Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, Perezida Kagame yaganiriye n’Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat ku bibazo by’umutekano mu...
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yakoze impinduka mu nzego z’umutekano mu gihugu cye zasize ashyizeho umuyobozi mushya w’urwego rw’ubutasi...
Umunyamabanga Mukuru wa LONI, Antonio Guterres ,yasohoye raporo igaragaza uko umutekano wifashe mu Burasirazuba bwa Congo mbere y’uko Misiyo ya Loni muri ako gace ka Congo (Monusco) ifata...
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefone n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony J. Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano muke muri...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda,Nyakubahwa Paul Kagame yongeye kugaruka ku mutekano muke uterwa no kuba umutwe wa FDLR ugicumbikiwe n’abaturanyi kandi uhungabanya umutekano w’u Rwanda n’akarere...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports butewe impungenge n’umutekano wo muri Sudani ariyo mpamvu bwafashe umwanzuro wo kwandikira CAF bubifashijwemo na FERWAFA basaba ko umukino wo kwishyura w’ijonjora...
Inzego zishinzwe umutekano mu Rwanda zateye ba bagizi ba nabi bishe abantu I Musanze zicamo abagera kuri 19 abandi 5 bafatwa mpiri nkuko Polisi y’igihugu yabitangaje uyu...
Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika, yabwiye igikomangoma cyo mu Bwongereza Harry n’umufasha we Meghan Markle ko bagomba kwikora ku mufuka, kugira ngo Leta zunze ubumwe za...
Perezida wa US,Joe Biden abinyujije mu butumwa bwo kwifuriza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo isabukuru y’imyaka 62 y’ubwigenge,yijeje iki gihugu kugifasha mu by’umutekano.
Muri ubu...
I Kigali hagiye kubera inama ya mbere ku rwego rw’akarere ihuza abagore bari mu nzego z’umutekano. Mu byo iyi nama izibandaho harimo gusuzuma ishyirwa mu bikorwa ry’imyanzuro yafatiwe mu nama ya...
Ubanza ibumoso ni Dr Eric Ndushabandi, Kayumba Rose wayoboye ikiganiro, Dr Ismael Buchanan na Prof Masabo Francois batanze icyo kiganiro ku bikibangamiye amahoro n’umutekano w’Afurika (Foto Samuel...
Amakuru agera ku Umuryango ni uko hari abarundi babili bahungiye mu Rwanda nyuma y’imvururu zabanjirije n’izakurikiye amatora ya Perezida wa Repubulika mu Burundi barimo gushakishwa n’inzego...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Kanama 2020,Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rweretse itangazamakuru Paul Rusesabagina washinze umuryango wa MRCD (Rwandan Movement for Democratic Change),ugamije...
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize Maj Gen Kayanja Muhanga umuhuzabikorwa w’imitwe ya gusirikare ikorera i Kampala, mu gihe amatora y’Umukuru w’Igihugu muri kiriya gihugu akomeje...
Hafi ibigo 80 by’amashuri abanza byafunze imiryango mu mezi ane ashize kubera umutekano muke wakomeje kurangwa mu gace aka Beni muri Repuburika ya Demokarasi ya Congo...