Umunyamabanga mukuru wa FPR-Inkotanyi, Ngarambe François, yavuze ko mu bikorwa byo kwamamaza umukandida wabo Paul Kagame bazakora uko bashoboye bakagera muri buri Karere, ngo hari naho bazagera ku...
Kitoko uri mu ndege agaruka mu Rwanda nyuma y’imyaka igera kuri ine, yatangaje ko amasaha atinze ngo agera mu gihugu cy’amavuko yari akumbuye, ngo akumbuye kongera guhoberana n’abafana be...
Abahanzi bo muri Uganda ntabwo bakomeje guhirwa no gukorera ibitaramo mu bihugu byo mu Barabu, birimo Saudi Arabia na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, kuko bakigera yo bahita batabwa muri yombi...
Vital Kamerhe Lwa Kanyiginyi ni we waraye atsinze amatora yo guhagararira ihuriro ry’amashyaka ari ku butegetsi muri DR Congo ku mwanya w’umukuru w’Inteko Ishingamategeko umutwe...
Perezida Kagame yavuze ko nubwo ikipe akunda ya Arsenal yasezerewe muri 1/4 cya UEFA Champions League ikiri ikipe akunda, yifuriza amahirwe Bayern yayisezereye ikinjira muri 1/2...
Umuyobozi Mukuru wa RIB,Jeannot Ruhunga yavuze ko yamenye amakuru y’uko mu mukino w’amagare wa Tour du Rwanda havugwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina, bityo bagiye...
Umunyamideli waniyeguriye ubuhanzi, Kabarokore Yvonne [Ivy] ni we mukobwa uzahagarira u Rwanda mu irushanwa mpuzamahanga ry’ubwiza rya Miss Planet International.
Urukiko rw’Ikirenga rwa Colorado rwemeje ko Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika,atemerewe kwiyamamariza kongera kwinjira muri White House kubera uruhare yagize mu...
Irandukunda Jean Bertrand wabaye umukinnyi mu makipe akomeye hano mu Rwanda arimo APR FC n’Amavubi, yemeje ko aretse burundu umupira w’amaguru kubera imvune...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Ubushinwa yavuze ko burimo kugerageza gahunda y’ingendo nta viza (visa) ku baturage b’Ubufaransa, Ubudage, Ubutaliyani, Ubuholandi, Espanye na Malaysia mu gihe...
Ikipe yo muri Peru yitwa Alianza Lima,yanze ko mukeba wayo Universitario yishimira igikombe yari imaze kubatwara kuri stade yabo aho umukino warangiye igahita izimya...
Perezida w’Icyubahiro wa TP Mazembe, Moïse Katumbi, yemeye kwishyurira amatike abafana b’iyi kipe batuye i Dar es Salaam no mu nkengero zayo ubwo izaba yakira ES Tunis muri African Football League,...
Umugore wirata ko yaryamanye n’abagabo n’abagore 300 mu mwaka umwe, yavuze ko yirukanwe ku mirimo ye nyuma y’uko abakoresha be bavumbuye ko yafunguye konti yo gucururizaho amafoto n’amashusho...
Hari ibintu umukobwa wese yitaho cyane mbere yo kwemera kujya mu rukundo n’umusore runaka, nyamara abasore bo bibwira ko nta gaciro bifite ndetse abenshi...
Hamisu Danjibga wahoze ari umunyamakuru ukunzwe kuri Radio ya Nijeriya yasanzwe yapfiriye mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’intara ya Zamfara nyuma y’iminsi 3 aburiwe...
Uwahoze ari umunyamakuru wa Fox News, Tucker Carlson yashyize hanze agace k’ikiganiro cy’umugabo baganiriye, amuhishurira ko yaryamanye na Barack Obama wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za...
Perezida wa Nijeriya, Bola Tinubu, kuri uyu wa mbere yarahije abaminisitiri 45, muri guverinema nshya. Bitezweho kwita ku bibazo by’ubukungu, bugenda buhoro, ifaranga rijegajega n’itumbagira...