Umunya Portugal Cristiano Ronaldo ukinira Real Madrid niwe wegukanye igihembo cya Ballon d’Or cy’uyu mwaka nyuma yo kwigaranzura kabuhariwe Lionel Messi na Neymar bari bahatanye cyane.
Uyu munya...
Rutahizamu w’ikipe ya Real Madrid akomeje gukora amateka yo guca uduhigo mu mikino ya UEFA Champions League nyuma y’aho mu ijoro ryakeye yakoze agahigo ko gutsinda igitego muri buri mukino...
Kapiteni w’ikipe y’igihugu Ndayishimiye Eric uzwi nka Bakame yatangaje ko wena bagenzi be bifuza guhindura amateka mabi bamaze kwandikisha muri CECAFA y’uyu mwaka bafatsinda umukino wo ku munsi...
Perezida Vladimir Vladimirovich Putin (Vladimir Putin) w’ imyaka 62 w’Uburusiya yatangaje ko aziyamamariza indi manda y’imyaka itandatu mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu kwezi kwa gatatu...
None kuwa Kabiri tariki ya 5 Ugushyingo 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Ibyemezo byose by’inama...
Isabukuru y’amavuko y’uwahoze ayobora Zimbabwe, Robert Mugabe, igiye kuba umunsi w’ikiruhuko muri iki gihugu mu rwego rwo kuzirikana uruhare yagize mu guteza imbere iki gihugu yari ayoboye imyaka...
Umutoza w’ikipe y’igihugu amavubi Antoine Hey aratangaza ko intego y’ibanze bazajyana mu mikino ya CECAFA 2017 ari ukuryegukana dore ko ikipe y’igihugu iheruka igikombe mu mwaka wa 1999.
Uyu...
Issa Niyongere wo mu gihugu cy’ u Burundi amaze iminsi azenguruka umugi wa Bujumbura n’ imodoka ye yanditse amagambo yo kwamagana ubucuruzi bw’ abacakara bukorerwa mu gihugu cya Libya.
Nk’ uko CNN...
Miss Rwanda 2017 Iradukunda Elsa uri mu bakobwa 80 bahatanye mu irushanwa ry’ubwiza rya Miss World 2017 akaba anahagarariye u Rwanda, yatangaje ko iyo Nelson Mandela wayoboye Afurika y’Epfo aba...
Nyampinga w’u Rwanda 2017, Iradukunda Elsa w’imyaka 19 y’amavuko uri mu bahataniye ikamba rya Miss World 2017 akaba anahagarariye u Rwanda muri aya marushanwa y’ubwiza, ntiyagize amahirwe yo kwisanga...
Ku munsi w’ejo taliki ya 10 Ugushyingo 2017 nibwo itsinda rya Urban boys ryagiranye ikiganiro n’itangazamakuru riboneraho no gutangaza ko ritakigizwe n’abasore batatu ahubwo ko hasigaye babiri kandi...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Ugushyingo 2017, amateka mashya aranditswe!Itsinda rya Urban Boys rigiye gukomeza urugendo rwa muzika ari babiri aho kuba batatu nk’uko byari bisanzwe ni nyuma...
None ku wa Gatatu, tariki ya 8 Ugushyingo 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje...
• Patrice Evra yaraye akubise umufana wa Marseille mu mukino wabahuje na Vitoria de Guimaraes
• Patrice Evra yahise ahabwa ikarita itukura mbere y’uko umukino utangira aba umukinnyi wa mbere...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame ari i Dubai aho yitabiriye inama ikomeye mu rwego rw’isi yiga ku ishoramari muri Afurika (Africa Global Business Forum).
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 1 Ugushyingo...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki ya 31 Ukwakira 2017 Abakobwa bahataniye ikamba rya Miss World 2017 bashyizwe mu byiciro bizifashishwa mu gutoranya abafite ubumenyi bari mu bazaba bafite...
Uko umusore yakegukana umutima w’umukobwa yakunze
Iturufu umuhungu ashobora kwitwaza agatereta umukobwa wese
Iyi ni imico ikwiye kuranga umusore wifuza urukundo ku mukobwa
Ni iki gituma...
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 27 Ukwakira 2017 nibwo hateganyijwe umukino ukomeye ubimburira iyo ku munsi wa 4 wa shampiyona aho umutoza Jimmy Mulisa yatangaje ko atitaye ku mateka y’uko APR FC...