Munyantwali Alphonse wamenyekanye muri politiki arahabwa amahirwe mensho yo kuba umuyobozi mushya wa FERWAFA,nyuma y’iminsi Nizeyimana Olivier wayiyoboraga yeguye.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya...
Guverinoma ya Kenya yagize Major General Alphaxard Kiugu umuyobozi mushya w’ingabo z’akarere ka Afurika y’Uburasirazuba zoherejwe mu burasirazuba bwa Congo...
Umugaba mushya w’ingabo z’umuryango w’ibihugu bya Africa y’iburasirazuba (EAC) zoherejwe muri DR Congo yatangiye imirimo ye kuwa kane i Goma ku cyicaro cy’izo...
Umunyamakuru wa Radio/Tv1 Kakoza Nkuriza Charles (KNC) yahishuye ko ari munzira isezera ubuyobozi bw’ikipe Gasogi United , anavuga ku ibisabwa ku muntu uzamusimbura kuri uyu mwanya w’ubuyobozi....
Mu ijoro ryo ku cyumweru habaye impanuka ikomeye hafi y’umujyi wa Greta, mu bilometero 180 mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Sydney, nk’uko Polisi yaho yabitangaje, aho abantu 10 bahise bahasiga...
Ikigo gifite inzu zikomeye mu mideli, Kering Group cyatangaje ko Marco Bizzarri, wari umaze imyaka umunani ayobora inzu y’imideli ya Gucci yeguye.
Marco Bizzarri wayoboye Gucci kuva mu 2015...
Perezida Paul Kagame ku wa Gatanu ubwo yahuraga n’abavuga rikumvikana bo mu ntara y’amajyaruguru, yasobanuye uko yamenye ko habaye umuhango wo kwimika umutware w’Abakono wabereye muri iriya...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yafashe mu mugongo umuryango wa Senateri William Ntidendereza,mu muhango wo kumusezeraho bwa nyuma wabaye kuri uyu wa Mbere ku ya 11 Nzeri...
Umudage Wabaye Umuyobozi wa Tekinike muri Mozambique na Sierra Leonne,wakoze muri Bayern Munich witwa Torsten Frank Spittler, niwe wemejwe na FERWAFA nk’umutoza mushya w’ikipe y’igihugu...
Uwahoze ari Perezida wa Sena y’u Rwanda,Dr Iyamuremye Augustin, yavuze ko n’ubwo atemeranyaga na Twagiramungu Faustin muri politiki,ariko yababajwe n’urupfu...
Mu minsi ishize nibwo byatangiye kuvugwa ko Dr. Munyakazi Isaac yaba yarakoresheje Impamyabumenyi mpimbano cyangwa kwiha impamyabumenyi yo ku rwego rwa Dogiteri nyamara atarayigiye ngo ayibone...
Vital Kamerhe Lwa Kanyiginyi ni we waraye atsinze amatora yo guhagararira ihuriro ry’amashyaka ari ku butegetsi muri DR Congo ku mwanya w’umukuru w’Inteko Ishingamategeko umutwe...