Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yamaze gutangaza ko kubera ko umunsi w’Umuganura uzaba ku Cyumweru; ku wa Mbere tariki ya 28 Kanama 2017 hazaba ari ikiruhuko ku bakozi bose.
Umunsi...
Umuririmbyi Kitoko Bibarwa uri mu Rwanda, yavuzweho kuba mu rukundo n’umunyamakuru w’umunyarwandakazi Kizima Ngabonziza Joella, hejuru y’ibyo ngo baniteguraga kurushinga.
Bibarwa Patrick wageze...
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 18 Kanama 2017 ni umunsi utazibagirana mu mateka y’u Rwanda ukaba ibisubizo ku banyarwanda kuko uwo bitoreye yemeye ko agiye gukomezanya imbaduko muri manda y’imyaka...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame nyuma yo kurahirira kuyobora u Rwanda mu myaka irindwi iri imbere yavuze ko kuri ubu u Rwanda ari urw’ Abanyarwanda bose yongeraho ko ntawe rubona nk’ umwanzi haba...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda; Paul Kagame yagejeje ijambo kubitariye umuhango w’irahira rye, rikubiye impanuro ku rubyiruko, icyo Afurika yagakwiye gukora no kwerekana ko u Rwanda ntawe rubona...
Igitondo cyiza musomyi w’Umuryango.rw
Umuryango.rw wabanye nawe mu gihugu cyose muri gahunda zo kwiyamamaza ku bakandida batatu bahataniraga kuyobora u Rwanda, uwegukanye intsinzi ni Paul Kagame...
Kuri uyu wa Kabiri taliki ya 15 Kanama 2017, nibwo Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’I Burayi UEFA rimaze gutangaza abakinnyi 3 bazatoranywamo uwahize abandi mu mwaka w’imikino ushize....
Philippe Mpayimana wari umukandida wigenga mu matora y’umukuru w’igihugu aherutse kuba mu Rwanda muri Kanama 04-03, yatangaje ko atazasubira mu gihugu cy’u Bufaransa ndetse ko adateganya gushinga...
Guverinoma ya Kongo yahagaritse imbuga nkoranyambaga ku mpamvu ivuga ko ari ugukumira isakazwa ry’ amafoto n’ amashusho bigaragaza ubwicanyi bwabaye ku wa Mbere w’ icyumweru gishize bugatwererwa mu...
Ku itariki nk’iyi nibwo hatangajwe inkuru y’akababaro y’uko Shyaka Claver yitabye Imana, ni kimwe mu bbyaranze uyu munsi mu mateka.
Turi ku wa Gatandatu tariki ya 12 Kanama, ni umunsi wa 224 mu...
Umuyobozi wa Polisi ya Tanzaniya, IGP Simon N. Sirro yagiriye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ine mu Rwanda rukaba rugamije gukomeza umubano usanzwe hagati ya Polisi z’u Rwanda n’iya Tanzaniya...
Umwe mu bagize inteko ishinga amategeko ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika asanga Perezida w’ iki gihugu Donald Trump akwiye kwegura mbere y’ intego rusange yo kumweguza iterana.
Madamu Jackie Speier...
Dr John Pombe Magufuli uyoboye igihugu cya Tanzania, yishimiye intsinzi ya Perezida Kagame Paul yegukanye ku wa 03 na 04 Kanama 2017, amwizeza umubano utajegajega hagati y’ibihugu byombi....
Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, yifurije ishya n’ihirwe Perezida w’u Rwanda Paul Kagame wegukanye intsinzi yo kuyobora u Rwanda mu yindi myaka irindwi iri imbere nk’uko bishimangurwa n’amajwi...
Kabarira Edith, umugore wa Dr Frank Habineza, yavuye i Burayi ahita atangira gufasha umugabo we mu bikorwa byo kwiyamamaza, ubwo yari Kimironko aho yatoreye yavuze ko naba abaye First lady...
Philippe Mpayimana w’imyaka 47 y’amavuko uhatanira kuyobora u Rwanda, yavuze ko mu gihe cyose amaze mu bikorwa byo kwiyamamaza yabonye umutekano usesuye.
Mpayimana usanzwe ari umukandida wigenda...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 3 Kanama mu bihugu bitandukanye by’ amahanga Abanyarwanda bazindukiye mu gikorwa cyo gutora Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda.
Abanyarwanda baba mu Bushinwa batoreye...
Paul Kagame wakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Gasabo ko mujyi wa Kigali, yavuze ko hari abibaza niba u Rwanda ruzagira amahoro igihe azaba atarikiri Perezida wa Repubulika.
Ku...
Ku munsi w’ejo taliki ya 01 Kanama nibwo abakinnyi 3 barimo Usengimana Faustin na Mwiseneza Djamar bagaragaye mu myitozo y’ikipe ya Rayon Sports aho bivugwa ko bo na Habyarimana Innocent bakunze...
Depite Gatabazi JMV, umwe mu bashinzwe ibikorwa byo kwamamaza bya Paul Kagame yahawe ijambo atangirira ku mateka yo kubohora igihugu yahereye mu Karere ka Gicumbi agakwira mu gihugu cyose.
Ibi...
Polisi ya Malawi yatangaje ko Madamu Joyce Banda wabaye Perezida wa Malawi kuri ubu arimo gushakishwa n’ inkiko kubera ibirego bya ruswa bivugwa ko yagizemo uruhare ubwo yari akiri ku butegetsi...
Paul Kagame, Umukandida wa FPR Inkotanyi ushyigikiwe n’ amashyaka 8 wiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika yabwiye abatuye akarere ka Burera no mu nkengero zako ko nyuma y’amatora hari...
Perezida wa Sena, Bernard Makuza yasabye Paul Kagame gukomeza kuyobora u Rwanda kugeza muri 2034 mu kumusubiza Kagame yavuze ko ibyo byazasuzumwa hagendewe kubizava mu matora ateganyijwe muri...
Perezida wa Sena, Bernard Makuza ubwo yari mau karere ka Nyamasheke mu ntara y’iburengerazuba mu bikorwa byo kwamamaza umukandida wa RPF inkotanyi yavuze ko hari ingingo zigera ku munani...