Niyonshuti Ange Tricia w’abana babari yandikiye Tom Close bashakanye ibukubiye mu mwaka ine bamaze barushinze ndetse n’imyaka ine bamaze bakundana kugeza biyemeje gushyingiranwa.
Tariki ya 30...
Imibare igaragazwa na Polisi y ‘ u Rwanda igaragaza ko abagore ari bo benshi bakorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina.
Nk’ uko byatangajwe na CP Dr Daniel Nyamasa umuganga mu bitaro bya polisi...
Ikipe ya Miroplast FC yahawe agahimbazamusyi kikubye 3 kugira ngo itsinde ikipe ya Rayon Sports ku mukino w’umunsi wa 10 wa shampiyona utegerejwe uyu munsi. Amakuru agera ku UMURYANGO ni uko iyi...
Mu nkuru yacu yatambutse mu mwaka ushize wa 2017 twabagejejeho ukuntu Meddy yaciye amarenga yerekana uwo bivugwa ko bari mu rukundo mu majwi n’amashusho yanyujije kuri konti ya Instagram nubwo iyi...
Umubyeyi witwa Mukansanga Théodette w’imyaka 39 wo mu Murenge wa Jabana, Akarere ka Gasabo, umujyi wa Kigali, ntarongera gukanguka nyuma yo guterwa ikinya abyara none cyanze kumuvamo.
Uyu...
Umunyarwandakazi Bakesha Marie Claire wabaga mu Buholande mu mugi wa Amsterdam yiciwe muri iki gihugu, amakuru aravuga ko uyu Bakesha yaba yishwe n’ umukunzi we ukomoka muri Nigeria amuhanuye kuri...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 11 Mutarama 2018, hamenyekanye ko umunyarwandakazi Gaelle Bella IKIBAGENGA yaguye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bikekwa ko ari abamwishe....
Umugore wanjye twarabanaga nyuma baza kunyirukana mu kazi hazamo ikibazo cy’ubukene akazajya ampoza ku nkeke umunsi ku wundi kuko nasaga nkaho ntacyo maze mu rugu.
Yaje kubona akazi atangira...
Urukiko rwo muri Kenya rwatangaje ko gusuzuma ko abantu bakora ubutinganyi hagendewe ku bizami byo kugenzura mu bibuno byabo binyuranyije n’ amategetegeko nyuma y’ abatinganyi bo muri iki gihugu...
Rutahizamu w’ikipe ya Real Madrid Cristiano Ronaldo yakomerekeye mu mukino ikipe ya Real Madrid yatsinzemo ibitego 7-1 ikipe ya Deportivo La Coruna.
Uyu musore wari wagarutse mu bihe...
Umukinyi rurangiranwa wa Real Mdrid Christiano Ronaldo yakomeretse mu isura nyuma yo gukubitwa urukweto ubwo yatsindaga igitego cya 6 cyari icya 2 cye ku munota wa 84.
Ariko si ibitego 2...
Michael Sheridan w’imyaka 32 y’amavuko yemera ko yabaye ho mu buzima butunzwe n’ibyo kurya bigizwe n’imyunyu ngugu ndetse agakunda cyane ibiribwa bigizwe n’isukari gusa, kuri ubu amenyo ye akaba...
Bamwe mu basitari bo mu Rwanda bazamutse ku rwego rwiza aho bamwe bamaze no kwigurira imodoka bagendamo.Ni mu mafato yafashwe na Kigali Today ducyesha iyi nkuru aho bamwe mu bahanzi n’abakinnyi...
Umukobwa yarize arahogora ashaka ko Yannick Mukunzi amusuhuza ubwo bari bavuye mu myitozo .
Ibi byabaye ku mugoroboa wo kuri uyu wa Mbere ubwo ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye zirimo...
Umugore ukomoka mu Bwongereza yatawe muri yombi na polisi nyuma yo gufatwa ari guha umwana we w’amezi 18 umunyu mwinshi ashaka kumwica.
Uyu mugore yatanzwe kuri polisi na nyirakuru w’uyu mwana...
Umusore w’ umunya Cameroun w’ imyaka 24 yakoreye ibidasanzwe mu Bufaransa aryamana n’ umugore n’ abakobwa be batatu abatera inda uko ari bane.
Aba bakobwa uko ari batatu uw’ imyaka 17, uwa 19 n’...
Umukambwe Daniel arap Moi wigeze kuba Perezida wa Kenya yajyanywe mu bitaro byo muri Israel kugira ngo asuzumwe n’ abaganga uburwayi amaranye igihe bwo mu ivi.
Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’...
Umupolisi Ndizeye Christophe wakoreraga kuri sitasiyo ya Mutenderi mu karere ka Ngoma mu ntara y’ Iburasirazuba yitabye Imana bitunguranye nyuma yo kuva mu kabari aho yari yasohokeye.
Mu...
Mu karere ka Hoima mu gihugu cya Uganda, umubare munini w’abanyeshuri barimo guta ishuri kubera gutinya ibisimba bisa n’abantu bizwi nk’ibitera bibahohotera mu buryo...
Aborozi b’ ihene mu murenge wa Musasa mu karere Rutsiro mu ntara y’ Iburengerazuba borora aya matungo bayambitse ibice by’ utugerekani ku minwa mu rwego rwo kwirinda amakimbirane no gucibwa...