocent Nizeyimana, Umusizi akaba n’ Umwanditsi w’ibitabo by’amateka ya Jenoside avuga ko iby’Abahutu n’Abatutsi byahinduye inyito kugira ngo abantu batamenya ko amoko akiri mu...
11 November 2018 2154 0

Umugabo yatanze ubuhamya ku busambanyi bukorerwa ku kirwa mu kirori cyiswe“Sex Island”[AMAFOTO]

Umugabo witwa Ryan w’imyaka 33 usanzwe avura amenyo muri USA,yatanze ubuhamya burebure bw’ibikorwa by’urukozasoni bibera ku kirwa cy’ubusambanyi (sex island),nyuma yo kwitabira ibi birori mu mwaka...
2 November 2018 4786 0

Mutangana Jean Bosco yongeye kugirirwa icyizere mu Ishyirahamwe Nyafurika ry’Abashinjacyaha

Umushinjacyaha Mukuru w’U Rwanda, Mutangana Jean Bosco, yongeye gutorerwa kuba Visi Perezida w’Ishyirahamwe Nyafurika ry’Abashinjacyaha (APA).
2 November 2018 482 0

Umurerwa wapfakaye akiri umugeni akamara imyaka 7 ategereje umugabo Imana izamuha yamumuhaye agiye gukora ubundi...

Umurerwa Olive wapfakaye akiri umugeni akaba yari amaze imyaka isaga irindwi ategereje undi mugabo Imana izamuha agiye gukora ubundi bukwe.
29 October 2018 8373 0

Umusore yarumye umunwa w’umukunzi we hafi no kuwuca nyuma yo kwanga ko bakomeza gukundana [AMAFOTO]

Umukobwa w’umunyeshuli witwa Kayla Hayes yahuye n’uruva gusenya ubwo umusore bakundanaga yamurumaga umunwa hafi no kuwukuraho ubwo bahuraga aje kumusezeraho amubwira ko atagishaka ko...
27 October 2018 2984 0

Bobi Wine yashyizwe ku rutonde rw’abantu 16 bazicwa

Polisi ya Uganda irimo gukora iperereza ku rutonde rwashyizwe ahagaragara n’abantu bataramenyekana ruriho abantu b’abayobozi 16 bazicwa barimo umudepite Bobi...
25 October 2018 1565 0

Perezida Kagame yabwiye ijambo rikomeye abamwifurije isabukuru nziza

Perezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ umuryango wa Afurika yunze ubumwe ejo tariki 23 Ukwakira yari umunsi ukomeye kuri we umunsi w’ amavuko.
24 October 2018 3456 0

Perezida Kagame arimo kuvugwa imyato, yujuje imyaka 61 avutse

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavutse tariki 23 Ukwakira 1957, uyu munsi yujuje imyaka 61 y’ amavuko, kuri twitter abantu barimo kuvuga uburyo ari umuyobozi ukomeye, intwari, impano Imana yahaye...
23 October 2018 1358 0

Enrique Iglesias yavugiye kuri TV ukuntu atera akabariro n’umugore we benshi barumirwa

Umuhanzi Enrique Iglesias yavuze ko we n’umugore we bakora imibonano mpuzabitsina buri gihe nk’ibyo kurya bya mu gitondo mu kiganiro cyitwa Lorraine gica kuri televiziyo ikomeye yitwa ITV yo mu...
22 October 2018 3637 0

Meteo Rwanda yaburiye Abanyarwanda ko muri iyi minsi ibiri hateganyijwe imvura nyinshi n’ umuyaga mwinshi

Ikigo cy’ Igihugu cy’ Iteganyagihe Meteo Rwanda cyaburiye Abanyarwanda ko hateganyijwe imvura nyinshi irimo umuyaga izateza imyuzure , ibasaba Abaturarwanda...
18 October 2018 1126 0

Umuyobozi wa The Mane ibarizwamo Safi yakomoje ku masezerano yagiranye n’itsinda rya Urban Boys

Umuyobozi mukuru wa The Mane ari we Bad Rama yavuze ko amasezerano basinyanye na Urban Boys ari imikoranire izamara igihe kirekire.
13 October 2018 809 0

Dore urutonde rw’abakobwa bakoze iyo bwabaga ngo bambikwe ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda gusa bagataha amara...

Mu bakobwa akoze iyo bwabaga gusa ntibabone amahirwe yo kwegukana ikamba rya Miss Rwanda harimo Vanessa Mpogazi, Umutoni Balbine, Umutoniwase Belinda ndetse na Ashimwe Phiona...
12 October 2018 2391 0

Umushoferi waretse inkende igatwara bisi yarimo abagenzi ari mu mazi abira

Umushoferi w’umuhindi witwa Prakasha ari mu mazi abira azira kureka inkende bari kumwe igatwara bisi yarimo abagenzi,umwe muri bo akamufata amashusho akayakwirakwiza hirya no...
9 October 2018 4484 0

Sir Alex Ferguson yafashe umwanzuro ukomeye kubera uburwayi afite

Uwahoze ari umutoza wa Manchester United wayihesheje ibikombe 13 bya Premier League,yamaze gufata umwanzuro ukomeye wo kureka kunywa umuvinyo witwa vintage vino yakundaga cyane kugira ngo abashe...
9 October 2018 2665 0

Hateguwe ibirori bikomeye by’ubusambanyi ku kirwa aho buri muntu wese uzabyitabira azajya ahabwa abagore 2 bo gusambanya buri...

Mu gihugu cya Colombia hateguwe ibirori by’urukozasoni bizabera ku kirwa aho abagabo n’abagore bazahura,bagasambana ndetse bakanwa inzoga zitagira ingano bambaye...
8 October 2018 15417 0

Taliki ya 1 Ukwakira ni umunsi ukomeye kuri njyewe ubugira kabiri - Butera Knowless

Italiki ya 1 Ukwakira Abanyarwanda baba bizihiza umunsi mukuru wo gukunda Igihugu. kuri Butera Knowless ho biba ari akarusho ngo kuko ari nayo taliki yavutseho. Ibyo byatumye agira ubutumwa...
1 October 2020 5768 0

HUYE:Ndayitegeye w’imyaka 25 agiye kurongora umukobwa asumba bikabije avuga ko ari Imana yamumweretse[AMAFOTO]

Umusore witwa Aron Ndayitegeye w’imyaka 25 y’amavuko n’uburebure bwa metero na santimetero 70 ahamya ko umukobwa bagiye gukorana ubukwe witwa Mukeshimana Josee w’imyaka 35 y’amavuko n’uburebure bwa...
1 October 2018 9309 0

Kamonyi: Umugore yishe umwana yabyaramye n’ umugabo batabana

Umubyeyi witwa Mukashyaka Clenie akurikiranyweho icyaha cyo kwica umwana we w’umuhungu w’imyaka 9 amukase ijosi ndetse akaba abyiyemerera, ibi akaba yabikoze nyuma yo kujya kumukura aho yabanaga na...
1 October 2018 1328 0

Hagaragajwe ibintu bidasanzwe 25 utigeze umenya kuri Michelle Obama

Michelle Obama, umugore w’uwahoze ari perezida wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika Barrack Hussein Obama. Uyu mubyeyi w’abana babiri b’abakobwa, yavukiye muri USA, kugeza ubu kandi akaba ari naho...
26 September 2018 3406 0

Nyaruguru: Umuyobozi w’ ishuri Minisitiri yamusohoye mu nama anamusabira ibihano

Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye, Dr Isaac Munyakazi, yasohoye mu nama Umuyobozi w’ Urwunge rw’ Amashuri rwa Muyira anamusabira gufatirwa ibihano kubwo kwima abanyeshuri...
21 September 2018 3705 0

Abakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa Rtd. CSP Gashagaza uherutse gusezererwa muri Polisi y’Igihugu batawe muri...

CSP Gashagaza yitabye Imana mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kabiri, kurubu urwego rw’ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB) rwatangaje ko abantu babiri bamaze gutabwa muri yombi bakekwaho urupfu rwa CSP...
20 September 2018 15644 0

CSP Gashagaza uherutse gusezererwa muri polisi y’ u Rwanda yishwe n’ abagizi ba nabi

Urwego rw’ igihugu rw’ ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko CSP Gashagaza Hubert wari uherutse gusezererwa muri Polisi y’Igihugu, yitabye Imana mu ijoro rishyira kuri uyu wa...
18 September 2018 6883 0

Hagaragajwe urutonde rw’inyamaswa n’udukoko 9 bihitana umubare munini w’abantu ku isi buri mwaka aho umuntu aza ku mwanya wa...

Ubushakashattsi bwakozwe bwerekanye urutonde rw’inyamaswa 10 ubariyemo n’abantu zishobora kuba ari iziza ku isonga mu guteza imfu nyinshi ku isi kurusha izindi mu nyamaswa cyangwa mu...
18 September 2018 2578 0

Uwahoze ari umuyobozi w’umuryango wa Rayon Sports akanakora muri REG nawe ari mu bafunguwe ku mbabazi za Perezida Paul...

Ku munsi w’ejo ni bwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yahaye imbabazi imfungwa 2140 zujuje ibisabwa, byemezwa na Minisiteri y’Ubutabera mu itangazo yagejeje ku nama y’abaminisitiri...
15 September 2018 8498 0

Dore imihanda 10 yubatse neza kurusha iyindi ku isi [AMAFOTO]

Mu mihanda yubakitse neza kurusha iyindi ku isi turasangamo Route 66 , Route de l’Atlantique, Route de Karakorum ndetse n’iyindi.
10 September 2018 5354 0

Huye: Umukozi wo mu rugo yafatanywe umwana yibye

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Huye kuri uyu wa 07 Nzeri 2018 yafashe umukobwa w’imyaka 17 wakoraga akazi ko mu rugo, akurikiranyweho kwiba umwana.
8 September 2018 2683 0

Minisitiri Mushikiwabo yakiriwe na Perezida Essebsi wa Tunisie

Perezida wa Tunisie Béji Caïd Essebsi, kuri uyu wa Gatanu yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, wari muri icyo gihugu mu gushaka abamushyigikira, aho ari guhatanira...
8 September 2018 764 0

Noriella umwe mu bakobwa bitabiriye Miss Rwanda 2018 yashyize hanze umusore bari mu rukundo

Ishimwe Noriella wari uri mu bakobwa 15 bahataniye ikamba rya nyampinga w’u Rwanda 2018, ari mu rukundo n’umusore baherutse no kubishimangira ubwabo.
6 September 2018 3369 0

Aya magambo yo muri Bibiliya atitondewe yatiza umurindi ihohoterwa rishingiye ku gitsina

Ibi bivugwa n’umuryango RWAMREK urwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina, aho abawugize batangiye gukorana n’amadini, kugira ngo ayo magambo ahabwe ibisobanure bya nyabyo. Jean Bosco Rudasingwa,...
4 November 2018 2132 0
0 | ... | 870 | 900 | 930 | 960 | 990 | 1020 | 1050 | 1080 | 1110 | ... | 1260