Ikibatsi cy’urukundo cyadutse hagati y’abahanzi @yvanmuziki ukorera umuziki we mu mahanga na @marinadeborah_official ubarizwa muri The Mane Music gikomeje kuvugisha...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 23 Kanama 2022 habaye umuhango wo kwibuka ibigwi no gusezera mu cyubahiro umuhanzi Yvan Buravan witabye Imana kuwa 17 Kanama 2022 azize kanseri aho yari arwariye mu...
Umuhanzikazi Zuchu uri mubahagaze neza muri Afurika y’iburasirazuba by’umwihariko muri Tanzania aho akorera umuziki ari mu bibazo bikomeye nyuma yo gukora impanuka ari kwitegura kujya gutaramira...
Kuri uyu wa gatanu taliki 8Mata 2022 Junior ukorera umuziki mu itsinda rya Juda Mizik ari mu gahinda gakomeye kubw’o kubura mama we mu gihe yari akiri mu kiriyo cy’uwari umukunzi we Umulinga...
Umuhanzikazi Noti Flow ukorera umuziki we mugihugu cya Kenya yahaye impano y’imodoka umukunzi we bahuje imiterere, ahamya ko yaciye ukubiri no gukundana n’abagabo cyangwa...
Teta Diana, umuhanzi nyarwanda wamamaye mu njyana gakondo akaba asanzwe anakorera umuziki we ku mugabane w’u Burayi, yatangarije abantu bose bibaza ku buzima bwe bw’urukundo, ko ari umukobwa ukuze...
Aba bakobwa bamaze igihe gito bagarutse mumuziki bavuga ko bari barihaye ikiruhuko bageze i Kampala muri Uganda aho bafite igitaramo kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Werurwe 2022 cya mbere...
Umuhanzi The Ben wamamaye cyane mumuziki Nyarwanda agiye guhurira na Masamba Intore mu gitaramo mpuzamahanga cyo kwizihiza umunsi w’abagore kizabera muri Leta zunze ubumwe za...
Umuhanzikazi Aline Gahongayire uzwi cyane mu ndirimbo zaririmbiwe Imana yahishuye ko ari munzira y’urukundo rushya n’umugabo ushobora kuba ari umunyamabanga.
Nkiko Turatsinze Prosper benshi bazi nka Mico The Best,uri mu bahanzi batangiye umuziki mu mwaduko wawo akora injyana by’umwihariko ya Afrobeat n’umugore we Ngwinondebe Clarisse bari mu byishimo...
Raporo nshya ibabaje yerekanye ko Koreya ya ruguru yishe ku mugaragaro abantu 7 bazira kureba amashusho y’umuziki wa Koreya y’Epfo [K-pop] mu gihe kurwanya imyidagaduro y’ahandi bigenda byiyongera....
Umuhoza Joyce witegura kurushinga n’umuhanzi Emmy ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi mu buryo...
Mike Karangwa na Nzizera Aimable, batangaje ko batigeze bagambanira na rimwe Murindahabi Irene [M. Irene] kugira ngo atandukane n’itsinda ry’abahanzikazi Vestine na Dorcas, ahubwo ari ibintu...
Rutahizamu w’ikipe ya FC Barcelona,Lionel Messi,yakoze agashya muri pisine yo kuri hoteli ye iri ahitwa Ibiza muri Espagne aho yayishyizemo umuziki ku buryo n’uri kogera munsi y’amazi akomeza...