Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 27 Nzeri 2019, hirya no hino mu Gihugu habaye amatora yo gusimbura abayobozi b’uturere baherutse kwegura no kweguzwa aho mu karere ka Musanze Madamu Nuwumuremyi...
Kuva Joe Biden yatangazwa ko yatsindiye kuba Perezida w’Amerika - na Kamala Harris akaba Visi Perezida we, ubutumwa bw’abategetsi batandukanye ku isi bwakomeje kwisukiranya - bwinshi muri bwo...
Polisi yo mu gihugu cy’u Bufaransa yarashe abantu babiri bari mu modoka bahita bapfa, nyuma y’amasaha make Perezida Emmanuel Macron amaze gutorerwa manda ya...
Amatora ya Perezida muri Kenya yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 09 Kanama 2022, nyuma yuko ibiro by’itora bifunguye ku isaha ya saa kumi n’ebyiri za mu gitondo (6h), ni ukuvuga saa kumi n’imwe...
Umukandida w’ishyaka riri ku butegetsi Bola Tinubu yatangajwe ko yatsinze amatora y’umukuru w’igihugu muri Nigeria.
Uyu munyapolitike w’imyaka 70 yagze amajwi angana na 36% muri aya matora yateje...
Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko nta ruhare uwo yasimbuye ku butegetsi, Joseph Kabila, yagize ngo atsinde amatora y’Umukuru w’Igihugu mu mwaka...
Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo yavuze ko abasaga Miliyoni 1.5 bari mu bice bigenzurwa na M23 batemerewe kwitabira amatoro y’umukuru w’Igihugu atekanijwe mu kuboza uyu mwaka...
Umunyarwanda, Philippe Mpayimana uba mu gihugu cy’u Bufaransa, yatangaje ko na we aziyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika mu matora azaba muri uyu mwaka wa 2017, kandi akaba aziyamamaza ku...
Aba uko ari batanu nibo bahatanira kwicara ku ntebe y’ umukuru w’ u Bufaransa
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 23 Mata 2017, Igihugu cy’ u Bufaransa cyazindukiye mu matora y’ umukuru w’...
Tshisekedi avuze ku mubano wa RDC n’u Rwanda ahishura ko hashobora kubaho intambara yeruye hagati y’ibihugu byombi, anatangaza ko Masisi na Rusthuro batazora.
Urukiko rw’ ikirenga mu gihugu cya Kenya kuri uyu wa Gatanu tariki 1 Nzeli 2017 rwasheshe ibyavuye mu matora ya Perezida wa Kenya aheruka rutegaka ko andi matora azakorwa bitarenze iminsi 60....
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko mbere y’ uko u Rwanda rwinjira mu matora y’ umukuru w’ igihugu hari inshuti ze z’ abanyamahanga zamubgiriye inama z’ uko akwiye kubigenza agakomeza...
Ku Cyumweru tariki 22 Mata 2018 abaturage bo mu karere ka Tama mu mugi wa Tokyo mu Buyapani bakoze amatora y’ umuyobozi w’ ako karere kabura gato ngo irobo yari yamamajwe itsinde...
Umuturage wo mu murenge wa Murambi mu karere ka Rulindo witwa Nzamugurinka Venantie yitabiriye amatora y’ abadepite yambaye ivara nk’ umugenzi ugiye gusezerana.
Abakandida babiri bakomeye mu batavuga rumwe na Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo batangaje ko biyunze mu matora y’umukuru w’igihugu yo mu kwezi...