Terry Gobanga ni umugore akaba na nyina w’abana babiri wavukiye i Nairobi muri Kenya ariko ubu akaba atuye i Texas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yavuze ukuntu yashimiswe agafatwa ku ngufu...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 03 Kanama 2020,Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu 30 banduye Coronavirus mu Rwanda bituma umubare w’abamaze kwandura iyi virusi baba...
Nyuma y’igihe abaturage b’umurenge wa Nyakarenzo mu karere ka Rusizi bategereje imvura yagira icyo imarira imyaka bari barateye ndetse n’urutoki bavuga ko rwari ruyinyotewe, abo mu midugudu ya...
Rutahizamu wa Juventus,Cristiano Ronaldo yatangaje ko nubwo yageze kuri byinshi kubera umupira w’amaguru ndetse yifuza ko umuhungu we Cristiano Jr yagera ikirenge mu cye ariko ngo ntazigera...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr.Daniel Ngamije,yatangaje ko inkingo za mbere za COVID-19 biteganyijwe ko zizagera mu Rwanda hagati muri uku kwezi kwa Gashyantare...
U Rwanda rwatangije gahunda yo gukingira Covid-19,yatangiriye ku bafite ibyago byo kwandura kurusha abandi by’umwihariko abita ku barwaye iyi virus mu mavuriro, nk’uko byatangajwe na minisiteri...
Imodoka z’ibitaro by’uturere hirya no hino mu gihugu, muri iki gitondo zaramukiye i Masoro ahabitse inkingo za #COVID19, aho zigiye kujyana inkingo zizifashishwa muri gahunda yo gukingira...
Umugabo ukomoka mu gihugu cya Nigeria ariko wabaga mu gihugu cy’Ubwongereza mu mujyi wa London yahuye n’uruva gusenya ubwo umukunzi we w’umuzungu yamusangaga mu rugo yaryamye amubajije ibyokurya...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri, COVID-19 yahitanye umugore w’imyaka 20 wo mu mujyi wa Kigali, abamaze gupfa mu Rwanda babaye 346. Abarwayi bashya babonetse ni 129 mu gihe...
Cristiano Ronaldo watangiye ubuzima neza muri Manchester United, yakoze agashya azana imashini ikora barafu yo kumufasha kugumana umubiri mwiza no kuguma ku isonga mu mupira...
Umugore w’imyaka 25 wo muri Kenya yasubiye ku kazi amezi atatu nyuma yo kwibaruka, kubera iyo mpamvu ntashobora konsa umwana we w’umukobwa amezi atandatu yagenwe.
Uyu mugore wize iby’indyo...
Nerf sciatique ni wo mutsi munini ndetse muremure ugararaga ku mubiri w’umuntu ,ukaba umanutse ku gice cy’inyuma cya buri kuguru uturutse ku gice cyo hasi mu mugongo ukamanuka ku itako ukagera hasi...
Umugabo n’umugore bahuye n’uruva gusenya ubwo imodoka yabo yakoraga impanuka bari mu nzira yerekeza ku bitaro maze barara muri iyo modoka yari yangiritse cyane mu gace kari kuzuyemo intare....
Umugore w’imyaka 26 witwa Amanda Sharp-Jefferson, ukomoka i Las Vegas muri Amerika ashinjwa ibyaha bibiri by’ubwicanyi mu rupfu rw’abakobwa be babiri b’impinja aho polisi ivuga ko yabishe avuga ko...
Umwana witwa Nisingizwe Benjamin w’Imyaka 8 wo mu Murenge wa Muhanga, Akarere ka Muhanga yakubiswe n’inkuba ahita apfa arimo gufata amafunguro ya ku manywa.
Mu byaranze uyu munsi mu mateka harimo, ivumburwa ry’ikibuye cyagwiriye isi cya Eureka ndetse n’ivuka ry’ikirangirire mu mupira w’amaguru. Turi ku wa ka Kabiri tariki ya 20 Kamena, ni umunsi w’171 mu...
Umucuranzi w’inanga nyarwanda Deo Munyakazi, witabiriye ibitaramo by’ ubusizi mu Mujyi wa Paris mu Bufaransa avuga ko yatunguwe na byinshi mu byo yahasanze ariko ngo uburyo abantu baho bubaha umuco...