skol
Kigali

Search: guhora (712)

Messi yatangaje ikintu kiri kumushengura umutima kurusha ibindi muri iki gihe

Kizigenza Lionel Messi yaraye atangaje amagambo akomeye ubwo yari agarutse muri Espagne avuye mu ikipe y’igihugu ya Argentina aho yavuze ko arambiwe guhora anengwa muri buri kintu cyose kibaye...
19 November 2020 4131 0

Thiago Silva yavuze uburwayi budasanzwe asigaye ahorana nyuma yo kugera muri Premier League

Myugariro Thiago Silva uherutse kwerekeza mu ikipe ya Chelsea FC yatangaje ko kuva yayigeramo asigaye ahorana umutwe udakira nyuma y’imikino kubera guhora ahangana no kwambura imipira ku mitwe aba...
10 November 2020 4151 0

Impamvu 7 kurya ibihumyo kenshi ari ingenzi ku buzima

Ibihumyo ni ibyo kurya by’ingenzi kandi byuzuyemo intungamubiri nyinshi, kubirya kenshi bishobora gufasha ubuzima bwawe guhora bumeze neza.
24 September 2020 1863 0

Dukomeze kwigisha abakiri bato agaciro k’ubumuntu-Madamu Jeannette Kagame

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Kamena 2020, ubwo hibukwaga imiryango yazimye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,Madamu Jeannette Kagame yasabye ko abakiri bato barushaho kwigishwa umuco...
20 June 2020 753 0

Havumbuwe ingaruka zikomeye bya bipupe byifashishwa mu gutera akabariro biri gutera ababyitabaza

Abahanga mu buvuzi bwo mu mutwe batangaje ko ibipupe biri kwifashishwa cyane mu gukora imibonano mpuzabitsina bitera ingaruka zo kubatwa nayo ndetse igihe cyose ababisambanya bakunda guhora...
16 July 2018 5543 0

Niba ukunda umukunzi wawe iki cyumweru kikaba gishize utamubwiye aya magambo ntuzi gukunda

Ubundi nta kiza nko kuba umugabo w’amagambo asize ubuki,aryohereye amatwi y’umukunzi we,umugabo umeze gutya ni wa wundi utera umugore we guhora aseka kandi ku butumwa buto gusa,Ese ushaka kuba...
4 July 2018 3615 0

Martial yasabye ikintu gikomeye Mourinho nyuma yo kumutsindira Tottenham

Antony Martial arambiwe guhora yicaye ku ntebe y’abasimbura kandi afasha ikipe ya Manchester United kwitwara neza iyo asimbuye
29 October 2017 1529 0

Yahinduye nyina umugore we none byabakururiye guhunga

Muri leta zunze ubumwe za America haravugwa umusore witwa Ben Ford w’imyaka 32 na nyina umubyara Kim West w’imyaka 51 bamaze igihe barahindutse nk’umugore n’umugabo kubera guhora bakora imibonano...
8 May 2022 2028 0

Gusaba+ Kwizera + Gukomeza kuba imbere y’ imana = Intsinzi y’ubuzima bwiza-Ubuhamya - Rev./Ev. Eustache

Mu mezi atandatu nigeze kubagezaho ubuhamya bw’ uko Imana yantunguje umugisha w’ inzu ntarinzi ko nshobora kuyituga mu buzima bwanjye bitewe n’ uko ingana.
8 December 2019 772 0

Ababyeyi basabwe kutajya gushaka amashuri y’abana babo mu bihugu bituranye n’u Rwanda

Minisitiri w’Uburezi, Dr Eugène Mutimura, yasabye ababyeyi kwirinda guhora bajya gushaka amashuri y’abana babo mu bihugu bituranye n’u Rwanda kuko ayo mashuri nta reme atanga riruta iry’ayo mu...
4 December 2019 1482 0

Bohokera kubabarira abandi-Rev.Nibintije

Soma Abaheburayo 10: 30 “ Uzi uwavuze ati” uguhora ni ukwanjye” Nijye uzitira.. akongera ati” Imana izacira ubwoko bwe urubanza.”
26 November 2019 266 0

Kwibwira ko kuba wanga Kagame wamuhindura ugashyiraho uwo ushaka ntibishoboka-Perezida Kagame

Ubwo yasozaga inama ya Africa CEO Forum,nyakubahwa perezida Kagame yabwiye abari bayitabiriye ko Afrika igomba guharanira guhora ikora neza ndetse igafatanya muri byose ndetse aboneraho guha...
26 March 2019 6155 0

Justin Bieber ari gushaka umuganga umuvura uburwayi bwo mu mutwe bivugwa ko yatewe n’urushako

Umuhanzi Justin Bieber uherutse gushyingiranwa na Hailey Baldwin,afite ikibazo cyo mu mutwe cyo kurakazwa n’ubusa ndetse no guhora arwaye umutwe (depression),nyuma yo gushakana n’umunyamideli...
13 February 2019 3147 0

Abashakashatsi bagaragaje amazina 20 azanira ibyishimo ba nyirayo n’azana agahinda

Abashakashatsi bakomeye barimo Dr David Holmes batangaje amazina 20 atunzwe n’ abantu bahora bishimye ndetse akunda kuzanira umugisha ba nyirayo bagahora bamwenyura ndetse n’aya abantu bahorana...
23 October 2018 42328 0

Bakame yatangaje intego Amavubi ajyanye mu mikino ya CECAFA

• Bakame yatangaje ko bagiye gushaka igikombe cya CECAFA • Bakame ababazwa n’uko ataregukana iki gikombe cya CECAFA mu ikipe y’igihugu • Bakame arifuza ko bakuraho agahigo kabi ko guhora batsindirwa...
1 December 2017 260 0

Reba imyitwarire mibi ugomba kwirinda kuko igabanya ubudahangarwa bw’umubiri wawe

Ubudahangarwa bw’umubiri wawe, bugira akamaro gakomeye ku buzima kuko bwitabazwa mu kurinda no kurwanirira umubiri ibyashaka kuwuhungabanya byose. Burinda ko mikorobe zose zagira aho zimenera,...
8 June 2017 6660 0

Minisitiri Utumatwishima yagiriye inama ikomeye abanyarwanda biga muri Amerika

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Abdallah Utumatwishima, yavuze ko abantu bari kwiga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ahandi bagomba guhora bazirikana ko u Rwanda rukeneye...
3 February 2024 1022 0

Dore amagambo y’agahebuzo wabwira umukunzi wawe akaba yaguha ibye byose

Mu rukundo habamo intekerezo nyinshi zitandukanye; hakaba n’ubwo umukunzi wawe akubwira ko uri mwiza ariko wowe ntubashe kubyibonaho. Nubona rero inshuti yawe yatangiye kwiheba biturutse ku...
24 May 2023 1698 0

Dore ibiribwa wafata bikakurinda umunaniro

Umunaniro ni kimwe mu bintu bigora abantu cyane iyo ari umuntu ugira akazi kenshi gusa hari ibiribwa birwanya umunaniro bikaba byafasha umuntu guhorana ubuzima bwiza n’imbaraga kandi nta ngaruka...
22 March 2023 2132 0

"Tuzasindagizwa kugeza ryari?"-Perezida Kagame abaza abayobozi

Perezida Kagame yabajije abayobozi mu nzego zitandukanye impamvu badakora inshingano zabo uko bikwiriye bigatuma abaturage bahazaharira. Ibi yabigarutseho ubwo yatangizaga Inama y’Umushyikirano...
27 February 2023 1201 0

Dore ibintu abantu bakunze gukora mu rukundo batabizi bikarwangiza

Bimwe mu bintu abantu bakunze gukora mu rukundo batabizi bikarwangiza bakiba byanarangira abakundanaga batandukanye kandi mu byukuri ar ibintu byahinduka ubuzima bwabo bukarushaho...
23 February 2023 2075 0

Dore ibintu 5 abagore bahora bifuza ku bagabo babo mbere y’uko babana na nyuma

Nubwo kwifuza kw’abantu kuba gutandukanye hari bimwe abagore n’abakobwa bahuriyeho ku bintu baba bashaka guhora babona ku bagabo babo haba mbere y’uko babana ndetse na...
27 January 2023 1745 0

Ntawuzagusimbura!Junior yahaye isezerano rikomeye uwahoze ari umukunzi we nyuma y’umwaka yitabye Imana

Umuhanzi Junior wo mu itsinda rya Juda Muzik yahaye isezerano Umuringa wahoze ari umukunzi we umaze umwaka yitabye Imana amusezeranya kumukunda by’iteka no guhorana umwanya wihariye mu mutima...
11 January 2023 1783 0

Menya ibintu byangiza urukundo buke buke iyo udashoboye kubihindura

Bimwe mu bintu byangiza urukundo buke buke ugsanga abari abakunzi bahindutse abandi, byari ibyishimo bigahinduka amarira kandi nyamara ari imyitwarire buri muntu yabasha guhindura kuko akenshi...
16 December 2022 1403 0

Menya imyitwarire idakwiye mu rukundo kuko irwangiza buke buke

Imyitarire iranga umuntu mu rukundo ni nayo ishobora kumuha gutuma urukundo ruramba cyangwa se rugaharara.
21 November 2022 1391 0

Dore ibintu byangiza urukundo bukebuke

Imyitwarire umuntu agira mu rukundo niyo iruha kuramba cyangwa gusenyuka. Igihe ukeneye kugumana n’umukunzi wawe, hari uburyo uba ugomba kwitwara bya buri...
20 September 2022 1546 0

Dore aya niyo mabanga 5 y’ingenzi niba ushaka kugira urukundo rw’igihe kirekire

Birashoboka ko wigeze kumva bivugwa ngo guhora mu bintu bimwe bibishya urukundo. Menya amabanga 5 y’ibintu wajya ukora mu rukundo bigatuma rumara igihe kirekire kandi ntibifatwe...
23 February 2022 1149 0

Dore aya niyo mabanga 5 y’ingenzi niba ushaka kugira urukundo rw’igihe kirekire

Birashoboka ko wigeze kumva bivugwa ngo guhora mu bintu bimwe bibishya urukundo. Menya amabanga 5 y’ibintu wajya ukora mu rukundo bigatuma rumara igihe kirekire kandi ntibifatwe...
8 February 2022 1264 0

Dore aya niyo mabanga 5 y’ingenzi niba ushaka kugira urukundo rw’igihe kirekire

Birashoboka ko wigeze kumva bivugwa ngo guhora mu bintu bimwe bibishya urukundo. Menya amabanga 5 y’ibintu wajya ukora mu rukundo bigatuma rumara igihe kirekire kandi ntibifatwe...
4 January 2022 2074 0

Ubushakashatsi bwagaragaje uburyo gusurira umukunzi wawe cyangwa uwo mwashakanye ari ikimenyetso gikomeye...

Ubusanzwe gusura ni igikorwa buri wese aho ava akagera akora ariko benshi birinda kubikorera mu ruhame cyangwa bari kumwe n’abantu babo b’ingenzi cyane nk’inshuti bitewe nuko baba bifuza guhora...
5 April 2021 8097 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | ... | 690