Umurambo w’umuherwe wari mu ba mbere bafite amafaranga menshi muri Uganda, Ivan Ssemwanga wagejejwe i Kampala uvanywe muri Afurika y’Epfo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 28 Gicurasi 2017.
Ivan...
Urukiko rukuru rwo mu gihugu cya Uganda rwategetse ko akayabo k’ amafaranga kashyizwe mu mva y’ umuherwe Ivan Semwaga uherutse gushyirwa gakurwa gakurwamo.
Mu muhango wo gushyira itsinda rya Gang...
Abantu 6 bo mu muryango umwe muri Uganda bishwe n’umuhengeri mu kiyaga cya Victoria, ubwo bari mu bwato bwaturukaga mu gace ka Kasekulo berekeza mu ka Mugoye mu ntangiriro z’iki cyumweru....
Inzego zishinzwe umutekano muri Uganda zatangaje ko abanya Uganda batanu bari mu bantu 15 biciwe mu gico cyatezwe abagenzi mu gihugu cya Sudani y’ Epfo.
Ku wa Kane w’ iki cyumweru nibwo umuntu...
Jerod Davincy Odongo, umuhanuzi wo mu gihugu cya Uganda uvuga ko yahuye n’ Imana amaso ku yandi yavuze ko Imana yari yamuhishuriye ko Nyakwigendera Andrew Kaweesi wari umuvugizi mukuru wa Polisi...
Photo/Makuruki Impanuka y’imodoka yabereye mu murenge wa Kanyinya w’Akarere ka Nyarugenge yahitanye abantu bane, abandi 14 barakomereka bikomeye.
Iyi mpanuka yabaye mu ma saa yine z’ijoro ryo...
Dr Frank Habineza yatanze ibyangombwa bye bimwemerera guhatanira umwanya w’ umukuru w’ u Rwanda mu matora ateganyijwe muri Kanama 2017.
Ku isaha ya saa yine zirengaho iminota mike nibwo Dr Frank...
Turi tariki ya 16 Kamena, ni umunsi w’167 mu minsi 365 igize uyu umwaka, iminsi 198 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo.
Bimwe mu byabaye kuri uyu munsi mu mateka
• 1779: Igihugu cya...
Leta y’u Burundi yatangaje ko impunzi zigera ku 156,000 zatahutse mu gihugu cyabo nyamara raporo ya UNHCR yo ivuga ko abatahutse babarirwa mu 37,000 gussa.
Uhagarariye UNHCR mu Burundi, Abel...
Iouri Lebedevu w’imyaka 34 y’amavuko, kuva mu mwaka wa 2011 yagiye agana muganga akamubaga mu maso, icyo yari agamije ni ukugira isura nziza, si ko byagenze birangira yiyanze anica muganga...
Thabo Mbeki wabaye Perezida wa Afurika y’Epfo ari mu bihangange byavutse kuri iyi taliki
Turi tariki ya 18 Kamena, ni umunsi w’169 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 196 uyu mwaka ukagera ku...
Leta ya Portugal yatangaje ko inkongi y’ umuriro yibasiye ishyamba ryo muri icyo gihugu riherereye ku birometero 50 mu magepfo y’ umugi wa Coimbra imaze guhitana abagera kuri 57.
Bamwe muri...
Mu gihe hasigaye iminsi 45 ngo Abanyarwanda binjire mu matora y’ umukuru w’ igihugu agiye kuba ku nshuro ya gatatu nyuma ya jenoside yakorewe abatutsi, komisiyo y’ amatora iravuga ko yamaze...
Impunzi z’ Abarundi n’ iz’ Abanyarwanda ziri mu nkambi Dzaleka iri hafi y’umurwa mukuru wa Malawi, Lilongwe zagiranye amakimbirane ashingiye ku moko nk’ uko byatangajwe na Leta ya Malawi.
Mu minsi...
Mu karere ka Bugesera ho mu ntara y’iburasirazuba mu murenge wa Nyamata, umugabo uri mu kigero cy’imyaka 25 na 30 y’amavuko yamaze amasha hafi arindwi ari ku giti cy’imyumbati yari yagiye kwiba...
Kuwa Kane w’iki cyumweru ingabo za Kongo zagabweho igitero n’imitwe yitwaje intwaro. Ibi byabereye mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Ingabo za FARDC zikorera mu gace bita Kalau, hafi y’umujyi wa...