Kitoko Bibarwa usanzwe ukorera muzika mu Bwongereza yageze mu Rwanda mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Nyakanga 2017, yageze ku kibuga cy’indege i Kanombe ku saa yine n’igice.
Mu...
Kitoko uri mu ndege agaruka mu Rwanda nyuma y’imyaka igera kuri ine, yatangaje ko amasaha atinze ngo agera mu gihugu cy’amavuko yari akumbuye, ngo akumbuye kongera guhoberana n’abafana be...
Biravugwa ko Anita Pendo asigaye abana na Ndanda mu nzu imwe nk’umugabo n’umugore, ngo aba bombi baranitegura gukora ubukwe bagahuza imiryango yabo.
Anita asanzwe ari umunyamakuru, Dj ndetse...
Umunyarwenya Ramjaane Niyoyita yarushinganye n’umukunzi we Gentille Umuhoza bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo. Ubukwe bwabo bwabereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Leta ya Texas kuri...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 8 Nyakanga nibwo umubyeyi wa Diamond Platnumz yizihizaga isabukuru y’amavuko y’imyaka 50 amaze abonye izuba.
Kuri ibi birori umuhanzi Diamond abinyujije kuri...
Umunyarwenya Ramjaane Niyoyita yarushinganye n’umukunzi we Gentille Umuhoza bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo. Ubukwe bwabo bwabereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Leta ya Texas kuri...
Rutahizamu w’ikipe ya FC Barcelone; Lionel Messi yongereye amasezerano azageza mu 2021 ari muri iyi kipe yo muri Espagne. Uyu munya-Algentine amasezerano ye mashya azarangira kuwa 30 Kamena 2021...
Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru taliki ya 2 Nyakanga 2017 i Nyamata mu busitani bwa Golden Tulip bahereye igitaramo cyiswe “Rwanda Fiesta” . Cyahurije hamwe abahanga mu gukoresha no kuyobora amajwi...
Ku itariki 15 na 16 Ukuboza 2016, ku nshuro ya 14 hazaba Inama y’Igihugu y’Umushyikirano izahuza abayobozi bose kuva kuri Perezida wa Repubulika kugera ku bayobozi b’inzego z’ibanze, abikorera,...
Intumwa 10 zo mu birwa bitatu nka bimwe mu bihugu by’Afurika zavuze ko bikwiye ko ibihugu bikurikiza urugero rwiza rw’u Rwanda mu kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana;...
Umuryango wa Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame wifurije abana b’ u Rwanda gusoza neza umwaka wa 2016 unabifuriza ko utaha wa 2017 wazabababera umwaka w’ uburumbuke.
Ni mu birori bisoza umwaka...
Umuryango wa umuririmbyi Kagambage Alexandre wamenyekanye cyane mu Rwanda akaza kwitaba Imana, agashyingurwa mu buryo bworoheje urishyuza Ambasaderi Joseph Habineza imva ya Kagambage yemeye...
Nitwa Claude Umwizerwa, muri iki gitangazamakuru nabonye hari abahasaba inama, none nanjye ndatekereza ku byambayeho, nkumva ngomba gufata ingamba aliko na none ngakenera n’ibitekerezo by’abandi...
Patient Bizimana uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana hano mu Rwanda, yashimishijwe cyane no kubona ababyeyi be bujujye Yubile y’imyaka 50 babana mu mahoro no mudendezo.
Abinyujije...
Dominic Nic Ashimwe, umuririmbyi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yasobanuye impamvu nyakuri ituma akora ibitaramo by’ubuntu. Avuga ko inkoni yakubitiwe kuri Petit Stade zabaye imbarutso...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagaragaje uko u Rwanda ruhagaze ugereranyije no mu myaka 22 ishize avuga ko habayeho ibikorwa bibiri by’ ingenzi. Yavuze ko igikorwa cya mbere cyari kigamije...
Mu mwaka wa 2016, habaye ibikorwa bitandukanye mu myidagaduro ya hano mu Rwanda birimo:Ubukwe bw’ibyamamare, ibitaramo bitandukanye byahuje abahanzi bo mu karere k’ibirasirazuba ndetse no hanze...
Mu muryango wa Mayanja umuriro watse nyuma y’uko buri ruhande rushinjanya gucana inyuma. Umugabo witwa Jimmy yatangaje ko ariwe se wemewe n’amategeko w’abahanzi Chameleone ndetse na Pallaso bakorera...
Esther Mbabazi wakoze amateka akomeye atwara indege ari uwa mbere mu Banyarwandakazi, agiye kwambikana iy’urudashira n’umusore witwa Olivier Habiyaremye ubarizwa mu itsinda Beauty For Ashes....
The Ben yashimiye igihugu cyamubabariye nyuma yo gukora amakosa akomeye we na mugenzi we Meddy ubwo batorokeraga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bifashishije impapuzo z’inzira bari bahawe...