Depite wo muri New Zealand (Nouvelle-Zélande) yanyonze igare ari ku bise kuri iki cyumweru ajya ku bitaro, abyara hashize isaha imwe gusa agezeyo.
Julie Anne Genter nyuma yaho yatangaje kuri...
Eugene Mussolini ari we watsinze amatora y’ abadepite mu kiciro cy’ abafite ubumuga mu Nteko Ishinga Amategeko muri manda ya 2018-2023 mu majwi y’ agateganyo. Komisiyo y’ amatora yabitangaje kuri uyu...
Mpayimana Philippe wiyamamarije kuba Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda ntibimuhire yongeye guhamya ko ashaka kuzaba umwe muri 80 bazaba bagize inteko ishinga amategeko mu Rwanda.
Yabitangarije...
Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Murara Jean Damascène, yanenzwe biturutse ku kuba aherutse kubwira Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, ko rukwiye kongera amahugurwa ku...
Umudepite wahoze ari umukuru w’inyeshyamba muri Repubulika ya Centrafrique yoherejwe mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha ruri i La Haye (The Hague) mu Buholandi ngo aburanishwe ku byaha byibasira...
Umudepite mu nteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akanaba umushoramari, Édouard Mwangachuchu, yamaganiye kure ibirego bya Leta y’iki gihugu imushinja kugirana...
Muri Kenya umukandida witwaga umurwayi wo mu mutwe kubera kwiyamamaza kandi ari umukene, Peter Salasya, yegukanye umwanya w’umudepite mu matora yabaye mu cyumweru...
Mu byumweru bike bishize muri Uganda, umudepite wa Kyadondo w’iburasirazuba akaba n’umukandida mu matora ya perezida wa Repubulika, Bwana Robert Kyagulanyi, uzwi ku izina rya Bobi Wine, yagiye...
Hamis Mwinjuma, umuhanzi uzwi cyane nka Mwana FA yatorewe kujya mu nteko ishingamategeko ya Tanzania ahagarariye akararere ka Muheza, naho undi muhanzi Professor Jay wari usanzwe ari umudepite...
Umudepite Marie Immaculée Ntacobakimvuna uturuka mu ishyaka CNL yatangaje ko icyatumye Rwasa akurwa ku buyobozi bw’ishyaka CNL ari uko yateje umwiryane mu...
Umuyobozi Mukuru w’ishyaka DGPR (Democratic Green Party of Rwanda) akaba n’umudepite mu nteko ishinga amategeko, Dr Frank Habineza, aravuga ko ihohoterwa ryakorerwaga abanyamuryango baryo...
Chérubin Okende usanzwe ari umudepite akaba n’Umuvugizi w’Ishyaka Ensemble pour la République ry’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Moïse Katumbi,...