Kuri sitasiyo ya SP iherereye mu mujyi wa Kigali ahahoze Radio Rwanda imodoka zirindwi zirimo Land Cruiser, Toyota Carina, na Rava4 zahuye n’ ikibazo nyuma yo gushyirwamo Lisansi yivanze n’ amazi....
Uko abakundanye bahuza ubwumvikane mu buryo batwaramo urukundo rwabo biri mu bituma barambana nta kwishishanya kuko hari abakundana benshi bagatandukana hadaciye kabiri kubera imyumvire...
Minisitiri w’ intebe Anastase Murekezi yavuze ko Leta y’ u Rwanda igiye gutangira guhana yihanikiriye abantu barangara mu kazi bagatuma Leta ihomba.
Ibi Minisitiri w’ intebe yabitangaje kuri uyu...
Abantu 44 nibo bamaze gutangazwa ko basize ubuzima mu mpanuka ya gariyamoshi ebyiri zagonganye kuri uyu wa gatanu zigahita zifatwa n’inkongi y’umuriro mu majyaruguru y’igihugu cya Irani.
Uretse...
Humble Jizzo avuga ko mu bwana bwe yakoze amakosa atandukanye ariko ko adashobora kwibagirwa umunsi yashyize ibasi ya Palasitiki ku mbabura kugeza ihiye, ngo ni nabwo hitabajwe abanyamasengesho...
Umutoza Karekezi Olivier wa Rayon Sports ikipe bivugwa ko ariyo afite abafana benshi mu gihugu cy’u Rwanda, yahishuye icyo yakundiye umugore we kuri ubu babana, anakomoza ku nkumi yigeze gutereta...
Umuhinzi wo mu karere ka Musanze mu murenge wa Nyange witwa Karegeya Appolinaire ukora imirimo y’ ubuhinzi irimo no gutubura imbuto avuga ko yatangije ibihumbi 500 ubu akaba amaze kugera kuri...
Umubyeyi wo mu gihugu cya Kyrgyzstan mu mugi wa Bishkek yafashwe ari gukubita umwana we bya kinyamaswa amuziza ko yananiwe kugenda hejuru y’urubura.
Uyu mubyeyi gito utavuzwe amazina,yafashwe...
Humble Jizzo yageze muri Leta zunze ubumwe za Amerika ku cyumweru ari kumwe n’umukunzi we, Amy aho baherereye mu gace ka Wenatchee ho muri Washington.
Uyu muhanzi yajyanye n’umukunzi mu myiteguro...
Humble Jizzo ugiye kumara icyumweru muri Leta zunze ubumwe za Amerika yerekanywe mu muryango w’umukunzi we Amy Blauman bamaranye imyaka ine mu munyenga w’urukundo.
Aba bombi bavuye mu Rwanda...
Amavubi yatangiye imyitozo ikomeye ku munsi w’ejo taliki ya 03 Mutarama 2018 mu bukonje bwinshi buvanze n’imvura aho aba basore bitegura kwerekeza mu mikino ya CHAN 2018. Iyi kipe iri mu mugi wa...
Sebanani André yavutse mu 1952, avukira mu cyahoze ari Komini Kigoma Perefegitura Gitarama, ubu akaba ari Akarere ka Nyanza, Intara y’Amajyepfo. Amashuri yisumbuye yayize i Shyogwe nyuma aza...
Nk’ uko bitangazwa na hareably ni uko iyi mihanda ari umwe mu mihanda iteye ubwoba,ihanamye ndetse igoye kuba wayigenderamo wenyine cyangwa ngo ugende utuje iyo mihanda usangamo Khardung La ,...
Umunyamideli witwa Amal Saber w’imyaka 28 ukomoka muri Morocco, yatangaje ko Cristiano Ronaldo yamusabye kujya kumwereka imbwa ze bagera iwe bikarangira...
Inka 20 mu nka 104 zahawe bamwe mu baturage b’ umurenge wa Nyarusange mu karere ka Muhanga zimaze gupfa mu byumweru bitatu, bigakekwa ko zirimo kuzira kutishimira...