Luis Manuel Rubiales Béjar,Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Espagne yeguye kuri uyu mwanya nyuma yo gusoma ku itama umukinnyi w’ikipe ya Espagne Espagne wari umaze kwegukana igikombe...
Umukuru wa polisi yo mu mujyi wa Atlanta muri leta ya Georgia muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yeguye ku mirimo ye nyuma yaho Umunyamerika ukomoka muri Afurika w’umugabo arasiwe bikamuviramo...
Sewase Jean Claude wari uherutse kugirwa Umuyobozi w’ akarere ka Gicumbi w’ agateganyo biravugwa ko yeguye gusa we aya makuru ntabwo yayahakanye ahubwo yavuze ko aragira icyo atangaza avuye mu nama...
Depite Kamanzi Ernest wari mu Nteko Ishinga Amategeko nk’uhagarariye Urubyiruko nawe yeguye ku mwanya we,aba Umudepite wa Gatatu weguye ku nshingano ze mu gihe kitageze ku mezi abiri.
Visi...
Umutoza wa Etincelles FC yamaze kwandika ibaruwa yo kwegura muri iyi kipe yagezemo kuwa 10 Kamena, 2019 kubera impamvu zitandukanye zirimo kuba abayobozi bayo batarubahirije ibikubiye mu...
Minisiteri y’ ubutegetsi bw’ igihugu kuri uyu wa 11 Ukwakira 2017 yatangaje ko amakuru avuga ko umuyobozi w’ akarere ka Nyatagare yeguye agafunga ari ibihuha.
Iyi Minisiteri ibinyujije ku rubuga...
Karangwa Johnston wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’ Umurenge wa Gitega mu karere ka Nyarugenge mu mugi wa Kigali yeguye kuri uyu mwanya.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 11 Nzeri 2017...
Maj Gen Jeff Nyagah wayoboraga Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EACRF) zoherejwe kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa RDC yeguye kuri izo nshingano.
Gen Nyagah yavuze ko yabitewe...
Dr Iyamuremye Augustin wari Perezida wa Sena yeguye kuri uyu mwanya no ku busenateri nkuko yabyanditse mu ibaruwa y’ubwegure bwe.
Mu ibaruwa yanditse yavuze ko yeguye ku mwanya w’ubusenateri...
Mvukiyehe Juvenal wari umuyobozi w’ikipe ya Kiyovu Sports kuva muri 2020, yeguye kuri uyu mwanya ku mpamvu ze bwite no kuba abona atazabasha kugera ku ntego yemereye umuryango w’urucaca.
Yavuze...
Ikinyamakuru Reuters cyatangaje ko Kembo Mohadi w’imyaka 71 wari visi perezida mu gihugu cya Zimbabwe yeguye kuri iyi mirimo ye kugira ngo arengere izina rye rikomeje kwangirika kubera ibyaha...
Uwahoze ari umusifuzi mpuzamahanga w’Umunyarwanda,Gasingwa Michel, wari umaze iminsi ari umuyobozi wa komisiyo y’abasifuzi muri FERWAFA,yamaze kwegura ku nshingano...
Kuri uyu wa 14 Gashyantare, 2018 Ministiri w’Ububanyi n’amahanga w’Ubuholandi Halbe Zijlstra yeguye ku mirimo ye nyuma yo kwemera ko yabeshye ko yigeze kugirana ibiganiro/inama na Perezida Vladimir...
Ahagana saa tanu z’ijoro ryo kuri uyu wa 14 Gashyantare, 2018 Perezida Jacob Zuma atangaje ko yeguye ku buyobozi bw’igihugu cya Afurika y’Epfo yari amazeho imyaka 9, ntiyari agikenewe na Sisoyite...
Prof Silas Lwakabamba wari umaze imyaka ibiri ari umuyobozi mukuru wa Kaminuza ya Kibungo, INATEK yeguye kuri uyu mwanya.
Kuri uyu wa 21 Nzeli, nibwo Lwakabamba yagejeje muri iyi kaminuza...
Amakuru atugezeho none aravuga ko umuyobozi w’akarere ka Kamonyi, bwana Udahemuka Aimable yeguye kuri uyu wa 20 Kamena 2017.
Uyu muyobozi weguye ku mpamvu ze bwite nk’uko ayo makuru abivuga,...
Mayor w’umujyi wa Toronto muri Canada yeguye mu buryo butunguranye nyuma yo kwemera ko yagize umubano w’ibanga n’umwe mu bahoze ari abakozi mu biro by’umujyi.
John Tory yatangaje ubwegure bwe nyuma...
Umutoza Otto Addo yeguye ku gutoza ikipe y’igihugu ya Ghana nyuma y’uko isezerewe mu matsinda y’igikombe cy’isi.
Addo, w’imyaka 47, wahoze ari umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Ghana, mu kwezi kwa...